Umutungo we urenga miliyari 10 Frw | Afite isaha ya miliyoni 14 Frw | Sadate yavuze ku mutungo we
Umutungo we urenga miliyari 10 Frw | Afite isaha ya miliyoni 14 Frw | Sadate yavuze ku mutungo we
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@nsengiyumvabruno9544 Says:
Nakunze kubona abantu bitaka imitungo akenshi bitarabahiriye
@nshimiyimanajoelmax8870 Says:
Ntakibazo kugaragaza ibyo utunze mugihe biri mumucyo nibenshi murwanda bagaraza za billions batunze kandi bari amahoro nibyabo Ubuyobozi bw' u Rwanda ndetse nabanyarwanda twese duterwa ishema no gukira kwa bana b'igihugu❤
@GustavoBahembera Says:
Baskets bazambarana amasogisi magifi ..apana ayo y abakonnyi bumupira !!!! 😢😢😢
@ericbarcos2416 Says:
Yabyaye ari muto abona amafaranga ari muto mubigaragara afite nubuzima buzira umuze ,,, ndetse nuko asa arishimye pe abana be bose ubu nibakuru niyo isi yamwihinduka ariko abayeho neza pe reka abyirate kuko abameze nkawe nibake ibaze imfura ye ifite 29 we afite 44 ubwose urumva kuvuga imitungo ye adafite ishingiro❤❤❤ Sadate ugomba kundemera nanjye ❤
@UwaseAllianceGloria2 Says:
Eh! Uyu mugabo ko arumubosi🤔!!!! Ubu namukuura he ngo mubwire ampeho ku manoti ho makeya🤔 ???? Ubu yazandemeye koko??
@Goodluck001.g Says:
Sadath burya ntiyiyemera❤❤❤ Ark Rayon Sports yo ntitwayiguha😂😂😂😂
@Chefabdul1 Says:
Merci papa🙏🙏
@HealthcareLTD-t9p Says:
*REKA TUREBERE HAMWE kU INDWARA Y'AMIBE ESE WARI UZIKO IKIRA IGASHIRA MUMUBIRI?* Amibe ni indwara y’inzoka zo munda ituruka ku mwanda.Bishobora guturuka ku mazi anyobwa cyangwa akoreshwa ndetse n’ibiribwa bidasukuye. Ikaba iterwa n’udukoko duto twitwa ’Entamoeba Histolytica’ twinjira mu mubiri iyo uriye cyangwa unyoye ibyandujwe n’amagi yazo. Kugira ngo indwara y’amibe ikure mu mubiri, agakoko k’antamoweba histolitika karagenda kakibera mu mara, aho gatungwa n’amaraso kanyunyuza mu muntu, bityo rero kakaba gashobora guca ibisebe cyangwa kagateza ibibyimba ku mara. Ariko kandi hari n’igihe ako gakoko k’amibe gashobora no kwinjira mu maraso kagatemberamo bityo bigatuma gashobora no kugera mu mwijima maze naho kakahateza ibibyimba. Ibimenyetso bya Amibe ukwiye kumenya • Kubabara mu nda • Kugira umuriro rimwe na rimwe • Gushaka kujya ku musarane nyamara wajyayo bikanga • Guhurwa ibiryo bimwe na bimwe ndetse no kubura appetit • Impiswi akenshi hakagaragara mo amaraso • Kwishimagura,……….. • Kubyukana isesemi Uko twakwirinda Amibe Inama y’ibanze yo kwirinda iyi ndwara ni ukugira isuku y’amazi, ibiribwa n’isuku y’ibikoresho byo mu rugo, ukoresha amazi atetse cyangwa ugakoresha amazi arimo imiti yagenewe gusukura amazi, koza ibiribwa mbere yo kubirya, gukaraba intoki kenshi gashoboka cyane cyane uvuye mu bwiherero na mbere yo kurya cyangwa konsa umwana ku babyeyi bonsa. Ese Amibe iravurwa igakira? Abantu benshi bibeshya ko Amibe idakira ariko ni ukutabimenya kuko Amibe ivurwa kandi igakira burundu. Ahubwo ni ingenzi kwirinda bihagije kuko akenshi iyo umuntu yavuwe agakira maze ntagire isuku ihagije akongera kwandura akeka ko atakize neza kandi Atari byo, byaba byiza rero ugize isuku maze ukaba wirinze burundu indwara ya Amibe. Ubu rero habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera ivura amibe igakira burundu. Iyi miti yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration). Muriyo miti harimo *Reishi na Yee Garlic* Iyi yica amibe ndetse ikamenagura n’ibikonoshwa amibe. Twabibutsa ko iyi miti nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje. Uramutse ukeneye iyi miti wahamagara cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp +250783303692
@vangoz8 Says:
Ese wariwibaza Impamvu urwanda aricyo gihugu kwisi gidatangaza abakire cyangwa nibivuge? do you know why ? hmmm
@vangoz8 Says:
Ukoze ikosa rikomeye uzicuza learn from your elders
@albertuwamahoro1446 Says:
Sha Sadate ukose ikosa never show off ibyo utunze with time uzamanya ko atari byiza
@rukundorwiza5223 Says:
Iyimbwa iriyemera kandi numushumba
@zhebongahassan8095 Says:
Ese burya sadate numunye nyanza koko ni umu rayon wimbere nubwo mbona baba bashaka kunwirenza
@Rudahigwa-l5c Says:
Anyone bragging about the amount of money they have is surely a scam…lol
@MurebwayireVestine-w1n Says:
Ubwo ugiye gufeta ko ubura ifaranga rimwe ngo wuzuze miliare 100 uraje
@didiernkono5597 Says:
abakwanga bose bazakorwa ni isoni kdi nkuko bisanzwe nta mugabo muzima nyamugabo ukundwa ni ibigoryi .
@Mento148 Says:
Uyu Se we muzanye Ashinzwe iki ? Ngo miliali 😂😂😂😂 10 nukuyavuga ariko kumunwa ?
@didiernkono5597 Says:
Sadate rwose ni umugabo mwiza cyane ariko by'umwihariko mukundira guca bugufi ndetse no gukunda igihugu kandi akabikora atihishahisha kuko arwana ku mugaragaro nubwo na ziriya ngegera zirirwa zishaka ko iki gihugu cyasubira mu icuraburindi cyavuyemo . Komereza aho kdi Imana igumye ikugende imbere hamwe n'umuryango wawe ndetse ni igihugu cyawe .
@CyizabirenziBlandine Says:
ibi bimaze iki se kandi ko mbona abanyarwanda bamaze kwangirika cyane muburyo bwimyumvire camera na micro byatumye abirabura baba ibigoryi neza neza
@Nyiramongi Says:
Inkirabuheri nako umushumba. Imitungo yose nyirayo arazwi, mwe muri abacunga mu rundi rurimi abashumba
@charleskazungu1454 Says:
Komera komera muhungu wa Assèla. Yari inshutiikomeye ya grande sœur
@ingabirejosianne8754 Says:
Yayayayyaya byaribyiiiza ariko kuvuga abowahaye sibyo pe nahubundi kwinezeza mumusaruro wawe byo ntakibi kirimo bwose kuko nubundi utabiriye ntabwo babigushyingurana
@claudehabimana3109 Says:
Buriya hari ukuntu sadate agira gutya kuri X akaremera abantu bakanezerwa ntabwo arya wenyine azirikana aho.yaturutse mba numva mwikundira Noneho.iyo bigeze muguhabya ibigarasha ninterahamwe urukundo ruriyongera p
@BazimazikiBatista Says:
Munfasha mukampa nimero ya Sadate komukunda cyane kubitekerezo atanga.
@footballlegend2764 Says:
😂😂😂😂😂 sadate weee nubwo ntakubereye mumufuka ariko ayo mafaranga ntayo ufite uruwo kwiyemera naho rwose nturacyira cyakoze ndagusetse ndongeye ndagusetse😂😂😂😂😂
@NiyonkuruIsrael-x5k Says:
Ni.13
@angelmona8506 Says:
23:30 Ubucucu buba burenze urugero iyo n'umunyamakuru wa Igihe abanje kwifata ku munwa!!! Iyo abantu bafite very low IQ ari bo bafite ijambo n'ubutunzi bw'igihugu bikwereka akaga igihugu kirimo. RRA ikwiye kwegera izi njiji ikabanza ikazikuramo byibura umusoro w'abanyarwanda zivugiraho amahomvu.
@agahebuzotv Says:
uvuze neza sadati ndagukunda cyan
@alphonsendayishimiye8243 Says:
Kwivuga ibigwi byamafaranga,njye numva ntamumaro.ahubwo ibikorwa nibyo bikuvugira.ex.Rubangura.kugira ibanga nibyo biranga abanyarwanda.
@claudehabimana3109 Says:
Ejo bundi mumatora ubwo.waduhaga 100M nahise mvivura ko uri mubaherwe igihugu gifite
@mahoro759 Says:
Najyaga ndeba Sadate nkagirango agirubwenge iyutinyutse ngutunze miriyari10 niki wakoze cyayaguhaye ese buriya ayomaf wamaze kuyatangira tva ubwo ndavuga niriyarimwe namaganinani ariko dukeneyeko utubwiricyo wwkoze yewe ndabyemeye yakipe iribwa pe
@HirwaArstide Says:
Naherey kumwena umwee😂😂😂 ark murasetsaaaa😂😂😂😂
@rebaho.tv1 Says:
Niba uri umukire koko uzampe akazi.
@TecnoPop7-e7e Says:
Uyu ni umukire cg ni umushumba ??uyu yahaye akazi urubyiruko rungana iki ??umukire wavuga mu rda ni se na gerard muri bake bagaragaza ibikorwa bifatika naho abenshi batunzwe no kunusura kuri budget y igihugu bakora amasoko ya leta adashinga
@hakizimanahussein9731 Says:
Ntakintu nkunda nko kubona uburanga bwa El Hadji Sadate. Ufite uburanga bwuzuyemo umucyo mu maso, Sididja ufite iri mu bikubahisha cyane. Nukuri urumuntu w'umwizerwa ntabwo bigora abakubona uretse ko bamwe babyirengangiza nkana. Imana ikwishimire Hadji
@manikaka2039 Says:
Uyu kamubayeho niba atangiye kurata imitungo ye gucya kuri Camera!
@UMWIRUEntertainment Says:
𝑻𝒊𝒎𝒆 𝒘𝒊𝒍𝒍 𝒕𝒆𝒍𝒍 𝑺𝒂𝒅𝒂𝒕𝒆 𝒊𝒘𝒂𝒏𝒚𝒖𝒌𝒘𝒊𝒗𝒖𝒌𝒐 𝒘𝒂𝒉𝒂𝒌𝒐𝒛𝒊𝒌𝒊? 𝑯𝒆𝒛𝒆𝒌𝒊𝒚𝒂 𝒚𝒂𝒃𝒖𝒛𝒆 𝒌𝒘𝒊𝒓𝒂𝒕𝒂 𝑰𝒎𝒂𝒏𝒂 𝒚𝒊𝒓𝒂𝒕𝒂 𝒊𝒎𝒊𝒕𝒖𝒏𝒈𝒐 𝒖𝒛𝒂𝒔𝒐𝒎𝒆 𝒔𝒕𝒐𝒓𝒚 𝒏𝒆𝒛𝒂
@Mutaaga13 Says:
Gushaka ku myaka 15 ? Wari muto chane ...
@Tnr8938 Says:
Hahahahaha Sadate rwose !!
@MamaBouhkari Says:
Mwampuza nawe akampa igishoro se nanjye nkareba uko nigenza kd ko yanyumva
@siriritikodro250 Says:
Woe uzaba nka Bamporiki Eduard,
@Sky-1506 Says:
@SADATE kuva utangiye izo mvugo urarangiye !! Waba wibuka Ex-Minister BAMPORIKI avugavuga ngo atunze Billions Ibyakurikiye ho ,ubu ubona amerewe ate ?? Ureba kure watangira kwisegura ibukuru hatazamo zwahama. Rwanda urakora ugatuza apana kwigba ibinibi ntabwo hano ari Uganda Kenya Tanzania abantu banezezwa no kutara imali hano Rwanda iyo mico ntabwo bayikunda na kazi kawe.
@MCG-123 Says:
Ikiganiro cyiza. Murakoze. Ariko:" Dushobozwa byose na Kristo Yesu/Yezu uduha imbaraga. Ntagereranwa.
@maestrogroup10710 Says:
Imitungo kuyivuga se buriya nisawa Ra
@kaberukajustin8883 Says:
Imana yaguhaye umugisha nukuri nikomeze iwojyere kdi abakuvuganabi nishari ntago arishaka bagufitiye
@InnocentNsanzabandi Says:
Njye sindabona umukire ujya kuri social media ngo ajyekwamamaza ibyo atunze! Uyu niwe wambere mbyumvana
@immaculeenzamukosha3856 Says:
Bakwitege ubwo utangiye kwirata ubutunzi!!!!!nufasha umuntu ntibikabe inyigisho!!!!
@Afristana Says:
Ubwo atangiye kwamamaza ibyo atunze kabaye😂😂
@megapower-2025 Says:
Vraiment Munyakazi ni urugero rwiza rw'uko umuntu yahera kuri zero akagera kure, ikimbabaza ni ukuntu hari abantu baba bamwurira batanazi uwo ariwe

More News Videos