<<@januwize2897 says : Hano uratubeshye uzanyegere ndi UMUGESERA w'imbere. Ibyo uvuga ni amateka ya sogokuruza. Hari ibiri byo hari n'ibyo tudahuje.>> <<@Rud636 says : Ariko kucyi mwese mutajya muvuga Gisaka cy’igishiha? Cyaheraga I Rurenge, urenze cyinzovu itaragera Remera ya Kigarama. Hageraga mu rutagara. Ukananuka Gihuke na Bugambira, ukambuka cyinzovu, Rundu na Rubira, ugaca kw’itundo aho Sharangabo yatuye bwa mbere. Ukagarukira Kanyganyege mbere y’uko ugera I Ruramira. Ugatambika igishanga cyose ugana mu burasirazuba, ugaca mu rugarama ukagera hafi ya Kaberangwa na Gasetsa. Aho hitwaga igisaka cy’igishiha, ari naho habaye intege nke z’ubwami Bwa Kimenyi, ntabwo yari yarigeze ashyira uburinzi bukomeye aho hantu. Niho hafashije Rwogera kurundura ingoma y’Igisaka.>> <<@kwizerapaul3096 says : Bro ufitumutwe kweri urinzu yibitabo Papa turakwemera>> <<@bdtvurumuri7712 says : wigeze kutubeshya ko aBabanda bakomoka kubasinga kandi abandi bahanga bemezako bakomoka kuri Sabugabo mweneGihanga!!>> <<@rukundolukatony5064 says : Disi uyu mu papa ni umuhanga pe,ni inzu yibitabo,tuge dushima umuntu akiriho>> <<@MUGENGAPRINCE says : Komeza uduhe amateka wa nzobere wee>> <<@ndayisabaphilbert3974 says : Muraho uzareke nkusure uri igitabo cyamate 🙏>>
VideoPro
>>