Nkuwarwaye ibibari cg uwagize impanuka birumvikana. Ariko se abandi baba bajyahe kweli
@Tesiclara Says:
Ariko ubu umuntu wijyana ku mushyo ngo bamukatagure atarwaye aba afite ubwenge😮 ingaruka muzazibona nyuma pe. Uhoraho aborohereze abatabare abakize ubwibone no kutanyurwa.
@marymukamwiza4743 Says:
None se madamu we ,wazafata akanya nk'uko wamamaje ibikorwa byawe,ugasobanurira abakiriya bawe ingaruka z'ibyo ubakorera?
@imananibyose1762 Says:
Nzabanza nkurebe ndebe ko uteye neza. Niba ari nabi, uraba udushuka
@imananibyose1762 Says:
Turashize. Gusa wenda kuvana graisse mu mubiri byaba sawa kuko ntibyanteranya n,Imana. Ni ugusohora inyanda nishyizemo. Ariko ubwiza ndanyuzwe uko nsa kose mfite ishusho y,Imana
@MUHIMPUNDUOdette-h2n Says:
Cyakora muri abasazi pe!
@MukayisengaSarah-w7x Says:
Abantu weeee😂😂
@LilianebamporikiRwanda Says:
U Rwanda rwateye imbere ntakitazaza.tugiye kuba beza biturenge😂
@UwinezaAline-em2ue Says:
Uwamp uyu mumama nka mwibariza impamvu we atibagish😅😅😅😅😅
@UwinezaAline-em2ue Says:
Mana yange ndumva mfite impamvu yo kugushimira
@UwinezaAline-em2ue Says:
Ese MBA ndihagarika ngo rigehe kko ngo nshimishe abagabo kwe abagore turarushye ibaze mbikoze binangoye nanababara ngo nshimishe umugabo ejo akazanyanga .cg ngo ni chr twahura ntanampembe ibikwiye😅😅😅😅😅😅
@UwinezaAline-em2ue Says:
Imana izabindinde pe
@UwinezaAline-em2ue Says:
Mwankandiy kwi picture kko ❤❤❤🎉🎉
@claudetteu1104 Says:
Uyu mubiri uzabora, dushake Uwiteka bigishoboka ko abonwa
@claudetteu1104 Says:
Imana yaturemye uko yabitekereje, rero ntekereza ko dukwiye kunyurwa n'uko yatugize
YOUTUBE COMMENTS