<<@Kay..e-p1
says :
Dore ya nyamaswa
>>
<<@graceuwimana751
says :
Uri mubi sinzi impamvu Nadia yakwemeye.uri umugome pe!!
>>
<<@Ruvuyanga250
says :
This guy his monster for really songa reka kwigira umwere kbsa udatuma tuvuga byinshi
>>
<<@agnesm.shyaka7796
says :
Ariko ubu mwagiye mureka ubugome ko ntakiazo cyabwo.
>>
<<@kezaisimbi717
says :
Nadia mureke yibereho nubundi ntabwo ari ku rwego rwaweee kbsa twarabyûvise ko nubundi ngo wari waciye mubavuziiii ukaza guhemukira jmwana wabàndi
>>
<<@kezaisimbi717
says :
Ese nkubu nta soni aratinyutse n ibisatsi bibi aje kuvuga amahomvuuuu warahemutse ahubwo sinzi impamvu utari muri gereza Ibyo Nadia yavuze afite ibimenyetso twese twabyunvise Wa mugabo we nudasaba nadia imbabazi ngo n Imana uyisabe ikubabarire ubuzima bwawe ntabwo buzakorohera kuko kuri iy isi habaho carma Ntimugahemuke ngo mwunve ko birangira gutyo none ugeretse ho ko kuza kumusebya uvuga ko abeshya kandi aribyoo
>>
<<@BoscoTumukuze
says :
Uyu mugabo numunyamafuti cyane kuko Twese turi kumucira urubanza kuko ngo ntabimenyetso afite byemeza ko yagerageje kubana numugore we neza munyuma bikaza kwanga?? kuba atarigeze akora record murugo rwe Icyo nikimenyetso cyuko yizeraga urugo rwe rurimo umwana we mugihe umugore we yafataga record zibintu bibi byabaye murugo rwe muri macye yari maneko murugo rwe kuko ntago tuzi nimba ibyo yavuze byose ari ukuri?? None x ikibazo cyamatsiko umugore wuyu musore ntakintu nakimwe koko azi cyavuye kumugabo we ngo habe nakamoto ka 500 nkuko yabivuze kwa rweme mbabazi??? Ese yihanganiye kubyarira uwo muntu gute? bakabana gute murubwo buzima butarimo ubufasha buturutse kumugabo we kd ngo iwabo yari yarahasize byose kd ko yarafite numwana muri macye yari mukuru azi kumenya nimba koko uwo muntu bakubaka bigakunda? Imamvu twese twemeje ko uyu mugabo ari mubi nukubera ko ngo yarwanye numugore we akamukubita umutwe hakaba hari nibimenyetso abyemera?? hatali ndakurahiye fear woman but nuyu mugabo afite amakosa gusa umugore nawe afite amakosa yo kutizera umugabo we kugeza kurwego amukorera record yarasigaje no kuzamanika camera murugo rwabo iyo baza kuba babana Baca umugani ngo umugore warakaye satani aramanuka akaza agafata amasomo yuburyo ubugome bukorwa
>>
<<@ntivuguruzwaisaac9580
says :
Ntimugacire abantu imanza. kuba umuntu yajya imbere ya camera akarira cg akavuga amagambo runaka afata amarangamutima yanyu, ntibivuze ko ari innocent. ariko uretse ubujiji, niba koko ibyo uriya mugore yavugaga byari ukuri koko, ubu mwibaza ko RIB iri weak kuburyo gukurikirana uyu mugabo agahanwa byaba ikibazo kiyigoye!?? 😂😂😂😂
>>
<<@MarieroseKampala
says :
Ngo waratojwe mu ngando? Abakwigishije bataye inyuma ya huye ibyo bakugaburiye byabaye imfabusa. Kwisobanura ntacyo bitumariye. Niba udafunze ni impuhwe zumugore wawe.
>>
<<@Ange-hp7lh
says :
Nawe bazagufunga karande zikuriho
>>
<<@Ange-hp7lh
says :
Abasitari bamwe nikobabaye bababaziko barenze bagira ubwiyemezi
>>
<<@UweSalo123
says :
Ibyo bisatsi byawe birimo ubugome nu burozi gatsindwe n,lmana
>>
<<@UweSalo123
says :
Zibaho wamugomewe ibyo ukora usa nabyo,lmana izaguhana wahemukiye Nadia
>>
<<@NzayisengaLeonie-kg7uw
says :
Ubuse uyu avuze iki?🙄🙄nonsense😢
>>
<<@NzayisengaLeonie-kg7uw
says :
Umuntu wihutiye muri comment nkange ninde 😂😂
>>
<<@MukamanaEugenie-d6y
says :
Uyu muntu ninkumugome arabikanurira
>>
<<@DidierirumvaDeffff
says :
Ibi birikuba byakabereye isomo abahutu bijandika mubakobwa babatutsi kazi mwagiye murongora bene wanyu!!
>>
<<@IngabireChristian-x8u
says :
Gendaaaa uba udusebya nka abagabo . ariko uri fake cyanee kbx , ahubwo naho nzakubona nzagutera amabuye puuuuuuh, imbwa gusa
>>
<<@RugangareGuido-sp1qb
says :
Umva man ntuzajye utubeshya urikibwa sana
>>
<<@gashemafrank714
says :
ariko kuki comments zanyu zibogamira kuruhande rumwe Ingo nyinshi murikigihe zibanye nabi ese kuki uwomugabo ataracyena ntabibazo baribafitanye hari abagore bakunda ubuzima bworoshye bakaza bakurikiye ibintu byabura bigahinduka uriya mudamu arashaka kumutwarira imitungo
>>
<<@Greatrock250
says :
Warahemutse bro Kandi cyane. Gusa abo baganga mwitwaza b'abapfumu bazabakoraho..
>>
<<@nambajimanaerick2509
says :
Umugore agomba kubahwa ibigaragara urabeshya peee ntuzongere kandi ujyurwana nabo unganya nabo imbaraga
>>
<<@PichouPaul
says :
Icyo kigabo nikigoryi man , ninikigwari 😊
>>
<<@TUYISHIMIREGodeline-x6e
says :
Ngo uratitira😮😮 Imana izaguha gutitira bya ntabyo
>>
<<@TUYISHIMIREGodeline-x6e
says :
Wa mugabo genda wababaje Nadia 😮 Kuba yaje Kgli urumva bigutunguye rero 😢Ku buryo wumva ko kuba aba mu ntara ari umuturage utabasha kugera kuri Camera areweeee Reba umutwe utera umupira kuwukubita umubyeyi ugifite ububabare bwa C-section Sha Imana izakwereka uko izi guhemba neza
>>
<<@henrietteuwizeyimana6467
says :
Wamuriye utwe ariko kubwimana azongere yiyubake lmana yarakoze ntiwamwica haguma ubuzima puuu twese abomwaturanye kimisagara turabazi nasaamunani yavuzaga induru tukaza apuuu gusa nadia yadukoreye ikosa ryokukubabarira utaramara basi numwaka umwe ngo witekerezeho
>>
<<@henrietteuwizeyimana6467
says :
Ahuhwo wagombaga kuba ugifunze bakakugorora yarahubutse guhita aguha imbabazi ntago waribube wivugisha ibyo
>>
<<@henrietteuwizeyimana6467
says :
Urigisomba ahubwo
>>
<<@Consolee-wz1ur
says :
Wamugabowe Numvise ibyo wakoreye umugore wawe Imana niyo ibizi
>>
<<@Consolee-wz1ur
says :
Urumutindi gusa
>>
<<@Consolee-wz1ur
says :
Genda wakigome Imana izahorera Nadia nyumvira ngo yakoreraga hanze muntara akamara 2yers ibyose bibaho?toka kure
>>
<<@DjanattNiyonkuru
says :
Ese konumva ucurika witsetsa ubusa reka genda wahemukiye Nadia nuko wasanze nawe arumunyembaraga
>>
<<@habinshuticelestin596
says :
Bro ceceka kabs wikomeza kuvuga ubusa.
>>
<<@alphonsegahongayire9450
says :
Iriya ni indaya mwibaniraga sumugore…,Ndabizi abakinyi benshi nizo mwirongorera….
>>
<<@BankundiyeCharlotte-1
says :
Nisura yawe iragaragazako urumugome
>>
<<@BankundiyeCharlotte-1
says :
Urumugore mubi bagufunge ahubwo,kamobwa
>>
<<@MamaRayon
says :
Impore Sha turabizi harabagore babi pee, mureke uzibonera uguhoza akogahinda,
>>
<<@kumezayubusesenguziofficial
says :
😂😂😂sha kuva urumuhutu Kabaye😢😢😢
>>
<<@kabanyanaodette6370
says :
Uri naki ubuse yagukundiye iki ubundi Nadi
>>
<<@YusufuMugenzi
says :
Zibaho wangagi we urabeshya ahubwo uzasabe Nadia imbabazi waramuhemukiye
>>
<<@jeandedieubizimana7677
says :
Nta muntu uvuga ukuri uvugu gutyo uvuga uzigaye
>>
<<@NyiratungaAziza
says :
Wihanangirijwe muri RIB ntamakosa bakubonyeho?kwemera ikosa cyane kubagabo birabavuna.ibyo Nadiya avuga ubaye warabikoze ntibizakugwa amahoro.
>>
<<@samysmiletv
says :
Namuntu muzima wakora ibintu nkibyo, urumva uri muzima😮😮😮😮koko
>>
<<@Benimanajo
says :
Unva mubigaragara urumugome nubu kukureba mfit ubwoba
>>
<<@bellybizzy
says :
Urigisimba gusa
>>
<<@umutonivalentine8459
says :
Reka mbe nongeye mbe mpagaritse iyi film nibisobanuka muzandabure
>>
<<@KANANIJanvier
says :
Uriya mugore n indashima ntanyurwa arasha kurya ibyo ataruhiye
>>
<<@User3897hj
says :
Nadia uzirinde nuza i kigali ujyuzana nabantu uyu mugabo atazakugirira nabi kandi
>>
<<@kodo2020
says :
Emmanuel Ebue kbs
>>
<<@UzabakirihoEmmy-j4z
says :
Ariko injiji zizahano zikabogamira uruhande rumwe aha ukuri kuzwi nabantubabiri aribo mureke gufata impande
>>
NEXT VIDEO
>>