<<@felixmudaheranwa206
says :
Ukuri kw Imana ni Ijambo ryayo. Ukuri kw impamo ni ukw abantu.
>>
<<@niyitegekaelyse381
says :
Kukibazo cyigenda rya banyamakuru there's reason behind utavugira kuri camera kuko nge Mba mbona bitumvikana peuh
>>
<<@Lifewithpurpose-25
says :
Ko mubanyanakuru ba sport ma numva bameze nkaho basabiriza? Ngo ntamu diaspora wankandira akanyenyeri ubanza muhemba bitajyanye na vision
>>
<<@Lifewithpurpose-25
says :
Niba mwumva ari impuha se kuki iyo byabaye mudashyiraho umucyo? Ikindi niba bavuga ko umuntu amara imyaka 5 mukaz i nta improvement mubuziyma bwe kandi haza umukobwa mukamugira senior😂 egoko
>>
<<@jeandelair6747
says :
Ibihugu byateye imbere byabishobojwe n, ubuyobozi burebera Igihugu, butareba inyungu z, udutsiko cg Abantu ku giti cyabo, ahubwo bushyira Ababishoboye imbere bagakurura ab, I ntege nke. Urugero rwa Barore Rutanga icyizere.
>>
<<@rukundojeandamour1
says :
Uwumvako uwo yanze kuvuga ari Rwema mbabazi
>>
<<@HPTVRwanda
says :
Iki kiganiro hakenewe Part II.
>>
<<@mukizaaimable1925
says :
Uyu Mugabo Ndamukunda p❤
>>
<<@OlivierMunyampundu
says :
Oya Aho witubesha kbx ubu x niba mubaroba mbwira umunyamakuru wagiye umbwire nuwinziye tubakompare turebe ngonibiki
>>
<<@engiritv9688
says :
Barore cleophas ni umuhanga agira ikinyabupfura
>>
<<@uwinshutiamon4809
says :
Wituvangira urumunyarwanda
>>
<<@BakundukizeDesire
says :
Amen amen amen Postor byose ni byiza bifatanyiriza kutuzanira ibyiza byose. Ndagukunda cyane Uri Umunyabwenge.
>>
<<@nsengimanajoshua5651
says :
Ko Ari kuvuga avanga indimi kd ajya abitubuza
>>
<<@Richmindinspireme
says :
Singezwa n'Amakuru ariko Nabonye sinayasiga !
>>
<<@micoaugustin2547
says :
Eee ukuri kw'Imana n'ukuri kw'impamo !!!
>>
<<@lmedia2771
says :
Ayamajwi ko wagira ngo arasaraye? Aravuga ukuntu nkanize kbs
>>
<<@mbarubukeyeofficial
says :
Ukuri kw'Imana n'ukuri kw'impamo bisobanuye iki?
>>
<<@MaitreJadorFit
says :
Courage my brother @Girinema
>>
NEXT VIDEO
>>