<<@NiyonshutiErohe
says :
😓😓😓😓😓
>>
<<@MurindaTetaornella
says :
Grace room ibyo byose nibikangisho bya satani Kandi bizashira.
>>
<<@NuwagashaLucky
says :
God have mercy upon grace room ministries
>>
<<@mwiza20
says :
Ariko noneho ndumiwe!! Nonese piscine ishyira ubuzima bwabantu mu kaga gute? Ubuse churches zose zifite ubushobozi bwo kugira piscine zabo? na Leta iracyagira ibyo itira maze, nonese niba gukodesha inyubako byemewe ariko itorero rikaba rihakorera ryonyine. Ubwo iyo church yahubaka piscine Kandi ihakodesha? Haraho RGB irengera rwose
>>
<<@HARERIMANAEmmanuel-k5x
says :
Dusejye satani afite amacega araniyoberanya lmana yaribirambiwe kwiyoberanya lmana ibimananure ikubitehasi kuko barikuyobgabeshe
>>
<<@nizeyimanaemiel
says :
Imana ntijya itererana abayo dukomeze gusenga kuko Iguhe cyimana nicyigera Icyabantu cyizarangira
>>
<<@rosekamanzi5746
says :
Murakoze cyane mu kiganiro gifite ubwenge bwinshi n’ubusobanuro bwiza
>>
<<@sievaart1092
says :
Ku munota wa 24:23 uti "no muri bible haravuga ngo Imana ifasha uwifashije..." Iryo somo riboneka he muri bible? Murakoze.
>>
<<@simeonmucyo7494
says :
Muganiriye neza rwose, kandi birumvikana. Ndumva urujijo rwose ruvuyeho, Harimo ubuhanga. Ndabikunze
>>
<<@Dairy-s6h
says :
Nukuri iyaba nabandi basobanuraga nkamwe kuko ndinva nangye nsobanukiwe namategyeko yafashe uwomwanzuro ariko na grace room yakagomby gusobanurira abantu bayikurikiraga tugabona uko kyangwa ikyo dusengyera mugyihe tugyitegyeeeje ikizavamo
>>
<<@janviermuhire689
says :
Nababayeeee😢😢😢Imana irengere grace room bongere bakore
>>
<<@MuhozaJanet-v9u
says :
Acyambere nuko yatwegereje Imana turimo kunyura mubyo tuzi cyane
>>
<<@whistleblower94
says :
Iyi title birantangaje kuyibona ku gitangazamakuru nk'Igihe. Mu Rwanda turimo kugenda tumenyera ko buri kintu gitangajwe kiba kitameze nk'uko cyatangajwe. Icyavuzwe ko cyateye icyemezo runaka, akenshi haba hari ikindi kitavuzwe ariko cyateye icyo cyemezo. Bigatuma tuvuga ngo "IMPAMVU NYAKURI". Kuko ntekerezako Igihe kiba gifite amakuru yo munda y'ingoma, ntunguwe n'uyu mutwe w'inkuru
>>
<<@aim0177
says :
Well explained birashoboka ko nawe atari azi aho bitandukanira nkabandi benshi 😢 kuva documentation zamadini zatangira gukurikiranwa hari ibintu bitangiye gusobanuka 😊 abenshi ntibanasoma inyandiko bashyiiriza ubuyobozi kuko baba bakoze copy paste 😊
>>
<<@justinmercibirori8659
says :
Rwose hano RGB yarengeye plz reconsider your decision over this ministry, mwe kubigira ikibazo cya politic … I’m not a member of grace room neither do I live in Rwanda ariko Ibihamya nibyinshi bibonwa nabose iyi ministries yahinduye ubuzima bwabenshi .
>>
<<@Mwizaanto
says :
Na WOMEN FOUNDATION MINISTRY ndeste nizindi Ministry zikora kimwe na GRACE ROOM MINISTRY Ikigaragarako nuko Satan yafuhiye ibyo Imana irigukorera muri graceroom
>>
<<@akarizaanitha9470
says :
Bahura bavuye musengero sitadukanye
>>
<<@akarizaanitha9470
says :
Ntabwo bivuga ngo nurusengero
>>
<<@akarizaanitha9470
says :
Kuko muri bibiya haravuga ngo nuwa shaka umuntu agakizwa uza mubatize
>>
<<@akarizaanitha9470
says :
Urabesha cyane
>>
<<@kezaisimbi717
says :
Ariko ntimugashyiremo amarangamutima..... abantu biyita abakozi b Imana nibo bakagonbye kubahiriza amategeko y igihugu ariko turabizi neza ko ataribyo. Bihabera ubw escrot gukenesha abantuuu. Kubahanurira babeshya nibindi byinshi bibi bizahaje umuryango nyarwanda. Nonese murashaka ko leta irebera???? Oyaaaa peee nibanyuzemo i toroshi hose kandi bagere no kwa Mignonne kuko ntaho bataniyeeee Niba umuntu ucuruza agataro atanga imisoro ni gute abantu binjiza ama miliyari badasoreshwa kokoo??? Ese kuki bakina n amarangamutima y abantu bikabahanurira babeshya sinvuze kwa julienne gusa ahenshi ni gutyo
>>
<<@Win3418
says :
Volume yanyu iri hasi cyane!
>>
<<@umutonifrancine9268
says :
Ahubwo dusenge cyane kuko imbaraga z'umwijima ziri kugaragara noneho kumugaragaro dusome ibyahishuwe ahubwo nukuri Yesu kristo araje rwose
>>
<<@gakaraabdul
says :
Mother of Nations
>>
<<@umutonifrancine9268
says :
Mmmmhhhh implemention gute se????🤔🤔🤔🤔mureke kurwanya gusenga.........Pasteur Julienne yakoze umurimo wo gufasha abantu kwegera Imana kuruta ko baguma kuba mubyaha......then bakabohoka.....
>>
<<@burundiencei9353
says :
Ntangazwa niyugara ryamadini yabarokore mu Rwanda birarenze pe. Ariko abasenga dusenge tumenye ivyihishije inyuma yibi bintu. Iyi nintambara yo mwisi yumwuka, ntituyirabire mu mubiri.
>>
<<@lioncyamatare
says :
Pastor Julienne azi kwingisha nashake ibyagobwa,
>>
<<@Angelo-v6c
says :
Ni byiza ko bayifunge ninzindi zose ahubwo bazihindure inganda itanga akazi kurubyiruko
>>
<<@murigirwaScovia
says :
Ark mbaze andimadini arimurwanda ntamakosabagira insengero nizozifite ibibazogusa❓
>>
<<@alinemunezero2534
says :
Niba bararenze amabwiriza igihe kirekire bamwihorera ni uko RGB yakoze nabi akazi kayo. Si kuri graceroom gusa, RGB iranengwa no kuba ireberera amakosa menshi ya bantu bahagarariye amadini. Nk'urugero, abaislam baratanze ibirego byinshi muri RGB yuko aakozi ba RMC (umuryango uhagarariye abaislam mu Rwanda) bokora amakosa menshi ariko RGB ntacyo yabikizeho.
>>
<<@murigirwaScovia
says :
Birababaje biteye agahenda sha ubunubuhemu burenze
>>
<<@Gabon-v9j
says :
Ayo ma sentiment y abafana mwibagiwe ko abo biyita abakozi b Imana batubwira ko ibiba k umuntu Imana iba yarabyanditse ngo akiri urusoro mu nda ya Mama we?
>>
<<@severinngabonziza5310
says :
Grace room yakijije beshi twari turi mubapfa
>>
<<@joannaamandine4955
says :
PHD [ POUCH HIM DOWN] degree kagame atanga ntakundi Biza tubireba
>>
<<@kantengwalaetitia5176
says :
Ndashaka kwibariza umuntu uvuga ko amadini asahura abantu kuko batura: Ese eglise catholique bo ntibatura? Ikindi ese abatajya muri ayo madini badatura harya bo barakize barahagijwe baratekanye bafite byose kuko badatanga amaturo!? Uwavuze ko amadini asahura abantu nansubize!
>>
<<@NikwaKibabida
says :
Yewe mwibuke ubuhanzi bwa Solange k'umusaruzi tv. Aragira ATI hagiye gusohoka itangazo rireba igice cyiyobokamana,ect ..... Muhumure iracyari ya Mana
>>
<<@usengimanaleonard4123
says :
Byose birimo kuba kubwumugambi ukomeye cyane w’Imana, Grace room irimo kubohora cyane abantu baboshywe numwanzi imyaka myinshi ishize, ndahamya ntashidikanya ko vuba cyane Grace Room iragaruka kdi ifite imbaraga zikomeye cyane! Imana irikumwe na Grace Room kdi iri muri operation, ntimukuke umutima, ibyangombwa biraboneka vuba, God bless Grace room, God Bless Pastor Julienne🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
>>
<<@mugishadodos6713
says :
Yesu na yohana umunatiza ko Babatije harya babarizwaga murihe torero ??
>>
<<@kantengwalaetitia5176
says :
Grace Room ntibuza abantu gukora kuko inatera inkunga abavuye mu biyobyabwenge no mu buraya ngo biteze imbere ikindi kandi ntibiza abantu kujya kwivuza kwa muganga ahubwo abakirira muri Grace Room ni ababa barivuje abaganga bakananirwa bakabasezerera mbese bategereje kwipfira rero Grace Room ntirwanya abivuza!
>>
<<@NdagijimanaAlphonse-y4p
says :
Gufunga insengero bizangira ingaruka vuba bidatinze harimo guhubuka
>>
<<@safarialbert1384
says :
Amadini nimwe muntwaro ideconnecting abantu ku mana,ituma abantu badasobanukirwa isano bafitanye ni Imana. Aho niho akaga kari
>>
<<@safarialbert1384
says :
Ikibazo abanyamadini bacu bafite nubufatanyacyaha na source yaya madini batuzanira,birebaho gusa ninyungu zabo bwite bakirengagiza ko abantu bari kurohwa mumyobo harimo abavandimwe babo
>>
<<@hadassa9917
says :
Mama Julienne komera wubashye Imana, warayinejeje mur'iyi génération izakugororera. Paul yarabatije kd nta dini (itorero) kd munshingano Yesu yasize avuzeko uwizera tuzamubatiza nta dini dushinze. Piscine ko Umwuka Wera ayemera twebwe abantu twaretse kurwanya ibyo Mwuka wera ashaka.
>>
<<@marshmellon2098
says :
Dufite igihugu kitureberera twebwe abaturage niba grace room ihagaritswe nuko hari impamvu kubwi ibyo rero harakabaho igihugu cyi u Rwanda, harakabaho Ubuyobozi bwi igihugu cyi u Rwanda burangajwe imbere na perezida wacu dukunda Paul Kagame harakabaho abaturage baba nyarwanda.
>>
<<@MukandayambajeJoselyne-m2k
says :
Ese koko n'Imana mukorera niba ariyo izigaragaza!
>>
<<@KandimanKayihura
says :
Umusaza akunda URwanda na ababyarwanda kabisa biragoye KO Igihugu cyatera imbere Hari abantu basahura nutwo bakoreye ngo kubera kubizeza ibitariho bababuza kuba abenegihugu bahamye bakirirwa babizeza kizaba ngo abaturage bi ibindi bihugu za amerika nahandi ubwose Igihugu cyo kizakorerwa nande abantuse Bo bazatuza ryari bubake imiryango ihamye yumvikana Kandi ijya hamwe? Leta yacu iyobowe na abanyabwenjye Kandi bakunda Igihugu for sure! kuko badufatira ibyemezo tukabonamo inyungu nyuma KO Ari izacu nyuma
>>
<<@gajuselaphine3054
says :
Mbonye ikiganiro kibaye ntamuntu numwe gikomerekeje.
>>
<<@MUSET-c8w
says :
Mbona hatumvwa neza icyo amadini n'amatorero bimariye igihugu akaba ari imwe mu mpamvu hakoreshwa ingufu z'umurengera mu kubifatira ibyemezo hatitawe ku buremere bw'amakosa cg icyaha byaba byakozwe . 1. Amezi abaye hafi 10 tudafite aho duteranira kandi insengero zacu zarujurijwe ibisabwa, 2. ikindi Masterplan y'umujyi yagiye yirengagiza ahantu hari hasanzwe insengero kandi hafite n'ubuso buhagije ariko bahateganyiriza ibindi bikorwa. ... (Abasenga) Amadini n'amatorero byamariye icyi igihugu ? ------------------------------------------------------------------------------------------ 1. Ubu dufite ikibazo gikomeye cy'abantu bavuye iwawa kugororwa ariko baragarutse baba abajura, basubira mu businzi ndetse n'urugomo, ariko hirengagizwa ubuhamya bwa benshi barimo na Nyakwigendera Pastor Theogene bagaragaje ko hariho imbaraga z'Imana zahindura umuntu byuzuye. 2. Benshi bagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994 bumvise ubutumwa bwiza bwa Yesu barirega bemera ibyaha basaba imbabazi. 3. Aho rehabilitations na Counselling zidashingiye ku myemerere byananiwe abantu bagiye mu matorero bafatanya n'abandi gusenga babasha kuva ku biyobyabwenge, uburaya n'ibindi. ... (Abasenga) Amadini n'amatorero bizatumarira icyi ? ---------------------------------------------------------------------------------- Tugize amahirwe yo kubona urubyiruko rungana nka bariya Pst Julienne yabatije bari kujya gusenga aho kurara mu tubari no mu mihanda twaba twongereye umubare w'abajeunes bari sober bashobora gutekereza kw'ejo habo hazaza. Ariko aba bajeunes bacikaga ibigare kugirango bajye gusenga, ubu bongeye kuba Exposed ku kuba basubira inyuma. Nibyo gukosa cg se kwica amategeko bishobora kubaho ariko ntibikwiye kuba intandaro yo kwegezwayo kw'amadini n'amatorero nk'aho kubaho kwabyo ntacyo bimaze.
>>
<<@ericbarcos2416
says :
Numero zanjye ziri muri iyi profile yange kubantu bafite Ibibazo byumubyibuho ukabije dufite products zizewe zigabanya umubyibuho byihuse nikaribu
>>
<<@francyn3026
says :
Amakuba yumukiranusti ni menshi ariko Imana iyamukiza muri byose. Imana irahari nibitero byasatani yarastinzwe imbere niheza
>>
NEXT VIDEO
>>