TV
Abayobotse baburiwe || BNR yavuze ku bubi bwo gushora muri Cryptocurrency
Abayobotse baburiwe || BNR yavuze ku bubi bwo gushora muri Cryptocurrency
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@emmanuelndikubwimana6467 Says:
Ariko ubundi muba mwarize cyangwa. Cryptocurrency is Decentralized so there is no way to can have access to that. Kuba habaho inflation ntago biba byatewe no gukora crypto currency Kuko mubihugu biteye imbere birakorwa cyane so I don't see sense in that
@oriontrades_ Says:
BULL RUN LOADING UKWAKANE KWAGEZE😎💰
@mudengeamina6352 Says:
Murabuzwa niki ko ayanyu muyahembwa yose ibyarubanda biza nyuma abashoye ayacu ibyo biratureba
@davidMucomq Says:
Murakoze iyo utanze icyangombwa ku bucuruzi nukuvuga ngo buba bwemewe iyo umucuruzi atanze umusoro nabyo biba byemewe muravuga ngo dukoreshe ikoranabuhanga mu kwishakishiriza akazi none murumva ibyo muvuga bisobanutse???iyo umuntu aje yerekana ko azwi na leta kuki njye ntamushoramo amafranga??
@samuelturatsinze2089 Says:
MWARAMUTSE? AMAKURU MAZE KWAKIRA NTIZEYE NEZA NI UKO, BNR KUGIRA NGO ITANGE LICENSE YASABYE COMPANY KO ITANGA $10M NDETSE NA 30% BYA BURI MUKOZI WA COMPANY, UMUCURUZI , NDETSE NA COMPANY KUGIRA NGO BABAHE ICYO CYANGOMBWA. IBAZE ARIKO, IBYO NI UMURENGERA RERO. AHUBWO BNR ISHOBORA KUBA ITUMVIKANYE NA BNR BITYO BNR IGAHITAMO KUJYA KUBUZA ABANYARWANDA GUSHORA
@samuelturatsinze2089 Says:
MWARAMUTSE? AMAKURU MAZE KWAKIRA NTIZEYE NEZA NI UKO, BNR KUGIRA NGO ITANGE LICENSE YASABYE COMPANY KO ITANGA $10M NDETSE NA 30% BYA BURI MUKOZI WA COMPANY, UMUCURUZI , NDETSE NA COMPANY KUGIRA NGO BABAHE ICYO CYANGOMBWA. IBAZE ARIKO, IBYO NI UMURENGERA RERO. AHUBWO BNR ISHOBORA KUBA ITUMVIKANYE NA BNR BITYO BNR IGAHITAMO KUJYA KUBUZA ABANYARWANDA GUSHORA
@GiannaAiTv Says:
None x mubyukuri kuki ikibazo kiguma kigaruka ntimugire icyo mubikoraho nkabayobozi?
@ikagi-k8u Says:
ndumva hari ababigize impaka, urakoze kubaburira, kandiko iby'abapfu biribwa n'abapfumu.

More News Videos