<<@ruzimabonieck6908 says : Ese ko utabivuga neza, ni ubufaransa bwagiye bubitera, reka kubahishira, ni nde Wishe Thomas Sankara wo muri Burkina Faso washakaga kubyaza umusaruro umutungo w'igihugu ubundi hakajyaho ibiyobozi bipfuye france ishaka, nta gihombo cyiri kuri ibyo bihugu bitatu, ECOWAS ni ubukoroni bw'uburansa, ntibakorera ibihugu byabo, bakorera ubufaransa, iryo faranga rimwe uvuga bakoresha, rikorerwa muri France, Hari ubutunzi bagomba kubika muri France Kandi bawushaka bakiguriza, nibyo wavugaga uranium igacanira ubufaransa arko Niger nta muriro bagira, ubufaransa bugatwara ikiro kimwe cya Uranium ku 1$ rimwe Kandi ubufaransa bukacyigurisha ku isoko mpuzampahaga kuma 200$, igisirikare cyabo cyigatozwa na france gusa. rero, impamvu bavuyeyo, ntibashaka gukoreshwa nubufaransa mu bukoroni babatwara ibyabo, Kandi ubufaransa bukomeza bushaka ibiyobozi bayobora bitanga umutungo w'igihugu, ntibashaka ko bigera batera imbere, ntimubareke ibyo bakora barabizi.>>
VideoPro
>>