<<@BatamurizaEsther-wt5ko
says :
Ibintu biba muri system yimikorere yinzego bimaze kuyoberana,,,kuko ibi bituma duhora mubukene abandi bapfusha umutu wabaturage ubusa....ese ko havugwa ibihombo ariko ntihagire ibirego bigezwa mubutabera ndetse nutarakoze neza impamywabumpenyiye yateshya agaciro!!
>>
<<@E135ghhh
says :
Biragaragara ko abantu badakora ibyo bashinzwe.Byaba byiza kubikurikirana.
>>
<<@E135ghhh
says :
Ariko ni byiza ikiganiro turagikunze.Ariko c Intumwa za rubanda zirimo birababaza ziti:"Ni iyihe Muhanda mwasuye.?"
>>
<<@AllinoneTV-f5d
says :
Uziko nibazaga impamvu imisoro yiyongera buri munsi, hakaba hari ahantu hataragera amazi umuriro ndetse nibindi bikorwa remezo ,nukubera abo bayobozi badashoboye nukubabona gusa naho nabo guhombya abaturage ndetse na leta muri rusange😢
>>
<<@franciskarangwa6554
says :
CAN you Imagine >> ngo ntwabuze umukozi ujyayo??? Umukozi ???? Umukozi ntawuhari???Yagiye he ???numwe mugihugu??? Ntagira Assistant/deputy?? Billions being paid on assumptions??? If i were in this meeting >> some of these fellows wouldn't go home!!
>>
<<@sumutunge
says :
😮😮😮😮😮😮 ni gute service yishyurwa ikigo kitarebye niba ibikorwa koko byakozwe!? Ko numva hari danger!
>>
<<@theogenetugengwanayo2617
says :
Butumye tumenya ko ibigo bimwe na bimwe biri aho nyine ariko......
>>
<<@dieudonnenkundimana9615
says :
Abantu babura umwanya wo gusura imihanda Kandi biri mu nshingano zabo? Mbega urugero turimo gutangwa ku bana!
>>
<<@djidosididos3447
says :
Murwanda se burya naho haba abadepite 😅😅😅 jyuvuguti kadahumeka zumiwe cyangwa se wenda baringa.
>>
NEXT VIDEO
>>