Iby'insengero zafunzwe || RDC iracyashaka gukora u Rwanda mu jisho || Israel yarikoroje muri Liban
Iby'insengero zafunzwe || RDC iracyashaka gukora u Rwanda mu jisho || Israel yarikoroje muri Liban
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@Maombimathias Says:
Iyo umutima urwaye, ntaterambere nyaryo ribaho. Kuva amateka y'isi yabaho, imyizerere ni gatozi, Kandi buri kiremwa cyose cyishimira kubaho kidahatirwa KWIRENGAGIZA umutimanama. Abigisha ibyo Bibiliya itavuga kubera inyungu zabo bo barahari Kandi bagomba gukurikiranwa n'amategeko ahana abajura, kuko URwanda rufite amategeko ahana bene abo. Rero icyaha cy'umwe cg benshi NTIGIKWIRIYE KWITIRIRWA BOSE! BURYA umuntu agira igice cy'umubiri n'ubugingo. Iby'umubiri birafatika ariko iby'ubugingo ntibifatika. Byaba Ari akaga gupfukirana cyimwe ! Umuntu wuzuye ufite kugubwa neza, ni ufite umubiri muzima n'ubugingo buzima. Kuba igihugu Ari gito ariko hakabamo insengero nyinshi, ntabyagakwiriye kugira icyo bitwara, kuko ABANYARWANDA nubundi dufite ubucucike bwinshi bw'abantu, Kandi imyizerere iri muri bo! Na cyera hariho imyizerere gakondo yo guterecyera no kuraguza, Kandi nabwo hariho abapfumu baryaga abantu utwabo nubundi! Nyamara mu bukristo Bibiliya yo yigisha ko hatanga umuntu UBISHAKA KANDI ABYISHIMIYE, Kugirango ibikorwa by'ivugabutumwa byaguke, kuko ubukristo ntabwo Ari ubucuruzi ( Business), ni n'umuryango udaharanira inyungu , ahubwo ufasha. Bariya mubona mu buvumo n'ubutayu akenshi ntabwo Ari amadini aboherezayo, ni abantu bajyayo kubwende bwabo! Ibi bintu byagakwiriye kwiganwa ubushishozi ntagutsikamira imitimanama y'abantu. Buri wese agira icyo yemera. Niyo waba wemera ko amadini yose abeshya , iyo nayo ni imyemerere yawe, hari abandi bemera ko hari atabeshya. Rero Imana y'umucamanza niyo izaca urwukuri, twebwe dukwiriye kubaho tubana amahoro mu bidasa bwacu! Ibi Niko biri muri sosiyeti zose kuva isi yaremwa. Kwizera k'umuntu ni ntavogerwa, birenze iby'undi muntu yagenga!
@FideriUkwishaka Says:
Feredina avuze neza igihugu iyo gifite ibyogukora,abantu babihugiramo ntibabone umwanya wogutakaza mubindi.ikindi gikomeye iyo umuntu yasengaga (akaza gusubizwa)Cg kubona akazi ntabwo asubira gusenga nkuko yabikoraga mbere.mubice byicyaro usanga abasenga bafite ibibazo byubucyene,bigatuma bajya gusenga basaba Imana ubutunzinkabandi.
@manofthepeople9852 Says:
We need people who have experience
@manofthepeople9852 Says:
Aba ntago bazi gusobanura 😢😢😢😢😢😢😢😢😢

More News Videos