<<@JamesRutayisire-u8p says : Nonese muramutse Ari ntacyo mwungutse ahubwo nibyo yagusanganye byarahobye mwagabana naduke twasigaye???>> <<@fideletwiringirimana2510 says : Murakoze cyane. Ese iyo batasezeranye mu mategeko Kandi bafite abana bari munsi y'imyaka 7, bigenda bite?>> <<@HodariNsabimana says : Uzaduhe number yawe>> <<@HodariNsabimana says : Murakoze kubusobanuro mutanga .nonese iyo mutanshingiranwe mwemerewe kwibaruza kucyangombwamwese>> <<@MfitumukizaBennett-su6kq says : abana bo bigenda bite>> <<@NtirenganyaEminem says : Abana bagenerwa iki>> <<@untegeyurugoriroseline says : Murakoze cyane pe>> <<@modestendindiriyimana7176 says : Murakoze cyane. Nonese ni iki cyemeza ko babanaga mu gihe batasezeranye?>> <<@misagojeandamour197 says : Maitre waduhaye number zawe tukazagira icyotukubaza ukadusobanirira>> <<@niyitegekaazaria5996 says : Murakoze cyane kudusobanurira mwatubwira kumugabo wacyuye umugore webamuhiki? Murakoze>> <<@mukaseprudencienne6583 says : Mpa nimero yawe tuzavugane.>> <<@bizimungu_jdc says : Maitre, murakoze cyn kukiganiro cyiza mutugejejeho👏🏽👏🏽👏🏽👏🏽>> <<@sarambuyejean5876 says : none urumva bitisobanuye se niba batarashyingiranywe urumva bari kumwe bose ko arabagenzi😂>> <<@zenouwizera8669 says : Icyifuzo cyange ni uko iki kiganiro Ari cyiza ariko kugikora wenyine nti bihagije ahubwo wajya untumira kaza tukajya Impala kuri subject runaka kuko amategeko asobanuka neza iyo hari cas pratique. Izo nazitegura nkazizana tukaziganira . Me Uwizera Zeno>> <<@nkusiemmanuel9860 says : MM Ndagukunda ❤>> <<@christianMizero says : Ndagukunda Courage>> <<@MPORWIKIEMMANUEL-lx7gf says : Nibyiza inamazawe turazikunda courage kbs>> <<@angebagacigaca7958 says : Usige numéro yawe tuzakuvugishe>> <<@angebagacigaca7958 says : Urasobanutse>> <<@alexistunezerwe3537 says : Metre MM wacu! Courage kdi izi nama z'awe turazikunda.>> <<@Ishimweeric-bo2kj says : Urumuhanga kbs courage>> <<@niyochrispe930 says : Ubwose iyo mwabyaranye abana bajyahehe?>> <<@twizeyimanamamerithe7563 says : Ukuli,>>
VideoPro
>>