<<@MikhailIhoraho
says :
Ako mfite akabazo ese katareba yamuterese gt😮 atamureba
>>
<<@NyiramanaLiberathe
says :
Nkubu Nyagasani abishatse akamuhumura weeee! Kandi ntahidashoboka ku mana !
>>
<<@NyiramanaLiberathe
says :
Imana ni nziza pe❤
>>
<<@Ngirababyeyielysee-e9m
says :
Wow❤
>>
<<@sibomanaaimable8459
says :
Niyo Bosco Mbifurije urugo ruhire Imana izabubakire urugo rukomere 🤝👏
>>
<<@uwizeyejeanne2268
says :
Mana ukora ibitangaza byinshi ndakwinginze uhumure Bosco amaso ye ubikorere uyu mukobwa umwemeye atitaye ku nenge afite Amen
>>
<<@BrendaKasime
says :
Bambi nukonuko♥️♥️♥️♥️♥️♥️
>>
<<@NTAKIRUTIMANAERIC-rs3bw
says :
Nyamaze arareba
>>
<<@EmmitriTheflash
says :
Woooooo sxt mrx kbx❤❤❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@KangataValence
says :
Kandi uyu mu kobwa imibanireye na niyo bafite imana kandi nabicunga meza mabacyire byihuse azacunga umutungo pe
>>
<<@MushimiyimanaClaudine-y9b
says :
❤ very nice to hear congratulations brother
>>
<<@smi5228
says :
Oooh Imana izabubakire
>>
<<@MrShine.
says :
Waooooh♥️✊
>>
<<@WivaneneIbambasi
says :
Ariko ko mwese muvuga ngo ntaza mubabaze nabadafite ubumuga barababazanya umwe akanabirebesha amaso yombi none nkwe ahubwo nafunge umukanda
>>
<<@Babyfaceupdates
says :
Munkandire kugatima niba namwe mukunda kd mushyigikiye niyo Bosco♥️🇷🇼🔥🔥
>>
<<@Babyfaceupdates
says :
https://youtu.be/m64mZY7aUU0?si=o9IPXVyRQcaY3ta6
>>
<<@UweraJoseline-h4h
says :
Nyagasani azabashyigikire niba ntabindi akurikiye
>>
<<@salamaniyibikorachef
says :
Abantu mukunda Emmy munkandire kwifoto bantu banjye narinkumbuye ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@healthiswealth906
says :
*💐UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE NABITEGURA KURUSHINGA💐* Amazina yange nitwa Nadia Umwiza Ntuye Rwamagana, mu murenge wa karenge nashakanye n'umugabo wange dukundana ndetse dufata umwanzuro wo kubana ubuziraherezo. Nkuko rero bigenda nyuma y'ubukwe ntakindi Couple ziba zitekereza uretse noneho amatsiko nokwibaza uko bazatangira kujya bahamagarana papa na mama runaka. Nubwo twe atariko byagenze. Iminsi yarashize rero nkumva mfite amatsiko yo kuzabona ntwite ukwezi kwambere kurashira. Ndatekereza nti buriya ni mugutaha nako biranga. Natangiye guhangayikika rero nyuma yuko twamaze umwaka dutegereje. Umugabo wange yambereye imfura ariko ntababeshye nge natangiye guhangayika nkumva ndigunze nkiherera nkarira. Nibwo nabwiye umugabo ko dukeneye kujya kwa muganga. Twagiye mu mavuriro naza Hopital duhura n'abaganga batandukanye. Gusa baza gusanga umugabo wange afite ikibazo kintanga zigenda gake cyane kandi ngo zigapfa vuba. Ngewe bambwiraga ko narimfite ibibazo by'imisemburo Yatumaga imihango yange igenda nabi rimwe nkagira iminsi ihindagurika. Ndetse nama Infections. byaratangiye nkiri n'umukobwa. Twahawe imiti turagenda turayinywa twamaze indi myaka 2 twivuza byaranze. Naje kwegera umuganga wari inshuti yacu wakoraga kuri Centre de Sante, muganiriza ikibazo cyange aza kundangira umuganga w'inshuti ye ukorera Kigali .maze umugabo wange anyemerera ko twamusanga tukareba niba haricyo badufasha. Twafashe umwanzuro tujya Kigali maze duhura nawe. Baduhaye imiti maze ngira kwizera ndayifata n'umugabo wange bamuha iye Twarayikoresheje nyuma nahise mbura imihango mbanza kugirango nikwakundi yatindaga kuza, ariko ntangira kugira ibimenyetso by'umugore utwite. Nagiye kwa muganga barampima bambwirako nasamye. Numvise umutima wange wuzuye ibyishimo. Imana rero ntitinza amasezerano twaje kubyara. Ubu umwana wange w'umuhungu agize amezi arindwi. Muminsi ishize wa muganga wange yaradusuye azanye nitsinda bakorana baraduhemba nukuri numva ndishimye. Nange mpita niyemeza kuzatanga ubuhamya bwange wenda hari uwo bwazafasha. Wowe usomye ubu buhamya ndagusaba kubusangiza abandi harubwo bafashwa nkuko nafashijwe. Warakoze Mana🧎🏻♂️👏🏻🙌🏻🙌🏻 kumpuza na Muganga Nelson, nkabasha gukira amarira narize, amazina ninswe, nkabasha gusinzira nk'abandi , ngaheka nk'abandi, nkitwa umubyeyi, ukandinda gatanya, ukankiza amenyo y'abasetsi, umunezero ukagaruka murugo, ukandinda guha urwaho ba Ex b'umugabo,ugakoza isoni abashungera. Nanjye nzakunambaho Mana🙌🏻🙌🏻 Ukeneye kubonana na muganga wanjye wamwandikira cg ugahamagara iyi numero : +250788297184( WhatsApp and call). Haracyariho ibyiringiro. Imana iduhane umugisha.Kora share n'abandi bamenye gukomera kw'Imana.umunsi mwiza
>>
<<@BenjaminGisubizo-i1k
says :
Ina ibahe umugisha
>>
<<@JamesLegend-xs4bf
says :
Very fantastic
>>
<<@HabimanaJean-k2k
says :
Ntarukundo rurimo namafaranga
>>
<<@jeandamascenenizeyimana6930
says :
Imana ikora ibitangaza yahumuye uyu muntu
>>
<<@kamutvshow
says :
Birashimishije ❤
>>
<<@Enjoy-t3g
says :
Gashora hejuru cyanee
>>
<<@KIGALI_NEWS250
says :
Urugo rwaza❤❤❤Muvandimwe
>>
<<@habimanaJohn-u7t
says :
Ibi nntawe bitashimisha rwose Imana Ihabwe icyubahiro kdi iyi couple Imana izababe hafi muri byose ❤
>>
<<@UwizeyimanaJeannine-y7q
says :
Mukobwa ugizubu twari ariko ntuzamubere nkabubu butewe nuko atazajya abibona Imana izabubakire
>>
<<@NifashaGrace
says :
Wooow
>>
<<@UwaseDivine-e5m
says :
😮😮😮😮😮😮😮😮
>>
<<@mukamitalifrancine3971
says :
Nibyiza
>>
<<@gk7africanputin9089
says :
Yooo,Imana ibane na bo knd mumumbwirire ko afite umugore mwiza nubwo atamubona aramwumva
>>
<<@Halundimbabazi
says :
Ahhh?
>>
<<@LEGENDSOFRWANDAAFRICA
says :
Man njyewe nishimiye Niyo Bosco cyane ikindi man Uzi gukoresha interview kdi ntakavuyo ugira keep it up bro uri umuhanga kbsa
>>
<<@IshimwelilianKelly
says :
Niba arinako umutima imeze arahiriwe cane UWITEKA azabubakire nukuri
>>
<<@IshimwelilianKelly
says :
Numubwire kwimana imuhaye umugore mwiza
>>
<<@dukundimanaferdinand4707
says :
Ntakintu gishimishije Niko gukunda umuntu utazi uko asa pe kubera udashobora kumureba.gusq uyu mukobwa niba Atari bimwe byabo byo gushaka kwiba imitungo yabasore nukuli Niba yarakunze niyo Bosco bya nyabyo Imana izamuhe icyo yifuza cyose
>>
<<@ByamunguThadee-b7m
says :
Mana unje ukomeza wiyerekane pe
>>
<<@MukarwegoAsuma
says :
Ntarukundo rurimo icyo nikiryi yikuruririye
>>
<<@UwinezaJanvier7
says :
Ifaranga nacyo ridakora
>>
<<@kayigambaleonard8099
says :
Woooooow byiza cyaneeeeee 🥰🌹🥰 Niyo Bosco lmana iguhe umugisha urugorwanyu lmana izarubemo nukuri nawe mukobwa mwiza nuzakinishe umutima waniyo uzamubere umugore wumutima windahe muka paka kwiherezo lmana izaguha ikamba.♥️🙌✅👍🌹🥰ndabishimiye .
>>
<<@ahirwa0077
says :
Mana uri Mana koz uhindura ibihe ugashimisha ibiremwa byawe guha niyo umugeni Kdi mwiza bazurwubake rukomere ❤
>>
<<@AllianceMujawimana-y9u
says :
Imanizabubakire ndabakunda❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@annendayishimiye309
says :
Incwi❤️❤️
>>
<<@UmuhireAnitha
says :
Ooooh disi Imana ibihe umugisha wamukobwa we ntuzakunde amafranga ngo wange umugabo uzamureberere aho atari
>>
<<@NiyosengaJaclinne
says :
Nukuri imana ishimwe Ntabwo urobanura kubutoni mana yanjye
>>
<<@nyirasafarichristine
says :
Imana ibahe umugisha kandi izakomeze kuba hagati yanyu nicyo tubasabiye mu izina rya Yesu, Amen 🙏🙏🙏
>>
<<@mukashyakablandine6315
says :
Yehova azabubakire ndabakunda
>>
<<@CHRISMINISTRYTV
says :
Nyuma yo kumva inkuru mbi y'incamugongo yo kubura mushiki wacu Gogo ,Imana iduhojeje amarira pe yo kumva inkuru nziza y'umwaka kubona Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi ,mbega byiza ababona nkanjye mushyireho ❤️
>>
<<@NyabiroriClaudine
says :
Ese ntawaba umusitari ngwagire umusatsi mwiza
>>
NEXT VIDEO
>>