Hari abashaka ko dukomeza gukena|| Perezida Kagame ku mpamvu hari abivanga mu miyoborere y'u Rwanda
Hari abashaka ko dukomeza gukena|| Perezida Kagame ku mpamvu hari abivanga mu miyoborere y'u Rwanda
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ikagi-k8u Says:
nibyo rwose umusonga wundi ntukubuza gusinzira, dukennye se hari ivyo byabwira undi wese utari twe, ni ikwimenya muri iyi si, wakwibura ugapfa.
@ikagi-k8u Says:
korora mu biraro ntibibuza gukora urwuri iyo ufite ubutaka, guhinga wahingaga iki ubu udahinga ko nta kibujijwe, icyongereza twarakimenye n'igifaransa turakimenya bitwugururira amarembo ku buryo bwagutse, imisoro ihanitse ni imisoro ku nyungu iyo utungutse ntusora, abantu baracuruza kandi bakunguka. ahubwo wowe sinamenya ikibazo wifitiye, niba udahinga, ntukore akazi ka leta, ntunacuruze ntiwabura gukena, hana ubuhinzi uzakira, ibiribwa ntibisora, wari ubizi?
@ikagi-k8u Says:
@mulisajeanne, kibeshya ni icyaha, ntabwo umukuru w'u rwanda umuzi, iyo umumenya ntiwavuga uko, reka mbifate nko kwibeshya not kubeshya. ìbi bigaragarira buri wese, kura amaboko mu mpuzu ukore ubukira buzaza ubura naho uhunika.
@ikagi-k8u Says:
gucyena ufite amaboko, ugite ubwrnge ntibikabe ku munyarwanda uwo ariwe wese.
@ikagi-k8u Says:
yego, umuyobozi ureba kure,

More News Videos