<<@byusambarushimanagilles says : Ntago Congo yohereje Bahara Bosco kuganira na M23 nkuko mubeshya audience y' abanyarwanda, kuri ordre de mission yahawe hariho kwiga kugucyura abari abarwanyi ba LRA . Kuba Uganda yari iteze umutego Congo ku meza y' ibiganiro bakazana mo M23 , Prof Bahara akenera kwinjira muri ibyo biganiro kandi bitari muri gahunda ya Leta ye yamutumye , niba Bahara atarashukishijwe amafaranga, ashobora kuba nawe ashyigikiye AFC/M23. Rero nta makosa Leta ya Congo ifite kuko ntagihugu na kimwe cyakwihanganira umuntu nkuwo ahubwo ari mu Rwanda ho yaza ahitira muri gereza aramutse ahawe ayo mahirwe yo kuhagera>>
VideoPro
>>