<<@chef-sule
says :
Muzadukorere ubuvugizi kubijyanye nizamuka ry'ibiciro kumasoko aho usanga ibintu byose bihenze ugereranyije nuko bisanzwe ark wagera kubakozi ntacyiyongeyeho kd natwe abakozi tujya guhaha kimwe nizo company.
>>
<<@omolomaxfitnessbodylifetim8252
says :
Kuki UG TZ na Kenya iki kibazo kidahari??? Ikibazo nyamukuru ni monopolies kuki bitabaye muri 2008 -2010 Kandi nabwo hari economic recession yanatumye essance izamuka??? Ariko kuko transport businesses yari liberalized with full of freedoms to buses and minibuses with trucks owners ntabwo abagenzi bigeze babura imodoka. Tujye dushakira ikibazo aho kiri kuko economic political yacu ikeneye deeper restructuring in different areas for socioeconomy boosts
>>
<<@emiletugiriman7723
says :
Imodoka ziraparitse kuko rura nta iri updating kuri price kdi ibindi bintu byose byaruriye
>>
<<@kanyarwandaferikisi2859
says :
ingarukazoguca twegerane kandimutishoboye
>>
<<@mauriceniyibizi5763
says :
Sha cyakoze ibiba murwanda ntahandi biba mwafunguye amasoko akareka kuba ayabamwe ubuse iterambere ryavahe niba umara imisi2murigare
>>
<<@januarymutokambali9773
says :
None hari gukorwa iki Hakorwe iki
>>
<<@borainn1367
says :
Ikibazo kizahoraho igihe cyose RURA izaba ikivanga muri business yo gutwara abagenzi kugeza ubwo ikumira minubus hiace mu mihanda iharira abakire bamwe ikanagena ibiciro kdi ubundi umuguzi n'utanga service / igicuruzwa nibo bakagombye kwiyumvikanira. Kera Volcano yatangaga promotion ku ngendo icumi RURA ibivanaho. Ubwo se ni umugenzi yarengeraga?
>>
<<@borainn1367
says :
Imirongo mu gutega imodoka yaje ite izanwa na nde abivanye hehe ko bitabagaho
>>
<<@beatricemuso9052
says :
Ese ubwo mwibuka ko igihe ali amafranga kuli nyirimodoka no k’umugenzi? Nimushyire amatiket kuli murandasi, mbere yo kwiruka ujya gutega imodoka ubanze ugure tilet. Ube uzi igihe uzagendera, yewe ugure n’intebe uzicaraho. Bityo uzahagerera igihe, imodoka yuzure ihita igenda.abateganya ingendo bazabasha gushyira imodoka Aho zikenewe ku gihe, kandi bazabasha gutegura imigendere yazo biyicaliye mu biro bimwe, babashe no kubwira abagenzi isaha barahagurukira n’iyo baragerera Aho bagiye. Ni uko amajyambere aza. Abantu hafi ya bose bafite mobil. Murebere ku indege Niko zikora. Ikinaniranye se ni igihe? Mureke gukina n’igihe.
>>
<<@perpetueumubyeyi232
says :
Si Kigali gusa kuko no kuva mu ntara ujya muyindi ni ikibazo, usanga bakubwira ko nta ticket zihari,ubundi bakaguca ayo bashaka,nimuturengere pe amafaranga yadushizemo
>>
<<@costa380
says :
Kigali Musanze kuwa gatanu nishyuye 6000 nabwo ari ukwinginga
>>
<<@mwizerwaaudifax8377
says :
Ikibazo si ubuke bw'imodoka, ahubwo harebwe no ku byapa mu mihanda. Kubera speed limitation, aho imodoka yashoboraga gukora tours eshatu ubu irakora ebyiri. Mu Ntara bareke imodoka zikoreshe 80km/h byafata mu kwihutisha ingendo kuruta uko zigendera muri 60km/h aho byatumye ahubwo traffic jam yiyongera.
>>
<<@KigaliNewSchannel
says :
Nkunda uyumugabo ukora voice over cyane. Kubera iki Redblue jd itamutwara cyangwa ngo Igihe mujye mukora ibyegeranyo bye byinshi?
>>
<<@vestinemugisha7803
says :
Ariko namwe banza mwarayobewe ibyo mukora Abantu mwazanye gusesegura nibantuki bahuriyehe nikikibazo ? Naba shoramari bakora muri rura bite? Dore icyo twifuza mudushakire abashoramari bafite ayo masoko babe aribo batubwira aho ikibazo kiri naho ibyo musesegura aho nacyo bidufasha habe na gato Rura nabashoramari nibo bakwiye gutanga inzira
>>
<<@mctvshow4070
says :
Mwamfashije mugakora subscribe kwifoto yanjye Imana ibarinde
>>
<<@emmanuelnzayisenga5429
says :
Ibntu byimodoka byo birakabije sinzaho bazishyize Karongi _ Kigali ho wagirango ntanubwo hazwi unjya muri Galle ya kibuye mugitondo ukagera nimugoroba utarabona imodoka birakabije ababishinzwe nibagire icyo bakora.
>>
<<@ndagijeaaron8054
says :
Batubwire bakoresha imibare, abagenzi biyongereye ku kihe kigero, hanyuma se imibare yimodoka yagabanutse ku kihe kigero? Ubusesenguzi bwiza bukoresha statistics.
>>
<<@ndagijeaaron8054
says :
Aba basesenguzi nibantu ki ko batatubwiye abo aribo,ubumenyi bafite?
>>
<<@Evalde5089
says :
Ngiyo FPR, Dodo araje nurutwe ngo nintwari yarwaniye igihugu? Mwabujije abantu amahwemo igihugu mwakigize akarima kanyu
>>
<<@kigalivoicetv
says :
Muvane imitwe aho kuvuga ngo NTA bantu bitabira kuza muri Business yo GUTWARA ABANTU mu Mujyi wa Kigali , IMODOKA zahirukanwe harubwo mwavuze ngo bazigure noneho baranga ?
>>
<<@ZK-zo5si
says :
Mwiriwe ! Ahubwo igicyenewe nukurekura isoka abantu privé bagakora ukazi, cyera Hiace zari nyishi cyane kandi zikora igihe cyose. Monopole niyo iri kwica ibintu naho kwagura imihanda kugirango imodoka zikorwa priorité nabwo bibaho
>>
<<@Girubuzimabwiza
says :
Muntara ho byarazabye nkubu ntiwabona ticket igera imuhanga uvuye muri rutsiro cyereka uguze ticket igera ikigali hanyuma woe ukisigarira imuhanga ariko wishyuye ticket yikigali
>>
NEXT VIDEO
>>