<<@januwize2897
says :
Hano uratubeshye uzanyegere ndi UMUGESERA w'imbere. Ibyo uvuga ni amateka ya sogokuruza. Hari ibiri byo hari n'ibyo tudahuje.
>>
<<@Rud636
says :
Ariko kucyi mwese mutajya muvuga Gisaka cy’igishiha? Cyaheraga I Rurenge, urenze cyinzovu itaragera Remera ya Kigarama. Hageraga mu rutagara. Ukananuka Gihuke na Bugambira, ukambuka cyinzovu, Rundu na Rubira, ugaca kw’itundo aho Sharangabo yatuye bwa mbere. Ukagarukira Kanyganyege mbere y’uko ugera I Ruramira. Ugatambika igishanga cyose ugana mu burasirazuba, ugaca mu rugarama ukagera hafi ya Kaberangwa na Gasetsa. Aho hitwaga igisaka cy’igishiha, ari naho habaye intege nke z’ubwami Bwa Kimenyi, ntabwo yari yarigeze ashyira uburinzi bukomeye aho hantu. Niho hafashije Rwogera kurundura ingoma y’Igisaka.
>>
<<@kwizerapaul3096
says :
Bro ufitumutwe kweri urinzu yibitabo Papa turakwemera
>>
<<@bdtvurumuri7712
says :
wigeze kutubeshya ko aBabanda bakomoka kubasinga kandi abandi bahanga bemezako bakomoka kuri Sabugabo mweneGihanga!!
>>
<<@rukundolukatony5064
says :
Disi uyu mu papa ni umuhanga pe,ni inzu yibitabo,tuge dushima umuntu akiriho
>>
<<@MUGENGAPRINCE
says :
Komeza uduhe amateka wa nzobere wee
>>
<<@ndayisabaphilbert3974
says :
Muraho uzareke nkusure uri igitabo cyamate 🙏
>>
NEXT VIDEO
>>