<<@nyinawumuntuclementine566
says :
Erega biterwa nuko ba headteacher bayobora ikigo imyaka myinshi cyane? Buriya babahindagura cyane ntabwo uko kwiba byakwiganza
>>
<<@donathaniyitegeka4534
says :
Ntabyo muzi bakijijwe no kwiba ibiryo byabana bacu twarumiwe
>>
<<@CdhygGdkg
says :
Kucyigo cya kagugu babatuma imyeyo, imikoropesho, papier jenick, Amafoke iduzeni namasahani naho muhagere
>>
<<@BenjaminJyamubandi
says :
No mubugesera bazahagere nyarugenge
>>
<<@ishimebe7087
says :
Icyokintu president wigihugu cyacu yacyivuzeho rwose, icyo nicyo gituma abanyafurica tudatera imbere kuko abakaduteje imbere nibo batwonka no mubayobozi bibanze mugeremo higanjemo ruswa nyinshi cyane pe
>>
<<@minezatv
says :
Rwose umuturage kwisonga pee.rero mugere no mumavuriro cyane cyane service za maternite.
>>
<<@PMarcelN
says :
Ubu buri munyeshuri bamutuma amafaranga yo kugura ipaki y'impapuro bakabeshya ko ari inama y'ababyeyi yayemeje Kandi baba babivuze mumabwiriza y'ikigo
>>
<<@PMarcelN
says :
Nta mu headteacher bwagakwiye kujya ayobobora ikigo imyaka irenze itanu.Akarengane n'ubusambo mubigo by'amashuri birahari cyane. Kandi bigira ingaruka cyane kubana,ababyeyi
>>
<<@MukeshimanaClaudine-f7b
says :
Haraho mutaramenya amakuru neza keretse uwampa uwo nyaha nka musanze kukigo ntashatse kuvugiraha abana bararira
>>
<<@UwanyiligiraOda
says :
Uzambarize abo bayobozi bamashyuri aho bashyiranga agasuka ni myeyo badutumaga byajyaga
>>
<<@UwanyiligiraOda
says :
Murangira thieri Hejuru cyane ❤❤ ntaho ihuriye na Kabera ukora ibifiye rubanda nyamwinshi umumaro uracukumbura kweri
>>
<<@HategekimanaFrancios
says :
Niko kuri cyne
>>
<<@MudahungaEugene
says :
Ibihano buo kugura amasima cg se umwana agahabwa obiha bibi ko gukora muri wese icyumweru cg bibiri
>>
<<@MudahungaEugene
says :
Sibyo gusa mibigo byamashuri hari nihohoterwa rirenze mbese ni nkareta zigenga niyo uhamawe nikigo kimakosa y,umunyeshuri niyo sanze arengana ategekwa gusinyira nibyo utumva Kiko usangabkibyinjiramo cyane bisiragiza umwana
>>
<<@MinaniFrancois-pc3eh
says :
Iburasirazuba byo birakanije cyane cyane rwimbogo secter
>>
<<@MinaniFrancois-pc3eh
says :
Muzagere no mubigo byo muri rwimbogo
>>
<<@niyonsengafelicjte
says :
Bazagere nabo muri karongi umurenge wamurundi kuri group school ngoma barabimaze ha contabure
>>
<<@Amafaranga300
says :
Ntabwo byeze ni ubuzima bwa buri munsi
>>
<<@UwamahoroFrancoise-wu7ep
says :
Ariko muvuge no kubabyeyi banga kwishyura nabo babangamiye ireme ry'uburezi kuko batuma abishyuye batarya ngo bahage
>>
<<@DukuzumuremyiFrancois-db4me
says :
Nkuko bapanga gahunda y,amasomo ,bajye bapanga na gahunda y,ibigomba gutekwa buri cyumweru, bayishyi re ahagaragara.
>>
<<@mukaperezidafrancine
says :
Barabigurisha Cyaneeee peeee Uganga Abana Bariye Ibihungure Byonyine Kigiri Nicyo Kintu Bakora Rwose Bayobozi Muge Muhaguruka Turabakunda komureba kure Imana Igibarinda ❤❤
>>
<<@TUYISHIMEJeanPoul-u5u
says :
Reta nikurikirane rwose ,mubigo byareta ndetse nibyigenga ,abana barananirwa ishuri kubera imirire mibi,kandi nokurya ibiryo bidahagije,bamwe bagiye bacika amashuri bakajya guca incuro,mutabare bagaruke kwiga
>>
<<@rosalienyiraharerimana8161
says :
AMAVURIRO NAYO MUZAYAREBEHO
>>
<<@GucamuZiko
says :
Mu bigo by amashuri bariba kuva kera Muzagere no muri za kaminuza zitekera abanyeshuri Kera muri UNR i Butare baryaga n inkwi tukarya ibiryo bidahiye 😂😂 Mbere y aho ndi muri LDK Rugunga naho intendant yegeze gufungwa azira kugurisha ibiryo muri make aho nize hose kandi entre 1994 et 2005 kwiba ibiryo byari umuco RIB iyo ibaho kera.
>>
<<@GucamuZiko
says :
Ibyo bisambo birya ibiryo by abana mubikande amabya, abatayafite mubakande amabere Hali ubusambo bukabije, buri wese mu mwanya arimo aba ashaka aho yakwiba.
>>
<<@RugemintwazaDeus-k5c
says :
Nshimye ko ibyo byatahuwe twitege iyihe mpinduka mu gukosora ibyo byose? Amanyanga akorwa ni menshi, rwose leta n'ibihagurukire atar'ukubitahura gusa. Nta kamara mu gukomeza gukora amanyanga, abo bigaragaraho bahanwe by'intangarugero.
>>
<<@twizerejulienne2731
says :
Nyemeramihigo Kwa Masunika akiyobora etandante yibaga hejuru ya 50% y'umutungo kandi tukabaho .😂😂😂😂. RIB yaritaraza kabisa
>>
<<@kvndma
says :
abanyeshuri ntibakirya ngo bahage pe, ahubwo abenshi barwaye igifu kubera inzara yo ku ishuri (bahabwa uturyo duke cyane biteye isoni), mbona abana ku ishuri bazanaharwarira bwaki pe. Leta nishake uko izajya igenzura imirire mu bigo by'amashuri naho ubundi birakabije abana bazajya bapfira ku ishuri kubera inzara pe
>>
<<@kurujyishuriangelica2176
says :
Ahubwo ,murebe ikibazo cyo kwanga guha ananyeshuri barangije ibyemezo bababeshyera ko basize batishyuye minerval kandi barishyuye,mubigenzure abana n'ababyeyi bari kuharenganira.
>>
<<@gakwisijeanmarievianney2038
says :
Umutungo w,ikigo cy, ishuri ntunyerezwa na Mwarimu rwose habe nagato. Unyerezwa kukagambane k, abantu batatu. Directeur Econome(intendant) Na Magasinier. Cyakoza haraho Econome na Magasinier babinyereza Directeur atabizi. Ibyo rero sibyanone gusa ahubwo imyaka 30 yose byarakorwaga
>>
<<@TuyizereMalidad-wz2nd
says :
RIB Nurwego ntemeranya narwo kuko rurahubuka batangaz Amakuru batananje gushishoza bagahita bagutamo nanjye byambayeho
>>
<<@byiza-999
says :
Uyu mutipe ubanza atiyizi uziko maze imyaka 45 kuva nagera muri secondaire nibyo byakozwe gusa gusa none ubu nibwo mukibimenya 😂😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣
>>
<<@Smartnessmahwi
says :
Abo ni abamenyekanye kuko abana muri rusange bagira ikibazo cy'imirire kubera ibyo bisambo
>>
<<@OG-pu9gf
says :
❤❤❤❤👏👏👏✅
>>
<<@TurabumukizaClety
says :
Turabakurikiye ❤❤❤
>>
<<@jeanclementbtv
says :
HT & BURSARS bamaze leta n abanyeshuri 😂😢
>>
NEXT VIDEO
>>