<<@kigalirwanda3159
says :
Mbega abaswa batazi guhisha hhhhhh gusaa kwiba si sawa
>>
<<@pauluwandengeye
says :
Arikorata $ yibika neza buria mo haria harimo 30m zox
>>
<<@ignatianakagi9052
says :
Ariko kubika mu rugo amafaranga angana atya, niba ari ubujiji niba ari ukumva ko Rib izajya yirirwa ibiruka inyuma. Icya 2, abo bakozi bo mu ngo babakorera iki mutakwikorera. Ntaba ari uwo mu muryango nibura agakora ibyo akora agataha akazi karara kagaharirwa abasecurite. Naho guteka, umuntu wumva azarya ari uko bamutekeye ni ubunebwe,
>>
<<@kamutvshow
says :
Imana ishimwe cyane ko bigenze neza
>>
NEXT VIDEO
>>