Abongeresha ikibuno n'abahagarika amabere || Iby'ingenzi kuri 'plastic surgery' ikorerwa muri Faisal
Abongeresha ikibuno n'abahagarika amabere || Iby'ingenzi kuri 'plastic surgery' ikorerwa muri Faisal
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@nsengiyaremyegratien1431 Says:
Ko nabonye hari abakobwa barushye bakabura n'abagabo kandi bagite ikibuno.
@Laurence-B-N Says:
This is nonsense,I wish I could ask her niba we yabyikorera cga akabikorera basi n'umwana we Wenda cga undi akunda. BIRABABAJE,Imana Yacu Aho Iri Iricuza Impamvu yaremye muntu.
@WillMayson23 Says:
Ese nabarwayi hhhhhh
@WillMayson23 Says:
Kandi.wasanga.namwe mubikeneye.aliko ntimubyikolere.puuu
@WillMayson23 Says:
Manawe Iyo nibisness Uli doctor cg ulumucuruzi peee. Ubu wavirumuntu koko.puuuu
@WillMayson23 Says:
Wowe warabikoze?
@UwaseGrene Says:
Akumiro nitushe
@JeredNdikumwenayo Says:
Mwiriwe neza nonese umuntu akeneye ubufasha yababonagute
@Abdoulhakimas Says:
Nukuvuga ngo nuwongeresheje cg uwagabanije igice runaka nawe asigarana inkovu?😢 Ibaze kuntu nanga amaribori nkitera inkovu peee 😮
@MugishaKeilla-pl7lg Says:
Muduhe number twababonaho
@batamurizajoy942 Says:
Ndashima ko nyuzwe nuko ndi, ibyo byose bongera, Imana yarabimpaye, Imana ishimwe ko yandinze guhindurwa n'ibyinzaduka.
@umurerwadjasila1282 Says:
Congratulations to our healthcare 👏👏👏
@tetelaurence8669 Says:
Thank you for this information It's very clear 🎉🎉let people take a second step and come to you in bi numbers ❤
@NininahazwePascaline Says:
Mumpe namba zatrefone vuba ndaza
@IMANANINKURU Says:
Ese mukuraho inkovu?
@MukaVestine Says:
Ndumiwe,Imana izahora Ari Imana.Amabuno Ra?kuki mushaka guhindura umuntu Imana yaremye?Nimutihana muzarimbuka.
@micomyizayvonne566 Says:
Njyewe muzanyihere imiti ikuraho ibicece kunda
@TwizerimanaGael Says:
njyewe nshaka nomero yamuganga nkeneye ubusobanuro burambuye
@sofiamukashyaka5445 Says:
Rwose nukuri Rwanda terimbere da
@Tesiclara Says:
Nkuwarwaye ibibari cg uwagize impanuka birumvikana. Ariko se abandi baba bajyahe kweli
@Tesiclara Says:
Ariko ubu umuntu wijyana ku mushyo ngo bamukatagure atarwaye aba afite ubwenge😮 ingaruka muzazibona nyuma pe. Uhoraho aborohereze abatabare abakize ubwibone no kutanyurwa.
@marymukamwiza4743 Says:
None se madamu we ,wazafata akanya nk'uko wamamaje ibikorwa byawe,ugasobanurira abakiriya bawe ingaruka z'ibyo ubakorera?
@imananibyose1762 Says:
Nzabanza nkurebe ndebe ko uteye neza. Niba ari nabi, uraba udushuka
@imananibyose1762 Says:
Turashize. Gusa wenda kuvana graisse mu mubiri byaba sawa kuko ntibyanteranya n,Imana. Ni ugusohora inyanda nishyizemo. Ariko ubwiza ndanyuzwe uko nsa kose mfite ishusho y,Imana
@MUHIMPUNDUOdette-h2n Says:
Cyakora muri abasazi pe!
@MukayisengaSarah-w7x Says:
Abantu weeee😂😂
@LilianebamporikiRwanda Says:
U Rwanda rwateye imbere ntakitazaza.tugiye kuba beza biturenge😂
@UwinezaAline-em2ue Says:
Uwamp uyu mumama nka mwibariza impamvu we atibagish😅😅😅😅😅
@UwinezaAline-em2ue Says:
Mana yange ndumva mfite impamvu yo kugushimira
@UwinezaAline-em2ue Says:
Ese MBA ndihagarika ngo rigehe kko ngo nshimishe abagabo kwe abagore turarushye ibaze mbikoze binangoye nanababara ngo nshimishe umugabo ejo akazanyanga .cg ngo ni chr twahura ntanampembe ibikwiye😅😅😅😅😅😅
@UwinezaAline-em2ue Says:
Imana izabindinde pe
@UwinezaAline-em2ue Says:
Mwankandiy kwi picture kko ❤❤❤🎉🎉
@claudetteu1104 Says:
Uyu mubiri uzabora, dushake Uwiteka bigishoboka ko abonwa
@claudetteu1104 Says:
Imana yaturemye uko yabitekereje, rero ntekereza ko dukwiye kunyurwa n'uko yatugize
@NyirahabimanaXxx-j9k Says:
Mundufashe muduhe nimero yumuganga
@shadia_250 Says:
😂😂😂😂
@StevenBazatsinda Says:
Hahhhhhh ubagana ngo mumukorere iyo serivise kumbi abayamaze kwitwa umurwayi abarwaye mumutwe mugemubanza mumuvure mumutwe niho habaharwaye
@TuyizereEmmanuel-n3h Says:
Ndababaye cyane😢 Umukino uri gukinwa hano kwise witwa sinabyaye. Ikibabaje nuko ukinirwa kubuzima bw,abantu Murebe muribyo bihugu byatubanjirije ingaruka mbi zihari . Cancer muyitegure muminsi micye ibitaro bigiye kuzura. Maze imiti yabo ibone abakiriya. Abarwayi=abakiriya. Bari gushaka isoko
@esperancem2970 Says:
Uwiteka ababonekere muve mu mabi muli mbese maye nibasaza bizagenda bite? Ubxiza ni relatif, ayo mabuno ubwo ni ngombwa koko!!! Yewe abakire barakimara!!
@rostyrosty-e5x Says:
ntabeshye uyu muganga bazamushakire irindi zina kuko akazi akora n'akubwibone kuko kuba amabere yaraguye si uburwayi,ikibuno gito suburwayi uyu murimo ntabwo uyobowe n'Imana nihitiraga.Imana itabare abantu bayo.
@hollytinah Says:
Mbabajwe nabasore batarashaka😊nugupfunyikirwa😅😅
@PAKEY1 Says:
Abo se nabarwayi cg napfapfa batiyakira uko Imana yabaremye 😂
@claudineniyonsaba9420 Says:
Iherezo nukubora ibyo mwigira byose.iyaba Imana yafataga indwara zose zirenbeje abantu ikazihereza abaryohewe no kwibagisha bayikosora
@BernardTurikumwe Says:
Harya ngo ngwiki ? ngo gukosora Imana irikuririra mugacuma. Ibibyose urabikora nkakureka ukibwira KO mpanye nawe Niko Uwiteka avuga
@HazardEden-u6i Says:
Ubibiramumubiriasarurakubora ushakumwanziasigumubiri
@kwitondaalphonse4892 Says:
Assurance x irabyishyura
@VaalWise Says:
Muduhederesi
@niyobuhungirodaniel8009 Says:
Uwiyishe ntaririrwa nizereko aba ba clients ( abarwayi) bazaba izi service fees baziyishyurira 100%
@havugimanaaboubakar3164 Says:
Niteguye guhura na Vampires 🧛‍♀️
@GatoJustine-u3o Says:
Nimukazanye jyewe nzanurwa nukondi

More News Videos