Kwiba ibiryo by'abanyeshuri n'amafaranga y'amashuri bireze|| Dr. Murangira yihanije ababyishoramo
Kwiba ibiryo by'abanyeshuri n'amafaranga y'amashuri bireze|| Dr. Murangira yihanije ababyishoramo
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@HazumwamiSafari Says:
RIB mukore iperereza mubigo bya secondaire bongeza amafra uko bishakiye ngo ninyunganira mirire mubyukuri mwakurikirana mugasanga ntacyahindutse kwifunguro umubyeyi ushatse kubirwanya baramwanjama nndetse usanga hari ababyeyi bafatanya nubuyobozi bwikigo mukumvikanishako amafra agomba gutangwa ukumva ngo assurence 3000 ubwishingizi 2500 ukibaza Aho byombi bitandukaniye bikakuyobera
@hamadanzeyimana7488 Says:
Igihano cyu muntu ugura ibijurano ajye ahanwa kuruta uwibye umuntu uzajya ugura ibijurano ajye ahanwa byihanukiriye kurusha umujura wa mugemuriye ibyo yibye
@BonnieSafari-z7c Says:
Iki kibazo ni Leta yagiteye ubwo yiyamburaga inshingano zo kurebera uburezi. Kuva ministere iha uburenganzira aba directeur bwo kugaburira abanyeshuri, kwaka amafaranga y'ishuri n'ib indi bikoresho nta tegeko rihari bakurikije, kutagenzurwa mu mikoreshereje y'umutungo kuberako Leta iba ntacyo yabahaye byose babikora mu mafaranga yatanzwe n'ababyeyi, ibi byose byazamuye ubusambo n'uburiganya mu mashuri. Ubu directeur w'ishuri asigaye yubak'inzu iruta iya Meya kuberako ajera amafaranga uko ashaka n'uko abyumva. Cyakora ministre Valentine yari atangiye gusubiza ibintu ku murongo, uko bamutwaye ntawasobanukiwe. Ariko nyine akaryoshye ntigatinda mu itama twarihanaguye.
@BdannydrilleTV Says:
😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮

More News Videos