Kangondo igiye guhindurwa nshya: Sobanukirwa umushinga wo kuhubaka inzu 590 z'icyerekezo
Kangondo igiye guhindurwa nshya: Sobanukirwa umushinga wo kuhubaka inzu 590 z'icyerekezo
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@nubuhoroisaac Says:
Kibiraro
@flyfly2208 Says:
Ugurana nibikoresho c?
@GiovanniClaudioDEFALQUE Says:
Mu ntangiliro byavugwaga ko ari mu gishanga n’amanegeka bishobora gushyira abahatuye mu kaga. Imana ikora ibitangaza kweli!
@pazzop2591 Says:
kd ari mumanejyeka musetsa
@ShikWa-p3u Says:
Ubwo c mukoze iki nibyo bifu byanyu bitajya byuzura abana mwagize marine bari bafite aho baba uzi uko bangana Imana niyo yonyine izabahana
@rutayisirejohn252 Says:
Haaaa KARERA urumuhanga Mbandoga Umwanzi peuh,Eeeeee ngo Ntaho kwituma bagiraga? Nanjye simvuzeko gitwaga BANNYAHE😅😅
@kidamage176 Says:
Ngo ni escro account 😂😂😂😂😂😂😢😢😢😢😢😢
@kidamage176 Says:
Yesu Christu umuvu wamarira yabantu ba Kangondo uzayatembana Imana izayatwika 😂😂😂😂😂😂😂😂
@irankundapatience556 Says:
Nangahe igura
@ndorimanaelieelie3549 Says:
Hhhhh ariko namwe wagirango tuba twibagiwe ibyo mwatubwoye nonese komumanegeka muhubatse inzu zihenze
@SKH-x8y Says:
Mugane baka zibahe amafaranga mwigurire😂😂😂😂
@imvuratv5412 Says:
Komwubatse amazu meza mumanegekaa?
@yisabriel Says:
Ariko abantu muvuga ngo amarira yaho bambuye muzasure amaetage babahaye murebe muri mwe niba hari uwayiyubakira njye nasuyeyo umuntu ndumirwa niheza bitangaje abarwanya leta rero babaciyemo ngo bavuge ko leta yabarengajyije njye siko nabibonye uwayinyihera njye nashima
@TheonesteNDAYISENGA-d9j Says:
Kdi sha kera hari mu gishanga none habaye mu nyubakire.
@uwamaliyaphilomene4251 Says:
Imana nyiribiremwa ntazibagirwe agahinda namarira yabari batuye aho.mwambuye gakondo yabo
@sunbluejd2173 Says:
Kubera iki mutazamuye inyubako ndende bari batuye aho ngaho bakongera bakahatura aho kujya kubashyira hirya y'umujyi
@sibomanajoseph2498 Says:
Ubuse bs iyo bubaka inzu ndende cyane nabanyiri ubutaka bakabaha aho kuba batagiye kwangara
@dianeuwamahoro5186 Says:
Ubu Rero Kongera Kubaka Ikibahima Mu Rwanda Bigiye Kuba Amateka Yewe Abakene nukutujugunya Induba Mpba Ndumiwe
@dianeuwamahoro5186 Says:
Million 300 ni Make 🤪
@mupenziMupenzi-z3w Says:
Amahugu ni nkumusenyi.
@NganizijeandeDieu Says:
Yesu ni Umwami ibihe byose.
@tuyisengeelyseejuvens7974 Says:
Abakire barakimara
@AYIRWANDA2023Sekidende Says:
Nimwubakyire ba nyili ubwite! Na mwe ubwanyu muzakurikyizwa abo bacancurobmuyacuruzaho.
@bj2907 Says:
byaribyiza nuko byubakiye kubwambuzi nogukandagirana rubanda rugufi, kuko mwambuye bene ubutaka ububari kwangara😢, rero burya ibintu byubakiye kumarira yabakene ntimukabyirate , muzirate ibyavuye mukuri bitarimo amahugu ndengakamere
@nikuzesandrine1034 Says:
Uwampa nkazicara mu nzu yanjye nkumva uko bimeze pe.ubukode sikintu.abayafite mujye mushimira Rurema rwose.
@nkurikiyimanajmv-y8c Says:
Cyakoze haracyeye pe
@UwanyirigiraVivine Says:
Ese niho? Nari narayobewe kangondo ahariho!
@nkurikiyimanajmv-y8c Says:
Njyew mbabajwe Nuko nabatsinze imanza batarishyurwa Kandi mbona abakire barishyuye
@UmulisaFabiola-k1q Says:
Kuki abaturage baho mutabishyuye ko mwari muhafitiye umushinga nkuwo???
@UmulisaFabiola-k1q Says:
😂😂
@dimaskaka6682 Says:
Mwahimuye abantu ari mu manegeka, none hagiye kubakwa ayo mazu? Nyirubutaka, ni we uzayifatta! Muzaba mureba.
@RadioIKAMBA Says:
Hahah escrot account! Nta soni noneho uragaragaye umaze kwangaza ba nyiri ibibanza! Uwo ni umuvumo muri kubakiraho! Amarira ya ba nyirabyo azabasama!
@HabumugishaJeandeDieu-rg2su Says:
Hahahahahaha kugura inzu yubatse mumanegeka byashyira ubuzima bwuyiguze mukaga, aho hantu mperuka ari mumanegeka none hahindutse aho guturwa gute.? Sha isi we ntigira inyiturano pe ubu abahavuye bazahabona hatuwe nabandi bo barigutembera
@jeanlambertmubano7075 Says:
Ibi nibyo bita ubuyobozi bwiza.Ureke Gisegeti wica abaturage be akisenyera igihugu.Ubundi akirirwa yiriza.Imigisha myinshi Ku Gihugu cyacu.
@claraakaliza8717 Says:
Ntihakiri amanegeka se? Izo nzu zo ntizizatwarwa n'ibiza?
@always-online Says:
Mba numva mfite ishema ryo kuba umunyarwanda no kuba mu Rwanda. Bitandukanye nuko benshi twarumvaga kujya mubihugu byo hanze aribyo byiza ariko nasanze ahantu naba ngatuza ari iwacu i Rwanda.
@ConstantShema Says:
Keep going Dad!!!
@HategekimanaAnicet-u2u Says:
Nibyiza cyane kuvugurura umugi wacu ariko kareta natekereze ihohoterwa twakorewe mukubarirwa batesha agaciro imitungo yacu nari mfite inzu ya m8kwi10;ifite prafo yarangete ibarirwa 3,300.000 mfite iya m9kuri 6 bayibarira 3,200,000 mfite 9 kuri 6 hayibarira 3000000 iryo genagaciro ribaho karera aradusebya kuko yadutwwye ibyacu kungufu
@tobi-Mivumbi Says:
Hari abaturage bagifite agahinda kubera uno mushinga
@MusoniEmile Says:
Umushinga nimwiza pe, ariko uburyo watangiye harimo akarengane. Woowe nkumushoramari wimuye abaturage kungungu zawe uvugako ari amanegeka none nawe ugiye ugiye kuhakura amafranga. Kuki utagiye ngo wumvikane nabahatuye ubishyure maze usigare ubutaka butariho umuvuml kokk
@G.76000 Says:
Bwana Denis rwose iterambere niryiza ariko se ko mugiye gukora ishoramari kuki mutaguriye abaturage neza bikabanza kuzamo induru ?? Mwababaje abaturage mubafatira imyanzuro ku mitungo yabo
@lucasmedia592 Says:
Zirasa neza ariko ko ndi umuyede nzabonamo inzu😂
@ManishimweJeanclaude-f4n Says:
Banywahe cg Bitumahe
@63291 Says:
Banyiraho,Baraharuhiye! Bashyizwe Munzu imwe😂😂😂😂Kanombe😢😢😢
@Imran-p6l Says:
Ntago muba mwaduhaye introduction y'umushinga mbere yuko mukomeza mukiganiro, ku muntu udasanzwe awuzi ntacyo yasobanukirwa n'agato
@taxicomedytv6894 Says:
Ariko se ko mukurarinda ko yavuze ko hariya hantu hadakwiriye ikiremwamuntu mwaba mugiye kuhubaka zoo?
@nabanarichardbienvenu1505 Says:
reka nicecekere
@Twahirwa455 Says:
Ariko mana🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@HabahabaYerry Says:
*Sinaherutse KANGONDO Ari mu MANEGEKA, nta MUNTU wemerewe kuhubaka?*

More News Videos