Imihanda 18 isondetse mu Mujyi wa Kigali yazamuye amarangamutima muri PAC
Imihanda 18 isondetse mu Mujyi wa Kigali yazamuye amarangamutima�muri�PAC
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@undoyenezapeter8102 Says:
Ndebera Mayor uko anywa icyayi😂😂😂 Kuyobora abantu nkamwe biragoye wa mugani wa Neva i Burundi His Ex wacu ayobora ibisambo nuko we agerageza kurwana nabyo ariko bimaze kuba byinshi cyanee
@undoyenezapeter8102 Says:
Gusa nenga PAC ko ibona ibibazo bikarangiriraho kuko Honorable Valensi mbona ntamwanzuro wanyu wagirango muba mwaje gushaka amakuru kandi Auditor general yarayatanze
@undoyenezapeter8102 Says:
Ikosa ryambere n'ibitekerezo bya Ambassadeur Shyaka Anastase mwemeye agakuraho uturere tw'umujyi kuko tukigenga habagamo competition niyo mpamvu ubu imihanda itagukorwa kubera ko bigenzurwa n'umugi kandi ni abaryi cyanee
@ayman6216 Says:
Mubyukuri izo ningaruka zoguha akazi umuntu umwe gusa kndi natwe duhari kandi dukora neza ese mugendara kuki mutanga amasoko mugendera kubafite cash ariko batazi umwunga ntago aribyo murebe neza niba abakora super vise nikindi kibyihishe inyuma mugukurikirana imirimo Mubyukuri imihanda irasondetse pe
@kanamugiresylvain4793 Says:
Bravo Germaine
@andrentaka Says:
Ntabwo numva impavu muri za quartier hashobora kwemerwa za benne(Nka Hoho) zipakira 20tonnes ukongeraho 10tonnes z'uburemere bw'ikamion ubwayo. Ambenni angana gutyo ntabwo agomba kwemerwa mu mihanda imwe n'imwe. Polisi y'u Rwanda igomba kubazwa impavu imihanda itagaragara ibyapa byerekana uburemere bwemewe ku muhanda. Kimwe nko ku biraro. Hagomba gutandukanywa imihanda y'abanyamaguru, abanyamagare, moto , amamodoka asanzwe n'amakamio ukurikije uburemere bwayo
@tsindaalpha7583 Says:
Ese ninde w'ubaka imihanda iri hafi y'ibitaro bya kibagabaga ko ari myiza kandi nayo ariyo mu quartier ?
@justinembabazi1669 Says:
Ese mwatanze amatara ku mihanda nubwo yaba atari kabulimbo ari hakagira urumuri ko nabyo bituma umujyi ucya neza
@justinembabazi1669 Says:
Thank you Hon. Anita 4 articulating this.
@Sciencelab-b7u Says:
Ariko rwose PAC mufite amanota 100% mu gukurikirana inzego mu kibazo cy'imikoreshereze mibi y'imari ya leta, ariko reka tubisabire mujye munakurikirana ikibazo cya ruswa yabaye umuco mu nzego z'ibanze. Bisigaye ari nk'aho ari ikintu cyemewe n'amategeko rwose, twamenye uburyo bayiryamo, bakora igikuta gihera mu midugudu bikazamuka mudugudu ahereza Gitifu w'akagali, UW'akagali agemurira umurenge Gitifu w'umurenge nawe agemura mu karere barangiza bakayogoza abaturage babarya utwabo kandi bagahisha ibimenyetso byose kandi rwose muri Nyarugenge ho birakabije cyane. Ruswa ziva mu Murenge wa Mageragere kuri E.S uhari witwa Silas Hategekimana arakabije rwose, noneho yanatorokesheje Gitifu w'akagali ka Mataba wari wabaye afunguwe by'agateganyo akurikiranyweho ruswa azabibazwe ahamagare uwo Gitifu witwa Josée agaruke.
@akimhakim4577 Says:
Niba n Kigali ifite n'iyo isondetse nibura, ese mu Turere ho ko ibyatsi ari byo kaburimbo, abantu bakaba bavomera mu binogo by liyo mihanda (ingero umuhanda Nyamata -Gahembe-Intare-Mareba-Ruhuha muzawunyuremo)!
@akimhakim4577 Says:
Ba Nyakubahwa PAC, imihanda yonyine ni ho mubonye isondetswe muri Kigali gusa? Ese koko niyo ibangamiye abaturage cyangwa ni abafite amamodoka babanvamiwe. Umuturage si ufite imodoka cg moto gusa ahubwo murebe no kubindi bibangamiye abaturage bo hasi cyane. Urugero: Mituelle zitavura abanyamuryango neza aho abaturage banwe bahabwa imiti indi abaganga bati nta ihari mujye kuyigurira mu ma farumasi! Ese koko Leta yacu nta miti ifite ahubwo irushwa n abaikorera mu gutumiz imiti ivura sbaturage bayo?
@ByukusengeAlex-o3z Says:
Mwiriwe nites byukusenge Alexis ntuye I nyaruguru, mubyukuri usanga imihanda isondetse kuko ABA enginiere usanga bita kunyungu zabo gusa, neige no kumihanda yo mu byaro nk'umuhanda kibeho-kivu warangirtse nta modoka ipfa kuhajya murakoze
@Lucky63711 Says:
Amen 🙌🙌🙌🙌🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽

More News Videos