Ibyo gukora ikizamini cy' icyongereza no logic kbs hakabayeho ikizamini kijyanye ni byo umwarimu yigisha. Ikindi cya kabizi imyaka itatu ya primary ibanza bagakwiye kwiga mu kinyarwanda.
@NdorimanaBosico Says:
Ni mudufashe tubone mutation kuko gukorera kure ntabwo umwarimu asagura.
@BIGIRIMANATharcisse-c2b Says:
Minister,ni ukubera iki umuntu aba yarize,uburezi afite diploma muburezi ,agakora ikindi kizamini??
@NyiranshimiyimanaMarieclai-s5y Says:
Muzamutubwirire agabanye imyaka yogusaba mutation hari abantu baba bakorera kure cyane bakabangamirwa
@evsibomanaernest4970 Says:
Thx minister
@jeanbaptistenduwayezu552 Says:
Indirect and voluntary ccolonisation,...uzi kuvuga icyongereza bivuga ko ashoboye? Mubitekerezeho hatazabaho guta umuco ushingiye ku rurimi rwacu ngo twirukiye iz'amahanga. Amasomo yose atangwa mu cyongereza uretse igifaransa,swahili na periodes nkeya z'ikinyarwanda...na Minisitire murumva ko kuvuga ikinyarwanda bimugora....
@jeanbaptistenduwayezu552 Says:
Akavuyo mu burezi kagarutse,hari ba SEIs bameze nk'intare muri iyi evaluation bari gukorera aba HTs n'ababungirije,
Evaluation yakagendanye n'ubujyanama ntabwo ari ukwiriza nkana ku ba evaluatees
Ese iyo leadership licence iboneka Ite , itangwa nikihe kigo?
@dzudzu2024 Says:
Hari ikigo nzi cya reta gifite Accountant/ econome wakigize icye na ba Directeurs bahaza abarusha ijambo kuko uwo mwanya awumazeho imyaka irenga 25. Icyo kigo kiri mu Karere ka Musanze
@BizimanaJustin-q8r Says:
Murakoze cyane na mashuri ya prive muyakangurire kwigisha amasomo yose mu cyongereza kdi bashyire cyane imbaraga mu cyongereza kuko byaza bafasha
@NiyonkuruViv Says:
Muzarebe n' ibigo by' amashuri aba Head teacher bagize uturima twabo kubera kuhakorera imyaka myinshi (above 5years)
@inamatv4565 Says:
Kwirukana mwarimu ntago ari ibyingenzi cyane
@ildephonsenzamurambaho1508 Says:
Iki kiganiro ni cyiza! Hon. Minister yavuze ko abana ba lower primary batsinda imibare n'andi masomo kubera icyongereza. Muzatubarize Honorable igihe bazabigishiriza mu rurimi bumva neza kandi bagatsinda amasomo yose neza.
@jean-luctv2412 Says:
Mwiriwe neza mwakoze gutumira minister of education ariko mwibagiwe kumubaza ikibazo kirebana n'abarimu bahawe bourse batarabona akazi
@BLF-je4xx Says:
Muzadusabire,, minister wuburezi,, azakore impinduka head teacher wa primary bakoreshe A1 and A0,, byaba byiza cyane
@adrienndayisenga8162 Says:
Ubajije minister nkuwibariza ntago wabarije mwarimu pe
@D-l1x Says:
Best minister the improvement is expected in education from his services
@augustinnzigiyimana2807 Says:
Hari ibigo by'amashuri yisumbuye ya Leta bisaba ababyeyi gutanga amafaranga yo kwishyura umuforomo wita ku banyeshuri n'ayo kunoza imirire, ibi MINEDUC ibibona ite? Ese birakwiye kdi ku bigo bike bidakorera mu kagwa kabyo kihariye?
@bizimanacharles2152 Says:
Abayobozi b'amashuri Bari bakwiye kuguma kuba abakarere so guhinduka kwa status bizica ububasha mayor yarafite ku karere noneho bibangamiro supervisor bakorerwa.
@geoffreymutabazi1727 Says:
Honorable Minister, I think you are tackling the real issue that we all face as classroom teachers. I remember at the beginning of your office, you mentioned an irreplaceable process called dialogue with ALL key players/stakeholders in the education topology.
I want to feel that, there is a myriad of subtle issues that cause nagging hiccups in the quality we offer in class. A holistic approach needs to be sought for as some are simply systemic with the educational landscape. Just a thought.
@JosephNzayisenga-r9x Says:
Ese izo licence izaboneka gute
@ObedNTIYAMIRA Says:
Kubijyanye n'ingingo ya 75 y'iriya sitatut nshya ,nibyiza hari abarimu bafite uburambe ubura butahabwaga agaciro,mwarakoze kubikosora.
@EmmanuelUwiringiyimana-hj6ky Says:
Mbashimiye ikiganiro cyiza ariko Umubare w'abanyeshuli uracyari mwinshi kuri mwarimu.
@assachannel4121 Says:
Murakoze nyakubahwa Minister ,turashaka kubaza ikibazo cyaba secretary barikumashuri ese hari gahunda yo kubahindurira ibigo cyane ko bari gukora kumwanya wa secretary kandi bagomye kuba kumwanya wa Secretary accountant muri primary none bakaba bari muri secondary kandi kubigo biriho Bursar?mutumare impungenge kurabo ba secretary murakoze.
@uwambajimanaalphonse309 Says:
Ese icyongereza cyuwigisha mathematics nuwigisha literature nikimwe? Hakwiye kugira byishi bihinduka ,kuba abana biga amasomo adakorwa muri national exam nikibazo.ese ikizamini gitangwa muri English mwarimu akagitsinda .agitsinda ate knd atabyumva.
@MUNYENTWARIPIERRECELESTIN-s8e Says:
Headteacher wa primary azaba afite iyihe niveau niA2orA0?naho se uwungirije azaba afite iyihe niveau niA2orA0?
YOUTUBE COMMENTS