Action yo kumusunika yatangiye akiri kuri line ariko isozwa yakandakiye muri box. Bivuze ngo basifura igikorwa aho cyashorejwe. Ukuboko kumudefanseri kwatangiye gukora action umukinyi akiri inyuma y'umurongo ariko ukuboko kumudefanseri kwa mukozeho yamaze kugera muri box. IT'S A PENALTY
@Gaga-kx7ze Says:
Ndafise Plan !!!😮😮
@TuyishimireClementine-t4w Says:
Nonese SF fm isesengura neza harubwo bambura amanota apr iba yabonye nihahandi rero Aho yabonye3 irayabona naho ibona1 naho itsindwa ntabwo sk fm ibigiramo uruhare mwakanga apr ntacyo bizayitwara
@JeanBoscoHagumiyaremye Says:
Reagan ariyemera yigira nyirandabizi
@NDATIMANA-ku1dz Says:
Ako Regan urasesengura ukaba umwe pe
@GasanaEric-f1x Says:
Uvuga utugambo twinshi
@ManishimweEric-d9p Says:
Nyine uyu niwo mupira wacu umwihariko umwijma amarozi gutegura bimwe byumwanda kugurisha imikino imisifurire iri hasi so ngahora numva ngo dutwaye champion 🏆 6 zikurikiranya twibaze ngo zitwarwa gute gute ko ingero zirahari zibyo byose so mu Rwanda rwacu dukunda umupira ushigikirwa kuruhande rumwe abandi bakirengagizwa dufite byinshi byiza ark umupira tuwutwara muburyo butaribwo Rugaju niwavuze ko hari anakina mu kibuga abandi bakinira basunikira hanze gusa dufite amahirwe yo kubikosora dugaterimbere mu mupira nka bandi tudategereje akimuhana kaza imvura ihise.
@MukamanaCharlotte-i5l Says:
❤❤❤❤
@EMMANUELIMANIZABAYO-c9d Says:
Theo ,ndi I Rubavu ndakwemera pe! Reka uwo mufana w'umunyamakuru
@EMMANUELIMANIZABAYO-c9d Says:
Uretse ko mubogama cyane wa mufana we w'umunyamakuru Koko niba Uzi umupira iriya si penariti nziza? Ni gute batatsinze ikipi ibura abakinnyi 2 b'ingenzi? INTARE izahora Ari INTARE rekeraho ubwo bwinshi butaryoheje umusurur u GASENYI ibwigumanire twe tuzi ibyo dushaka muri GITINYIRO. Uwarariye ntumuvuga ahubwo uracyatsimbaraye ku watezwe? Imana igufashe pe kdi nzi ko wabonye INTARE!
@andrewSebanani-t4k Says:
Regan digital umuhanga kdi ntacyo azi age yivugira urubuga ubusesenguzi abureke kuko nta CV aragira ni nyamujya iyobagiye puuu uzatuma tukwanga rwose wowe ntakuri ugira
@BicurishaProtais Says:
APR FC iheruka kubwa Ntagwabira jm ninabwo murwanda hari umupira naho biriyabyo bya cucuri nkibisanzwe aca ubu cuma cyane kd hari urwego yagezeho yarakwiye kubaha igihugu kuko iyo wica shampiyona Uba wica aEkipeyigihugu ibikorwaremezo twahawe numukuru wigihugu ese buriya cucuri abonako president ategura kwakira ivikombe cya Afrika wimusiberanya wa musifuziwe ndakwiyamye ndakwiyamye ✍️✍️✍️✍️
@RukundoVincent-d9c Says:
Mujye muvuga uko biri. Wenda burumwe wese mubyo arimo wenda yazikosora. Abasifuzi bacu murwanda ntibabona, babona iyo bajyeze mu mahanga.
@ndagijeemmanuel1506 Says:
Ubushize uriya CuCURi yimye rayon sport penalty muri box igaragara neza ariko yahaye APR penalty yinyuma yumurongo.Ubundi ni kuki ariwe bahora baha gusifura Derby ya Apr na Rayon sport?ahaaaaa imipira y'inyarugenge nuko nyine aba Rayon nimwiyakire.
@NtakirutimanaPatrick-q4r Says:
Kwirizariza Sha?????
@ndabikunzeisaac9282 Says:
Rayon no kwirizariza ngo bayibye? Ubuse abasifuzi bazajye basifura Ibyo mushaka kugirango mutavuga?
@ManishimweMubaraka-zv1cn Says:
Ubux koko kuri penalty vuga ngo niyo cg siyo naho ntahagire ukumva nabi vuga uko ubibona
YOUTUBE COMMENTS