<<@Mupendwa
says :
Ukuri ni kumwe nta mafaranga ari mu Rwanda ahubwo biracyaza mube mwitonze kuko ntakizagabanuka!!
>>
<<@niyomugabojohn8329
says :
Nimuntumeho nze mbabere umukiriye wakadasohoka
>>
<<@fredericnzeyimana1873
says :
Si gisimeti yo nyine ,Amafaranga yarabuze peeee, Business zarahombwe ,Ariko Muzehe wacu yarabimenye Azaturengera RRA and EBM , psfintumwa za rubanda mubyigeho, mumenye Rubanda rugufi, abafite igishoro gito,ikiringaniye,ikisumbuye mubatandukanye
>>
<<@hassantvofficial41
says :
Gisimenti yararangiye ryose ahubwo ntibazongere kuhafunga tuge twiciramo nimodoka
>>
<<@tsindaalpha7583
says :
Icyo nemeranye nuyu mu papa ni infrastructure kandi iroroshye cyane umujyi wa Kigali nushyireho PAVERS zigezweho bazagaruka
>>
<<@eatdrinkshow8115
says :
Ikibazo cyabiteye ni ubujura gusa no kubura amaterephone
>>
<<@umurerwateddy7364
says :
Uwiteka we urashoboye
>>
<<@KigaliNewSchannel
says :
This guy✌️
>>
<<@dynapharmRwanda.69
says :
🇧🇮🇨🇩🇬🇦🇱🇷Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano. Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *dynapharm Rwanda* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikirey
>>
NEXT VIDEO
>>