<<@FrancineUwimana-q2y
says :
Amen amen
>>
<<@rucyahanaallyjoshua109
says :
Mwiriwe, muzatubarize Bishop, ese PHD afite ni muyihe carrier ? Yayigiye hehe?
>>
<<@amabanotv6867
says :
Man of God that's the act prophetic.
>>
<<@kamugishafrank-d6u
says :
Noe xe koyavuze ngo bayimoheyemo ga gift hhhhh imodoka yarugagi ubaza ari voka pe Rugagi bamocyugire hafi pe koko ibisubizo bye birimo uburiganya nukuri RIB izamwitehoo for sure
>>
<<@Richmindinspireme
says :
Uyu munyamakuru Abaza Neza cyane akakwemeza ibyo Utatekerezaga!!! ๐ ๐ ๐ ๐
>>
<<@DukuzumuremyiJeandamascene-c3e
says :
Ukuri nyako kuri hagati yawe n'Imana naho ibindi ntawe uneza rubanda
>>
<<@TuyiringireDavid-nm8yk
says :
Ibya Scovia muraje mubibone ! Imana izamukubitira ku karubanda si n'ubugingo gusa . Kuko arimo gusenya umurimo w'Imana muri rusange si Redeemed gusa
>>
<<@titohabimana1834
says :
Hhhhhh mbega amabandi๐๐๐
>>
<<@mugabokamiri9834
says :
Wowe wibaga abantu gusa ,ubatera ubwoba ngo ibitangaza ,hoshi muri abatekamutwe gusa ,gukiza abantu kuri kamera knd arimwe mwabazanye mushaka gukora publicite yibinyoma .Imana idutsindire abantu nkaba baza guteza ubukene mubanyarwanda knd baharanira inyungu zabo
>>
<<@samsungmobile589
says :
Rugagi nta ntego yo gitanga ubitumwa bwiza afite intego yo gukura imitungo muri rubanda. Nibamwemerera gake gusa arabakuramo ayo kugura yandege yarambagije hanyuma yigendere sha.Komeza wirire injiji Rugagi dore uzamukiye kwizina rya Scovia twari twarakwibagiwe pe! Cyakora wivugira neza rwose nkaba Escro gentil .
>>
<<@samsungmobile589
says :
Bishope Rugagi Scovia yaramubajije arya indimi weee๐๐๐ ati itorero ryawe rimaze imyaka ingahe mu Rwanda ati 14 kandi kugihe yavuze ko ryaje mu Rwanda 1992. Scovia ati ese ugira urusengero ati urwa twubatse ntirwari rwujuje ibisabwa twararushenye. Ati nari nkubajije ko ugira urasengero uyoboye ati i Rwamagana rurahari, Scovia ati Ndabaza urwo iyoboye ati ntarwo. Ati ese urwimuhanga wemerako rukorera hagati ya Lodge na kabari? Ati simbizi, Scovia niko bimeze rero reka nkwereke ifoto jyewe navuze ibyo nzi narahageze. Ati imyaka mumaze mu Rwanda mugira insengero zingahe? Ati dufite ibibanza, ati dufite ibyangombwa. None hano baramubajije bati ubu insengero zanyu ziri gukora mu Rwanda ni zingahe ati ntanarumwe, ati dufite ibibanza.
>>
<<@RwandayacuTv250
says :
Hhhhh ese nanjye mbibarize insengero turwanya ngo ziduteza ubucyene mwizeye mute ko ayomadini navaho cg nagabanyuka abanyarwanda bazakira hhhhh bakava mubucyene nibyo ko amadini na matorero bagomba kugira uruhare mumibereho myiza yaba christ ark ntibakwiriye kwikorezwa umuzigo wubuzima bwabantu bose kuko na leta ifite abacyene knd ibashinzwe knd ntibarakuraho ubwobucyene muba turage bayo
>>
<<@BonaventureTuyisenge-y9v
says :
M
>>
<<@usprimetime
says :
Wisobanura ubusa ngo kwirirwa munsengero bituma uba umukire mwana๐. Oshiii urimo kwitiranya insengero zโabanyaMerika na Europe nโizo muri Africa nkaho utaziko ahandi habamo politike ihabanye nโiyo mufite muri Africa ๐ฎ๐ฎ Shame on you, gufata umuturage ukamuha mutuelle ya 3,000 RWF azatura 50,000 RWF ukabika 47,000 RWF atagira umusoro urumva ubucuruzi bucurika abantu buruta ubwo ari ubuhe?
>>
<<@IngabireOliva-n7g
says :
Rugagi arabeshye batangiriye kimisaga yitwaga holebu yimukira ruhango
>>
<<@Eric-ix3rx
says :
Kuva 1994 kugeza ubu ntarusengero rurubakwa? Umuyobizi yaguze Range rover muri canada ya 280M kwideni. Ufashe inguzanyo yo kubaka muri bank ya 280M havano urusengero rwiza cyane.
>>
<<@uwarusabahiziazarias9874
says :
Nonese se Camera nicyo gikoresho cy'ibanze mu Itorero ? Aho kubanza kubaka Urusengero ngo abantu babone aho basengera ngo mwabanje gushaka camera ngo kugirango Itorero rimenyekane !
>>
<<@mazimpakaidrissa
says :
Ko Bishop atagiye gukiza abarwayi mu Bitaro
>>
<<@PHILOHOPE
says :
Nge nabonye imibarize y'umunyamakuru itarimo ikinyabupfura gikwiriye Bishop Rugagi, ari kumubaza nk'ubaza mugenzi we basanganywe.
>>
<<@rwibutsoFelix
says :
Mushumba wacu turagukunda
>>
<<@clarisseuwase6953
says :
Utaramenya ubwescroc bw aba bajura batanatinya gukoresha izina ry' Imana arababaje gusa! Muzumirwa!
>>
<<@innocentbyiringiro5486
says :
Ntimukisobanure mu bapagani Rugagi, ntimukimene inda mubanzi b'umusaraba kd namwe ntimukagene abahabwa Ubugingo simwe nzira
>>
<<@isabellekarangwa
says :
Iyo ufashije umukene Imana iguha umugisha niyompamvu Bishop yavuze ngo jugunya ubukene kuko yahawe uwo mukene.
>>
<<@somebody12-
says :
Bishop we uri impumyi irandata izindi mpumyi kbs.... Wowe n'uwakubazaga muri abaswa mu kumenya Imana n'Ijambo ryayo pe. Hababaje abagukurikira baziko bakurikira Imana. Kugira Doctorat ntaho bihuriye n'ubwenge ๐ข no kumenya Imana pe. No kukwita Bishop ndumva bidakwiriye! Icyampa Imana ikaguhumura. Gal 1:6-9. Sinzi ahantu umuntu yahera avuga kuri buri bwengebuke buri muri ino interview
>>
<<@bj2907
says :
Ariko umuntu winyama namaraso yigereranya nutanga ubugingo , ubwibone buragwira ๐๐ข
>>
<<@Rubuka264
says :
Kwitwa Doctor n'ubwenge birahabanye pe. Gute ugira ubutaka ahantu 3 ukabura na hamwe hari inyubako? Wagurishije hamwe ukubaka, ukazosubira kugura nyuma ufite aho ukorera? Niyo mpamvu uvuga ngo utanga ubugingo. Nawe ubwawe ntuzi iyo buzajya.
>>
<<@JeandedieuHabineza-n5o
says :
Komerezaho
>>
<<@JeandedieuHabineza-n5o
says :
Urumunyamakuru mwiza pe
>>
<<@Rubuka264
says :
Nyakubahwa Bishop, iby'imodoka warayiguze utayiguze, wayironse nk'impano, wari ukwiye kwitaho itorero imbere. Kuko Bible itubwira ko intumwa zasangira byose. Ntugira aho abayoboke bateranira, ariko ukagira imodoka ihenze. Birumvikana? Kuki abaguhaye impano batagufasha kubaka itorero mbere yo kuguha imodoka ihenze? Icyo kuvuga ngo "mujugunye ubukene bwanyu hano (kandi ari amafaranga) bironkere ubutunzi". Dusigurire ukuntu ubukene buhinduka amafaranga. Utwereke n'ukuntu ubutunzi buza kubajugunye amafaranga cg abakize kubera bajugunye amafaranga.
>>
<<@NdatenyirigiraVenuste
says :
Nyamara ntawukina asenga byari bidufashije
>>
<<@Wyoedn
says :
Niba urengana wakwiturije lmana ikazakurenganura keretse niba nawe washakaga kubwira abantu ko wagarutse ngo bakuyoboke nanone mwese mbona ibyo muba murimo mubizi ahubwo mukadushyira murungabangabo ,ahubwo muba mushaka kutumarira bando ๐๐๐ abantu dikunda inkuru
>>
<<@Wyoedn
says :
Ukuri ๐๐๐๐๐
>>
<<@AyinkamiyeOdette
says :
Arikose wazazanye uwomukene uvugako mwarimugiyegufasha ukazananiyovidewoyose tukayireba. Sinabyemera ntabonyibyobyose abapasitabikigihe najyebaranyibye mubyihorere twabatereye ikizerepe..
>>
<<@JeanMarieBukuru-g5u
says :
Urahenda abajinga bo muri Africa
>>
<<@JeanMarieBukuru-g5u
says :
Ugurisha Lunette watanga umusoro ari muri Canada canke Murwanda
>>
<<@JeanMarieBukuru-g5u
says :
Atari itorero ukora iki?
>>
<<@JeanMarieBukuru-g5u
says :
Ababitsi mubagiraho igitugu
>>
<<@JeanMarieBukuru-g5u
says :
Niyaba Wayiguze kuri instollement ntiwoshobora kuyisohora Canada.Bivuze ko imodoka uyiriha burikwezi mumyaka kanaka nta cangombwa yo gusohora imodoka Canada.Urabesha rero kuko Africa yaragowe abajura bose bigira ba Pastori
>>
<<@MambaNshutinziza-rp6tv
says :
Bishop asubije politically kubijyanye n'imodoka kandi gutungwa n'amaturo si ikibazo kuko niko kazi kabo ko kuvuga ibyanditswe muri bible. Hanyuma ibijyanye n'agatabo kagura ibihumbi icumi ngo gakiza indwara? Sha rwose Rugagi arishongoye rwose nta mwana w'umuntu wabuza undi ubugingo bw'iteka batunwira . Iryo ni iterebwoba kuko kuko wumva ko azaza akagutakambira? Nta kuri mbibonamo.
>>
<<@Ernestoche691
says :
Uyu ni igisambo kibeshya bitwaje ijuru nabo batazi, we are in capitalism system! If you don't work you suffer ibindi ni ukubabeshya
>>
<<@HabyarimanaMutumwa
says :
Mbona abantu bamaze kuregwa cyane bakinira kubahamagawe Nimana abantu nibatitonda ibyago bizaza kubwishyi Niyompamvu ibyorezo birimo kwiyogera ngaho Covd19 ngaho nindi yaje Nihatari
>>
<<@HabyarimanaMutumwa
says :
Ntamukene utura hatura uwimana yahaye amaronko ntamuntu ushonjye watura yabuze icyokurya
>>
<<@habaruremajeanclaude5867
says :
Umunyamakuru Uzi kubaza Kabisa Courage, Bishop Nakomere Imana Niyo Izi Ukuri,
>>
<<@irihosepeter
says :
Scovia natagabanya ubushyomoke mumitsi iri imbere ashobora kugwa nkavoka ihiye twese turamukunda ni umunyamakuru mwiza arko inama anjyira abandi nawe kubera ukuntu hari imirongo asigaye arenga yicare hasi yisuzume kuko bitabaye ibyo arabeho
>>
<<@gracecyanzayire3672
says :
Bichop igituma urwanwa nuko uruwagaciro ariko humira Yesu waguhamagaye arikungoma kandi ntajya astindwa
>>
<<@gervaisntirenganya470
says :
Uyumusore ntazikubaza ibibazo rugaginaramwumvise asigura irya video yarabisiguye neza yarunukene barimwobarafasha ahubwo sicoviya afise iyindimition kandivyarimwarakora aravyenabi ntibizomugwa amahoro
>>
<<@tuyisengejeanpierre2558
says :
bishop jya CHIK ukize imbabare kuki bagusanga aho uri yesu yarabasangaga wenda ugiyeyo waba utanze umusanzu munini kuri reta benshi bakira.ariko kuko ari imitwe ntimwajyayo
>>
<<@tuyisengejeanpierre2558
says :
redeemed bishop koko urabizi icyo bivuze . bagufungire wowe wavugaga ngo bature ubukene mugiseke ahubwo ubaka naduke bari bafite nubujura bwihishe mugukoresha amarangamutima yabantu. mwihesha ibyabandi mukoresheje kubariganya
>>
<<@davidruhinda184
says :
Rata wagize neza
>>
<<@Mwalimu543
says :
Ngo nta nโigiceri cyโatanu akura mu isanduku yโitorero hanyuma akarigumamo? Ibi bisambo ubundi ni Leta yabiduteje ariko Imana igenda ibitwunamuraho.
>>
NEXT VIDEO
>>