Gufunga insengero, ubutekamitwe n'amakimbirane mu bakirisitu-Dr Usta Kaitesi yavuze
Gufunga insengero, ubutekamitwe n'amakimbirane mu bakirisitu-Dr Usta Kaitesi yavuze
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@NtirampebaJeandelapaix Says:
Iyo uzifunga zose
@UWANYIRIGIRAJeanCaude Says:
Ntabwo murwanda tureshya kuko mubyukuri abanyarwanda bakunda gusenga ahubwo muduhe amahirwe nkababyeyi abenshi tuzikosora nyamara Imana irahari .
@UWANYIRIGIRAJeanCaude Says:
Kwiga sikibazo uyumunsi nurikuvuka aziga kuko itegeko nitegeko ahubwo mutworohereze ,ubumenyibwo igihecyose burakenerwa.
@UWANYIRIGIRAJeanCaude Says:
Wamubyeyiwe mubyukuri imyerere yabo itandukanye niyabandi ahubwo nihabeho kugabanya amajwi ariko mutworohereze dusenge cyanga ahobishoboka bafite izondangurura majywi babigabanye .
@EricDushimirimana-z5j Says:
mwavuga ngukix nyine
@ruganzutiger115 Says:
Mwakoze cyyaneeee
@yisabriel Says:
Mukubite ibisambo mutababarira
@ubx500 Says:
Urusaku baruteza babishaka. Barasakuza cyane iyo babwiriza bagacuranga cyane, ninko kubwira abantu ngo dore dusengera hano nimuze musengere iwacu. So, ni ugushaka gukurura abantu ngo babakuremo amafaranga. Ibi bintu byo guhagarika akajagari k'amadini byaranshimishije cyane. Mukomereze Aho bayobozi bacu muzigabanye rwose
@peacerecordstudio1207 Says:
Uyu mudamu arabivuga neza pe! Gusa ba gitif na mudugudu nta miyaga bashiramo. No mu cyaro barashaka parking ahataba umuhanda
@Umuhungu_wa_Nyagasani Says:
@annynyagatare6813 Says:
Ikiganiro cyanyu ni kiza birasobanutse ariko pasteur ubeshya ukwiye gushaka undi mwuga utubwiye amanyanga akorwa nabiyita abashumba ariko mujye mubahana n’abandi bibare isomo
@UWAJENEZAGILBERTINE Says:
Ubuyobozi bwacu bw'igihugu turabemera Imana ibashyigikire❤
@HategekimanaClaude-z7i Says:
Nsubiza madame we Ninde Ugenera Imana aho igomba gusengerwa ??Niwowe ugena gusengwa kwImana murwanda?
@chantalumurungi7834 Says:
Madame Muyobozi Ubu uRwanda rukeneye insengero ibihumbi bingana kuriya kweri?
@FaustinNYABYENDA Says:
Mugenzure na nyobozi zabagize ayomatorero kuko impamvu batagaragaza abagomba kuyobora suko badahari ahubwo nuko hakora cyenewabo usanga mu itorero mpuzabikorwa igizwe n'umuryango umwe nimubishaka hari ingero zifatika cyane muri ADEPR
@NKURUNZIZAJEAN-dx2qc Says:
Ibyo avuze ni ukuri pe
@neric37 Says:
Insengero nyinshi ntaho zatugeza, iyo myumvire tuyirenge twubake ubukungu bwacu.
@habyarimanadeo3450 Says:
Nukuri ibyo muri kuvuga niba bikore nkuko ba byemeye maze izo nsengero zikingurwe kd bajye bu baha amategeko y ashyizweho
@NsabimanaClaver-c7z Says:
Kayitesi We ibyo uvuga Nukuri Rwose

More News Videos