Ndebera Mayor uko anywa icyayi😂😂😂
Kuyobora abantu nkamwe biragoye wa mugani wa Neva i Burundi
His Ex wacu ayobora ibisambo nuko we agerageza kurwana nabyo ariko bimaze kuba byinshi cyanee
Ese ninde w'ubaka imihanda iri hafi y'ibitaro bya kibagabaga ko ari myiza kandi nayo ariyo mu quartier ?
@justinembabazi1669 Says:
Ese mwatanze amatara ku mihanda nubwo yaba atari kabulimbo ari hakagira urumuri ko nabyo bituma umujyi ucya neza
@justinembabazi1669 Says:
Thank you Hon. Anita 4 articulating this.
@Sciencelab-b7u Says:
Ariko rwose PAC mufite amanota 100% mu gukurikirana inzego mu kibazo cy'imikoreshereze mibi y'imari ya leta, ariko reka tubisabire mujye munakurikirana ikibazo cya ruswa yabaye umuco mu nzego z'ibanze. Bisigaye ari nk'aho ari ikintu cyemewe n'amategeko rwose, twamenye uburyo bayiryamo, bakora igikuta gihera mu midugudu bikazamuka mudugudu ahereza Gitifu w'akagali, UW'akagali agemurira umurenge Gitifu w'umurenge nawe agemura mu karere barangiza bakayogoza abaturage babarya utwabo kandi bagahisha ibimenyetso byose kandi rwose muri Nyarugenge ho birakabije cyane. Ruswa ziva mu Murenge wa Mageragere kuri E.S uhari witwa Silas Hategekimana arakabije rwose, noneho yanatorokesheje Gitifu w'akagali ka Mataba wari wabaye afunguwe by'agateganyo akurikiranyweho ruswa azabibazwe ahamagare uwo Gitifu witwa Josée agaruke.
@akimhakim4577 Says:
Niba n Kigali ifite n'iyo isondetse nibura, ese mu Turere ho ko ibyatsi ari byo kaburimbo, abantu bakaba bavomera mu binogo by liyo mihanda (ingero umuhanda Nyamata -Gahembe-Intare-Mareba-Ruhuha muzawunyuremo)!
@akimhakim4577 Says:
Ba Nyakubahwa PAC, imihanda yonyine ni ho mubonye isondetswe muri Kigali gusa? Ese koko niyo ibangamiye abaturage cyangwa ni abafite amamodoka babanvamiwe. Umuturage si ufite imodoka cg moto gusa ahubwo murebe no kubindi bibangamiye abaturage bo hasi cyane. Urugero: Mituelle zitavura abanyamuryango neza aho abaturage banwe bahabwa imiti indi abaganga bati nta ihari mujye kuyigurira mu ma farumasi! Ese koko Leta yacu nta miti ifite ahubwo irushwa n abaikorera mu gutumiz imiti ivura sbaturage bayo?
@ByukusengeAlex-o3z Says:
Mwiriwe nites byukusenge Alexis ntuye I nyaruguru, mubyukuri usanga imihanda isondetse kuko ABA enginiere usanga bita kunyungu zabo gusa, neige no kumihanda yo mu byaro nk'umuhanda kibeho-kivu warangirtse nta modoka ipfa kuhajya murakoze
YOUTUBE COMMENTS