<<@DusengimanaFeleciane-z4s
says :
Kalikaza uratubeshye ukunda ka mitzing nakurabutswe ahantu uri kukaminina sha!!!
>>
<<@MusafiriMusa-q1q8b
says :
Niyo mpamvu mutwar,ibikombe? Ubusambo n,umururumba no kwikunda n,ubugome niyo mpamvu mutwar,ibikombe.Gusenya Rayons ikennye mwe mukoresha budget ya leta ubwo mwirat,iki? Kuki Rayons isabwa gutungwa n,abafana; APR ni national team?
>>
<<@NshimiyimanaFrancois-q3e
says :
Turabakunda https://youtu.be/O0VoE1l-2Ho?si=uFS4jQELb04a8ouW
>>
<<@nzabarankizejeanclaude6149
says :
DT ari mu kazi
>>
<<@zamukatv3
says :
Urinkase
>>
<<@MajyambereAugustin-g1i
says :
Ariko nanone tujye twibukako twemerewe abakinnyi 8 babanyamahanga mukibuga bityo byaba bibabaje kugira abakinnyi 6 mubafana babanyamahanga
>>
<<@El-Captaino
says :
Uwo General watanze ubutumwa se si we babajije ibyabanyamahanga muri APR akavuga ngo RDF ntikoresha abacanshuro๐๐๐๐ icyansekeje bagaruye abanyamahanga yitaga abacanshuro nubundi ari mu bayobozi bakuru ba APR๐๐
>>
<<@jboscombonyintege3477
says :
Ubundi amazi kuyanywa vubavuba nibibi. Umuntu anywa ducye agatereka nka nyuma y'iminota 10 akanywa andi kandi makemake. Formule yo kunywa amazi rero ugereranije n'ibiro. 30kg unywa litilo1 kumunsi. 60kg=2 litres. 90kg=3litres 120kg=4litres
>>
<<@habaruremaelise-eb9br
says :
Match tuzazieeba gute?
>>
<<@El-Captaino
says :
4L se ubwo uba uri mu biki? Uba uri gufungura umubiri wawe, bivuzeko hari nutrients uba usohora mu mubiri kandi sikenewe! Jya unywa amazi atarenze 1.5L wa mugabo we
>>
<<@NiyonsengaDonath-h1z
says :
Kalikeza,amazi nimeza cyane ariko iyo abaye menshi cyane nabyo byateza ikibazo litiro 4 kumunsi kuriwowe Yaba Ari menshi byazaguteza izindi ngorane.(Gusa amazi nieza).
>>
<<@UwamahoroSyldie
says :
Ubumwa se,buzajya mu kibuga?
>>
<<@Hugukaofficial
says :
Ikindi gitekerezo mfite nuko RMC na Ministere ya Sport bakwiye kureba ukuntu abanyamakuru bose bakora ibiganiro by'imikino bakwiye guhabwa nibura nk' amezi atandatu yo kwihugura/kwiga igifaransa n'icyongereza neza ku buryo igihe abakinnyi baba bari guhabwa interview basoje imikino cg bakiriwe ku kibuga cy'indege baje mu makipe yabaguze baganirizwa umunyamakuru atabangamiwe n'ururimi kandi umukinnyi na we akaganira abona hari interraction ifatika. Ikindi byakabaye byiza hatangijwe ibiganiro by'imikino biri muri izo ndimi n'ubwo byatangira bikorwa mu minota mike ikazagenda yongera uko iminsi izagenda iza! Ibi bizatuma buri wese aho ari ku isi akurikira neza ibyiza byose bibera iwacu i Rwanda muri domaines zose. Ni igitekerezo cyanjye.
>>
<<@AlbertNyandwi-s8s
says :
Ntukarenze 3l
>>
<<@UwamahoroSyldie
says :
Nawe ubonye ibyo uvuga ngo jangeani?
>>
<<@Hugukaofficial
says :
Kalikeza jya usokoza rwose! Hari ibyo twita ubustari ariko bitagaragara neza kubera urwego runaka ukorera ariko no kwiyubaha ni ngombwa. Courage
>>
<<@byishimohappy6949
says :
Mbona osee urumuhanga kandi unitonda
>>
NEXT VIDEO
>>