<<@NtirampebaJeandelapaix
says :
Iyo uzifunga zose
>>
<<@UWANYIRIGIRAJeanCaude
says :
Ntabwo murwanda tureshya kuko mubyukuri abanyarwanda bakunda gusenga ahubwo muduhe amahirwe nkababyeyi abenshi tuzikosora nyamara Imana irahari .
>>
<<@UWANYIRIGIRAJeanCaude
says :
Kwiga sikibazo uyumunsi nurikuvuka aziga kuko itegeko nitegeko ahubwo mutworohereze ,ubumenyibwo igihecyose burakenerwa.
>>
<<@UWANYIRIGIRAJeanCaude
says :
Wamubyeyiwe mubyukuri imyerere yabo itandukanye niyabandi ahubwo nihabeho kugabanya amajwi ariko mutworohereze dusenge cyanga ahobishoboka bafite izondangurura majywi babigabanye .
>>
<<@EricDushimirimana-z5j
says :
mwavuga ngukix nyine
>>
<<@ruganzutiger115
says :
Mwakoze cyyaneeee
>>
<<@yisabriel
says :
Mukubite ibisambo mutababarira
>>
<<@ubx500
says :
Urusaku baruteza babishaka. Barasakuza cyane iyo babwiriza bagacuranga cyane, ninko kubwira abantu ngo dore dusengera hano nimuze musengere iwacu. So, ni ugushaka gukurura abantu ngo babakuremo amafaranga. Ibi bintu byo guhagarika akajagari k'amadini byaranshimishije cyane. Mukomereze Aho bayobozi bacu muzigabanye rwose
>>
<<@peacerecordstudio1207
says :
Uyu mudamu arabivuga neza pe! Gusa ba gitif na mudugudu nta miyaga bashiramo. No mu cyaro barashaka parking ahataba umuhanda
>>
<<@Umuhungu_wa_Nyagasani
says :
❤
>>
<<@annynyagatare6813
says :
Ikiganiro cyanyu ni kiza birasobanutse ariko pasteur ubeshya ukwiye gushaka undi mwuga utubwiye amanyanga akorwa nabiyita abashumba ariko mujye mubahana n’abandi bibare isomo
>>
<<@UWAJENEZAGILBERTINE
says :
Ubuyobozi bwacu bw'igihugu turabemera Imana ibashyigikire❤
>>
<<@HategekimanaClaude-z7i
says :
Nsubiza madame we Ninde Ugenera Imana aho igomba gusengerwa ??Niwowe ugena gusengwa kwImana murwanda?
>>
<<@chantalumurungi7834
says :
Madame Muyobozi Ubu uRwanda rukeneye insengero ibihumbi bingana kuriya kweri?
>>
<<@FaustinNYABYENDA
says :
Mugenzure na nyobozi zabagize ayomatorero kuko impamvu batagaragaza abagomba kuyobora suko badahari ahubwo nuko hakora cyenewabo usanga mu itorero mpuzabikorwa igizwe n'umuryango umwe nimubishaka hari ingero zifatika cyane muri ADEPR
>>
<<@NKURUNZIZAJEAN-dx2qc
says :
Ibyo avuze ni ukuri pe
>>
<<@neric37
says :
Insengero nyinshi ntaho zatugeza, iyo myumvire tuyirenge twubake ubukungu bwacu.
>>
<<@habyarimanadeo3450
says :
Nukuri ibyo muri kuvuga niba bikore nkuko ba byemeye maze izo nsengero zikingurwe kd bajye bu baha amategeko y ashyizweho
>>
<<@NsabimanaClaver-c7z
says :
Kayitesi We ibyo uvuga Nukuri Rwose
>>
NEXT VIDEO
>>