<<@DusengimanaFeleciane-z4s says : Kalikaza uratubeshye ukunda ka mitzing nakurabutswe ahantu uri kukaminina sha!!!>> <<@MusafiriMusa-q1q8b says : Niyo mpamvu mutwar,ibikombe? Ubusambo n,umururumba no kwikunda n,ubugome niyo mpamvu mutwar,ibikombe.Gusenya Rayons ikennye mwe mukoresha budget ya leta ubwo mwirat,iki? Kuki Rayons isabwa gutungwa n,abafana; APR ni national team?>> <<@NshimiyimanaFrancois-q3e says : Turabakunda https://youtu.be/O0VoE1l-2Ho?si=uFS4jQELb04a8ouW>> <<@nzabarankizejeanclaude6149 says : DT ari mu kazi>> <<@zamukatv3 says : Urinkase>> <<@MajyambereAugustin-g1i says : Ariko nanone tujye twibukako twemerewe abakinnyi 8 babanyamahanga mukibuga bityo byaba bibabaje kugira abakinnyi 6 mubafana babanyamahanga>> <<@El-Captaino says : Uwo General watanze ubutumwa se si we babajije ibyabanyamahanga muri APR akavuga ngo RDF ntikoresha abacanshuro๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚ icyansekeje bagaruye abanyamahanga yitaga abacanshuro nubundi ari mu bayobozi bakuru ba APR๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚>> <<@jboscombonyintege3477 says : Ubundi amazi kuyanywa vubavuba nibibi. Umuntu anywa ducye agatereka nka nyuma y'iminota 10 akanywa andi kandi makemake. Formule yo kunywa amazi rero ugereranije n'ibiro. 30kg unywa litilo1 kumunsi. 60kg=2 litres. 90kg=3litres 120kg=4litres>> <<@habaruremaelise-eb9br says : Match tuzazieeba gute?>> <<@El-Captaino says : 4L se ubwo uba uri mu biki? Uba uri gufungura umubiri wawe, bivuzeko hari nutrients uba usohora mu mubiri kandi sikenewe! Jya unywa amazi atarenze 1.5L wa mugabo we>> <<@NiyonsengaDonath-h1z says : Kalikeza,amazi nimeza cyane ariko iyo abaye menshi cyane nabyo byateza ikibazo litiro 4 kumunsi kuriwowe Yaba Ari menshi byazaguteza izindi ngorane.(Gusa amazi nieza).>> <<@UwamahoroSyldie says : Ubumwa se,buzajya mu kibuga?>> <<@Hugukaofficial says : Ikindi gitekerezo mfite nuko RMC na Ministere ya Sport bakwiye kureba ukuntu abanyamakuru bose bakora ibiganiro by'imikino bakwiye guhabwa nibura nk' amezi atandatu yo kwihugura/kwiga igifaransa n'icyongereza neza ku buryo igihe abakinnyi baba bari guhabwa interview basoje imikino cg bakiriwe ku kibuga cy'indege baje mu makipe yabaguze baganirizwa umunyamakuru atabangamiwe n'ururimi kandi umukinnyi na we akaganira abona hari interraction ifatika. Ikindi byakabaye byiza hatangijwe ibiganiro by'imikino biri muri izo ndimi n'ubwo byatangira bikorwa mu minota mike ikazagenda yongera uko iminsi izagenda iza! Ibi bizatuma buri wese aho ari ku isi akurikira neza ibyiza byose bibera iwacu i Rwanda muri domaines zose. Ni igitekerezo cyanjye.>> <<@AlbertNyandwi-s8s says : Ntukarenze 3l>> <<@UwamahoroSyldie says : Nawe ubonye ibyo uvuga ngo jangeani?>> <<@Hugukaofficial says : Kalikeza jya usokoza rwose! Hari ibyo twita ubustari ariko bitagaragara neza kubera urwego runaka ukorera ariko no kwiyubaha ni ngombwa. Courage>> <<@byishimohappy6949 says : Mbona osee urumuhanga kandi unitonda>>
VideoPro
>>