Harya si wowe wabwiye #Melody ko isura ye idacuruza??
Isi nawe iragutegereje.
@Pazzo-z1j Says:
Dr Thierry ntakuntu mwaba mumfunze nkumwaka?
@nunuuali5316 Says:
Dr uri mu kazi kawe neza rwose,gusa simbina impamvu yo kuvuga Mutesi muribi bintu kuko Mutesi yarazahajwe kandi abamusebya bose ntanumwe asubiza arabihorera njye numvaga umugabo Claude yahabwa gasopo hamwe nabariya bagenzi be kwirirwa bandagaza uyu mubyeyi bavuga ibyo badahagaze ho. Na Camarade kabisa akwiye gasopo
@umulisaaimee3803 Says:
Babandi bitwa abarokore b'itiku ryinshi nizere ko mwumvise agakiza from Dr
@tumebukuru Says:
ese ko mutarya mufata kasuku kandi we yirirwa avuga ibitsina mumazina yabyo Nuko aba atuka abohanze
@BISHYASHYATv-j1y Says:
Djihad nawe abyumve neza , hano arabwirwa
@u-dfam9111 Says:
Ibyo Doctor avuga nibyo kbs naho ibyo abo bavuga ngo gusebanya nibyo bituma Shawbusy itera imbere ngo nibyo aba nyarwanda bakunda oya oya ahubwo nuko aribyo baba babonye kuma social media yabo naho abanyi bagiye bakora ibiri mumurongo muzima abanyarwanda babikunda kuko aribyi baba bareba that is my opinion
YOUTUBE COMMENTS