Kongezwa amafaranga y'ubukode bya hato na hato|| Ibibazo uruhuri bifitwe n'abapangayi
Kongezwa amafaranga y'ubukode bya hato na hato|| Ibibazo uruhuri bifitwe n'abapangayi
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@emmanueluyisenga5935 Says:
Icyaba cyiza nugushyira ho itegeko , kandi hakabaho gusoresha ikode ry 'amazu
@MUDAHEMUKAJeanLuc-z4k Says:
Hakwiye kubakwa amazu yo gukodesha ajyanye nubushobozi bwa banyarwanda kukombona bashyira imbaraga mu mazu yokugura Kandi twese abanyarwanda sibyashoboka ko twese tugura reta yubatse amazu byibura mumigi ituwe byagabanya izamuka ryubukode
@MANIMUK-12 Says:
Ese kubera iki ibindi byose Reta yabyinjiyemo iby'Amazu byo byarayinaniye? Kubyinjira ngo ibi bibazo biri kuba kub'Apangayi byarabananiye?
@MutabarukaEmmanuel-u6n Says:
Reta ifite byinshi iba irimo nko kumvikanishaza abagiranye ibibazo bikomeye ngo irebeko yabahuza bakabana neza none namwe murayizanaho urucabana niba humva wategeka nyirinzu amafranga yubikode ariwe uzi uko yamugoye ayubaka ubwo humva nareta yatecyereza nkawe? Eeee reta yacu ntabwo ihubuka uko mutecyereza bamwe nabamwe irashishoza ntimukayizaneho ibintu bidasonanutse niba utumvikanye nanyirinzu wakwigendeye ukareba indi
@RishardCc Says:
Ntabibazo bihari ahubwo umupangayi akwiyegutahurako ibikoresho vyazimvye kwisoko kuki batiza nikuberiki bayidugije ubu
@calinerwanda250 Says:
Leta y'ubake amazu menshi cyangwa ikorane n'abashoramari hubakwe amazu abereye abanyarwanda tujye dukodesha amazu meza yujuuje ibyangobwa ku biciro bigenwa na leta
@MusoniEmile Says:
Ese baragena agaciro bafashije banyirazo kuzuba. Ntuwuhatira umuntu kuba munzu nibakuzamura uzashake indi ushoye wishyura. Kubaka birahenda bro please mutuze
@deogratiasmwizerwa9824 Says:
Kubaka inzu birahenda cyane, uwumva atazabasha amafranga nyir'inzu amuca azakuremo ibintu bye agende.
@shukuraniLock Says:
E mbese uribukako izinzu zabapangayi nazo zisora Leta RERO izamura imisoro kumusoreshwa nawe umusoro akawuvana mubamubereye mumitungo NUKo byubatse uzabyanga azajya yaka priave nyine ashake ahandi AJYA "erega UBu umujyi wakigali uranyerera PE abakishakisha muwusohokemo " 2019 shambulete nziza YALI 15000 UBu ni 50.000 NIBA urumucyene soka ujye mucyaro PE.
@CdhygGdkg Says:
Rwose biraturembeje Umuntu akonjyeza inzu ntakintu nacyimwe yigeze ayikoraho akazamura amafaranga burikwezi uko abishaka
@davinacyucyuli5863 Says:
Nyiri inzu ni nyiri inzu
@Jaguar-c7t Says:
Ariko muransetsa iyo muvuga ngo reta irengere umupangayi,ubu iyo reta muvuga yo ko tuyikorera imyaka ikaba myinshi ibiciro ku isoko byiyongera yo ko itongeza umushahara se???
@RickMan250 Says:
Byambayeho ndi gutangira business none ubu ndi ku gatebe, ba nyiri amazi bagabanye kwifuza cyane
@UNKNOWN-gn5tf Says:
Inama nuko wamuhunga ukajya gushaka indi.
@donathamukeshimana6108 Says:
Ntamuntu wirata inzu ama modoka nibindi, Nuko nyine uvuze amagambo yu mvikanisha ko udafite ni kigonyi ubundi inzu nya nzu nta mwaka wayimarana.
@UwibambeJose Says:
Nibagene agaciro kamazu reta nibgiiremo uruhare
@ICE-KING198 Says:
Why didn't you suggest about this 5years ago? Come on!, don't be silly, if you want to be a hero, go and make a sustainable ceasefire in Ukraine, then the rest will be ok. Thanks for your empathy
@twembicomedy123 Says:
Uribeshya
@mugishairene9736 Says:
Abazana reta mukibazo cyubukode bwamazu ntimwuzuye mumutwe nagato Mutejyereze bazabubacyire izo mugura mukanakodesha kuri macye Cyahafi ziriyo mujyeyo
@mugishairene9736 Says:
Imbwa zabacakara zidashoboye kuduha amafranga twifuza zizave muri kigali niba zimaze kunanirwa kudutunga Tuzakomeza tuzamure amazu kuko ni ayacu Bazavamo haze abandi bafite amavamuhira dukomeze twurize Nabo nibashirirwa tubirukane haze abandi Abacyene twabohereje guhinga amashyamba murigundiriza Turaje tubereke ko tubafiteho ububasha kurubwo busa bwubufaranga tububakuremo bwose tutavuze Abitwa ko batunze imiryango muri kigali mutunzwe nibiraka muraje mwinanike Kuko bamwe mwagurishije mucyaro ngo muje muri kigali
@ikagi-k8u Says:
mininfra cg rura bashyireho igiciro utajya hasi kuri metero kare. niko bikorwa n'ahandi naho ubundi imitwe irarushye.
@yizerevalensyv2503 Says:
Ujya mu nzu akwinginga wayigera agahita yongeza wareba ko utakongera guhita uzinga ibintu kuko kwimuka byangiriza ibikoresho byongeye umaze kubwira abantu iwawe ukibaza ukuntu uzahita ubabwira ngo wimutse ukemera ukayatanga ariko ubabaye bwacya akongera....
@iradukundafabiola-fp1zi Says:
Sabine ❤
@yizerevalensyv2503 Says:
Ariko byo icyo kibazo gikwiye gushakira itegeko pe ikibazo ni uko abashyiraho amategeko wasanga harimo abafite amazu akodeshwa ibaze kumara imyaka 5 mu nzu nta karangi gashya
@ndachayisengajeremie5482 Says:
Biterwa nuko uwafashe inzu atabanye neza nanyirinzu
@MukamuhirwaCecile-q3f6d Says:
Nukuri icyocyintu leta icyigeho Kuko Dusigaye dukorera inzu gusa ngaho gu savinga byo ntibigikunda knd ntanicyi baba bahindutse kunzu
@uwihanganyesamuel9944 Says:
Ijoro ribara uwariraye ahh nge nishyuraga 150k ark ngo ukukwezi nikuvamo nzishyura 220k ngo imisoro yarazamutse ngo ibintu kwisoko byarahenze nibindi knd ubwo nge kukazi simba nongerewe umushahara wamenya ibyo aribiki koko?

More News Videos