<<@jado806
says :
Bible yuzuyemo amafuti, letter J ntiyabagaho yaje muri 1500 ubwo izina Jesus ntiryabagaho mbere ya 1500 ikindi kndi birabujijwe gu translating izina nitego ryambere ryimyandikire, ikindi Kandi ntitwerekwa aho yarari mubugimbi bwe, ahandi bavuga ko Dawudi cg x David yari Inzobe, umuzungu aba Inzobe? imkuru nyinshi zo muri Bible zishingiye kuba nya Misiri ba kera, ikindi kndi Egypt ntago yigeze igira aba Israel abacakara, ikindi nuko Bible yemera ubucakara, kandi Imana ikavuga k yaremye ikiza nikibi? Gute Imana yaremye ikiza nikiba kndi Imana ihora Ari Nziza ibihe byose?
>>
<<@niyonizeyemarietherese5045
says :
Ibi ndumva ntacyo byahindira ku kwemera cg ku cyizere dufitiye Umucunguzi wacu
>>
<<@nicrossofficiel2384
says :
Ibyo bivugwa muri Yesaya, ni ubuhanuzi bw'uko yari kuba asa igihe yakubitwaga, agacibwa mu maso, anabambye ku musaraba. Ntabwo bivuze ko Yezu atari ashamaje mu miterere ye
>>
<<@nicrossofficiel2384
says :
Na none kuba Yuda yarasomye Yezu ngo afatwe, si ukuvuga ko atari umuntu udashamaje. Kuko yari yihariye afite indoro idasanzwe. Ahubwo kuriya kumusoma kwari ukugira ngo abasirikare bamumenye badahusha kuko ntibari bamuzi neza
>>
<<@nicrossofficiel2384
says :
Ni ukumenya ko abo bavandimwe ba Yezu atari abo bavukana mu nda. Ahubwo ni abo kwa nyina wabo na se wabo, nk'uko natwe bimeze iwacu. Kuko Bikira Mariya yakomeje kuba isugi kuko nta mugabo bigeze babonana.
>>
<<@umushyitsinumwimukira9809
says :
ndabashimiye kuko ibyo muvuze mwifashishije Bibiliya.
>>
<<@umushyitsinumwimukira9809
says :
Uwiteka Aguhire kuko wakoresheje Bibiliya aho gukoresha ibyo abantu bibwira.
>>
<<@umushyitsinumwimukira9809
says :
ukomereze aho mubushakashatsi kuri Bibiliya
>>
NEXT VIDEO
>>