Jyewe ndavugira abayobozi b'imidugudu,bariya bantu barakora cyanee, urebye ibikorwa mugihugu byose bituruka kuko hasi ba mudugudu baba babikoze neza.rwose mubabonye nkunganire mwaba mubafashije.murakoze
.
@MUKAMUGENGAPrimitive Says:
Umuntu azongera umusaruro ate kd abayeho nabi!? Murashaka gukama ayo mu ihembe? Muzashiduka inka yagandaye😅
@NtegeriryoJandamour Says:
turikuharenganira 2
@IracyampaPhoibie Says:
Ese ko Hahembwa umushahara uri Hejuru abakozi babafasha aribo bavunika cyane ubwo mudufashije iki kd ku isoko uko bihagaze murabona ko byatumbagiye cyane? Aba bayobozi bo barahembwa neza niyo mpamvu ntawutuvuganira bo bahagaze neza
@felixndanda1825 Says:
Mutuvuganire pee
@felixndanda1825 Says:
Mwiriwe neza Hari Ama Restaurant Yurije kuri za menu zabo ark umukozi we niyojyezwe
@ismaelmbarushimana8423 Says:
Ibi bintu hakenewe abahanga bo kubyiga kuko uko abatware babisobanura ntakintu kiba kirimo. bikwiye kuba nkuko bikorwa za Europe n'amerika. Niba umuntu akora akazi akorera angahe? ukodesha inzu ni angahe ni inzu imeze ite?
Nonese production abo nibayongerera ikigo bo bagahindukirana wamushahara utazamutse bagahura n'ubuzima bwo hanze bizagenda gute? ubwo rero haba hibanzwe kureba production hatarimo kurebwa abatuma ibaho
@yarambainnocentyarambainno1251 Says:
courage mucuti wanjye
@mukizachristophe7568 Says:
umuntu ujya ku kazi ateze imodoka yakoreshaga 1000 ubu ni 2000 naho uwa tegeshaga 3000 ubu ni 5000 ibi ntibisaba calculations nyinshi ubu abakozi ni bafashwe bahawe mitation cg bakorere online uretse nko mu buvuzi bitakunda .Ntabwo guhaha ibiribwa aricyo kibazo abakozi ba leta bafite cyonyine.Niyo mpamvu bisaba ko byihutirwa bidategereje iyo mishinga minini.
@claudettelibinyange23 Says:
Umuntu utaburara ntiwamubaza uko 😢o inzara iryana.muri make nimwiturize kuko muhembwa neza kuba tubayeho nabi n'abana bacu biga nine years ntacyo bibabwiye abanyu biga amashuri meza 😢😢😢😢😢😢
Hashyirweho umushahara fatizo no kongera umusaruro nabyo bijyane
@blaisebizimana2062 Says:
Nyakubahwa PM, ntabwo rwose iki kibazo wacyumvise or umenya utanakizi. Nyakubahwa nakwibutsaga ko itegeko ubu tugenderaho riteganya umushahara fatizo wa 100Frw. Aha rero, Leta niyo ibwirwa. Ikwiriye gusohora itegeko rishya. Iyi ibyo bibabaye nibyo bigenda uko umushahara wazamuka.
Ikindi Kandi uriya muntu uri munteko uri kuvuganira abahembwa make yambare nurukweto bambaye,arebe umu papa uhembwa 120k agatabga mineruvari yabana 3 buri umwe amutangira 90k buri gihembwe,nawe akeneye kurya no kwambara no kwishyura ubukode bwaho aba,ikigeretse kuri ibyo,umunani we wakabaye umwunganira muri Ibyo iwabo barawugurishije kugira ngo bamutangire mineruvari ngo abashe kwiga nawe azibesheho.😮😮😮
@NIREREMediatrice-c4q Says:
Thanks again 🎉🎉
@AHISHAKIYEThierry Says:
The higher the price,the lower is quantity consumed and vece versa. Ibi bintu biragaragaza ko uko ibiciro kwisoko bikomeje kuzamuka ubushobozi bwo guhaha bwo bukomeje kugabanuka Kandi ibi tubihuje numushahara ukomeza kuguma uko uri bisobanuye ko igicuruzea umukozi yari afite ubushobozi bwo guhaha mumwaka umwe atacyibufite muwukirikiyeho.umukozi wa leta Kandi ntahandi akura ubushobozi kuko umwanya we wose awumara mukazi ka leta. Mubusanzwe Kandi nkuko isomo rigena iyo cost of production izamutse nibiciro byibicuruzwa birazamuks, bityo umucuruzi cg rwiyemeza mirimo agakoneza kubona propolutional income bigendabye nuko cost of production yazamutse. Kubwibi rero uko ubushobozi bwo guhaha buzajomeza kugenda bugabanuka ninako ba rwiyemeza mirimo bazaporoducing utuntu duke, GDP Igabanukenizindi ngaruka zitandukanye tutanirengagije ko abakozi bashobora gucika leta bakajya kwikorera.
@MPH-pt2nf Says:
Tumaze igihe rwose dufite ba PM b'abahanga. PM Dr Edouard Ngirente yasobanuraga ibintu ukanyurwa. None na PM Dr Justin arasobanura ibintu ukumva rwose ko ari Economist udashakisha.
YOUTUBE COMMENTS