Ni inzu turi gupfa || Sinahohotera umugore muri iki gihugu || Songa Isaïe ku byo ashinjwa n'umugore
Ni inzu turi gupfa || Sinahohotera umugore muri iki gihugu || Songa Isaïe ku byo ashinjwa n'umugore
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@Kay..e-p1 Says:
Dore ya nyamaswa
@graceuwimana751 Says:
Uri mubi sinzi impamvu Nadia yakwemeye.uri umugome pe!!
@Ruvuyanga250 Says:
This guy his monster for really songa reka kwigira umwere kbsa udatuma tuvuga byinshi
@agnesm.shyaka7796 Says:
Ariko ubu mwagiye mureka ubugome ko ntakiazo cyabwo.
@kezaisimbi717 Says:
Nadia mureke yibereho nubundi ntabwo ari ku rwego rwaweee kbsa twarabyûvise ko nubundi ngo wari waciye mubavuziiii ukaza guhemukira jmwana wabàndi
@kezaisimbi717 Says:
Ese nkubu nta soni aratinyutse n ibisatsi bibi aje kuvuga amahomvuuuu warahemutse ahubwo sinzi impamvu utari muri gereza Ibyo Nadia yavuze afite ibimenyetso twese twabyunvise Wa mugabo we nudasaba nadia imbabazi ngo n Imana uyisabe ikubabarire ubuzima bwawe ntabwo buzakorohera kuko kuri iy isi habaho carma Ntimugahemuke ngo mwunve ko birangira gutyo none ugeretse ho ko kuza kumusebya uvuga ko abeshya kandi aribyoo
@BoscoTumukuze Says:
Uyu mugabo numunyamafuti cyane kuko Twese turi kumucira urubanza kuko ngo ntabimenyetso afite byemeza ko yagerageje kubana numugore we neza munyuma bikaza kwanga?? kuba atarigeze akora record murugo rwe Icyo nikimenyetso cyuko yizeraga urugo rwe rurimo umwana we mugihe umugore we yafataga record zibintu bibi byabaye murugo rwe muri macye yari maneko murugo rwe kuko ntago tuzi nimba ibyo yavuze byose ari ukuri?? None x ikibazo cyamatsiko umugore wuyu musore ntakintu nakimwe koko azi cyavuye kumugabo we ngo habe nakamoto ka 500 nkuko yabivuze kwa rweme mbabazi??? Ese yihanganiye kubyarira uwo muntu gute? bakabana gute murubwo buzima butarimo ubufasha buturutse kumugabo we kd ngo iwabo yari yarahasize byose kd ko yarafite numwana muri macye yari mukuru azi kumenya nimba koko uwo muntu bakubaka bigakunda? Imamvu twese twemeje ko uyu mugabo ari mubi nukubera ko ngo yarwanye numugore we akamukubita umutwe hakaba hari nibimenyetso abyemera?? hatali ndakurahiye fear woman but nuyu mugabo afite amakosa gusa umugore nawe afite amakosa yo kutizera umugabo we kugeza kurwego amukorera record yarasigaje no kuzamanika camera murugo rwabo iyo baza kuba babana Baca umugani ngo umugore warakaye satani aramanuka akaza agafata amasomo yuburyo ubugome bukorwa
@ntivuguruzwaisaac9580 Says:
Ntimugacire abantu imanza. kuba umuntu yajya imbere ya camera akarira cg akavuga amagambo runaka afata amarangamutima yanyu, ntibivuze ko ari innocent. ariko uretse ubujiji, niba koko ibyo uriya mugore yavugaga byari ukuri koko, ubu mwibaza ko RIB iri weak kuburyo gukurikirana uyu mugabo agahanwa byaba ikibazo kiyigoye!?? 😂😂😂😂
@MarieroseKampala Says:
Ngo waratojwe mu ngando? Abakwigishije bataye inyuma ya huye ibyo bakugaburiye byabaye imfabusa. Kwisobanura ntacyo bitumariye. Niba udafunze ni impuhwe zumugore wawe.
@Ange-hp7lh Says:
Nawe bazagufunga karande zikuriho
@Ange-hp7lh Says:
Abasitari bamwe nikobabaye bababaziko barenze bagira ubwiyemezi
@UweSalo123 Says:
Ibyo bisatsi byawe birimo ubugome nu burozi gatsindwe n,lmana
@UweSalo123 Says:
Zibaho wamugomewe ibyo ukora usa nabyo,lmana izaguhana wahemukiye Nadia
@NzayisengaLeonie-kg7uw Says:
Ubuse uyu avuze iki?🙄🙄nonsense😢
@NzayisengaLeonie-kg7uw Says:
Umuntu wihutiye muri comment nkange ninde 😂😂
@MukamanaEugenie-d6y Says:
Uyu muntu ninkumugome arabikanurira
@IngabireChristian-x8u Says:
Gendaaaa uba udusebya nka abagabo . ariko uri fake cyanee kbx , ahubwo naho nzakubona nzagutera amabuye puuuuuuh, imbwa gusa
@RugangareGuido-sp1qb Says:
Umva man ntuzajye utubeshya urikibwa sana
@gashemafrank714 Says:
ariko kuki comments zanyu zibogamira kuruhande rumwe Ingo nyinshi murikigihe zibanye nabi ese kuki uwomugabo ataracyena ntabibazo baribafitanye hari abagore bakunda ubuzima bworoshye bakaza bakurikiye ibintu byabura bigahinduka uriya mudamu arashaka kumutwarira imitungo
@Greatrock250 Says:
Warahemutse bro Kandi cyane. Gusa abo baganga mwitwaza b'abapfumu bazabakoraho..
@nambajimanaerick2509 Says:
Umugore agomba kubahwa ibigaragara urabeshya peee ntuzongere kandi ujyurwana nabo unganya nabo imbaraga
@PichouPaul Says:
Icyo kigabo nikigoryi man , ninikigwari 😊
@TUYISHIMIREGodeline-x6e Says:
Ngo uratitira😮😮 Imana izaguha gutitira bya ntabyo
@TUYISHIMIREGodeline-x6e Says:
Wa mugabo genda wababaje Nadia 😮 Kuba yaje Kgli urumva bigutunguye rero 😢Ku buryo wumva ko kuba aba mu ntara ari umuturage utabasha kugera kuri Camera areweeee Reba umutwe utera umupira kuwukubita umubyeyi ugifite ububabare bwa C-section Sha Imana izakwereka uko izi guhemba neza
@henrietteuwizeyimana6467 Says:
Wamuriye utwe ariko kubwimana azongere yiyubake lmana yarakoze ntiwamwica haguma ubuzima puuu twese abomwaturanye kimisagara turabazi nasaamunani yavuzaga induru tukaza apuuu gusa nadia yadukoreye ikosa ryokukubabarira utaramara basi numwaka umwe ngo witekerezeho
@henrietteuwizeyimana6467 Says:
Ahuhwo wagombaga kuba ugifunze bakakugorora yarahubutse guhita aguha imbabazi ntago waribube wivugisha ibyo
@henrietteuwizeyimana6467 Says:
Urigisomba ahubwo
@Consolee-wz1ur Says:
Wamugabowe Numvise ibyo wakoreye umugore wawe Imana niyo ibizi
@Consolee-wz1ur Says:
Urumutindi gusa
@Consolee-wz1ur Says:
Genda wakigome Imana izahorera Nadia nyumvira ngo yakoreraga hanze muntara akamara 2yers ibyose bibaho?toka kure
@DjanattNiyonkuru Says:
Ese konumva ucurika witsetsa ubusa reka genda wahemukiye Nadia nuko wasanze nawe arumunyembaraga
@habinshuticelestin596 Says:
Bro ceceka kabs wikomeza kuvuga ubusa.
@alphonsegahongayire9450 Says:
Iriya ni indaya mwibaniraga sumugore…,Ndabizi abakinyi benshi nizo mwirongorera….
@BankundiyeCharlotte-1 Says:
Nisura yawe iragaragazako urumugome
@BankundiyeCharlotte-1 Says:
Urumugore mubi bagufunge ahubwo,kamobwa
@MamaRayon Says:
Impore Sha turabizi harabagore babi pee, mureke uzibonera uguhoza akogahinda,
@kumezayubusesenguziofficial Says:
😂😂😂sha kuva urumuhutu Kabaye😢😢😢
@kabanyanaodette6370 Says:
Uri naki ubuse yagukundiye iki ubundi Nadi
@YusufuMugenzi Says:
Zibaho wangagi we urabeshya ahubwo uzasabe Nadia imbabazi waramuhemukiye
@jeandedieubizimana7677 Says:
Nta muntu uvuga ukuri uvugu gutyo uvuga uzigaye
@NyiratungaAziza Says:
Wihanangirijwe muri RIB ntamakosa bakubonyeho?kwemera ikosa cyane kubagabo birabavuna.ibyo Nadiya avuga ubaye warabikoze ntibizakugwa amahoro.
@samysmiletv Says:
Namuntu muzima wakora ibintu nkibyo, urumva uri muzima😮😮😮😮koko
@Benimanajo Says:
Unva mubigaragara urumugome nubu kukureba mfit ubwoba
@bellybizzy Says:
Urigisimba gusa
@umutonivalentine8459 Says:
Reka mbe nongeye mbe mpagaritse iyi film nibisobanuka muzandabure
@KANANIJanvier Says:
Uriya mugore n indashima ntanyurwa arasha kurya ibyo ataruhiye
@User3897hj Says:
Nadia uzirinde nuza i kigali ujyuzana nabantu uyu mugabo atazakugirira nabi kandi
@kodo2020 Says:
Emmanuel Ebue kbs
@UzabakirihoEmmy-j4z Says:
Ariko injiji zizahano zikabogamira uruhande rumwe aha ukuri kuzwi nabantubabiri aribo mureke gufata impande

More Sport Videos