Position nziza wayibona ute na kana ka mama byeze hanze aha! Hari benshi bafite ayo mashuri menshi n'ubwenge bwinshi batari muri positions nziza uvuga hakaba na benshi badafite ayo mashuri kandi bari muri iyo myanya myiza. Nihagabanywe icyenewabo
@Mjjj7441 Says:
Sinemeranywa na senateri uvuga ko abikorera bifuza kubivamo bakaza gukorera Leta.
Ibyo Senator avuze ni ukuri rwose,
Gusa nibarebe uko bashyiraho umushahara Fatizo habeho n'izindi incentive,
Birababaje kuba witwa umukozi wa Leta ariko udashobora kurihira umwana 1 w'umunyeshuri
YOUTUBE COMMENTS