<<@mugihegikwiye says : Nta mpuhwe mugirira abantu ubwo ni ubusambo twarabamenye>> <<@businessinreality1608 says : Ntabwo mushoboye management ya Physical plans kuko ama Site yari yaragabanije akajagari mu mujyi wa Kgl kandi naho Site mwaziciye ntabwo hari za ruhurura kuburyo amazi atera abaturage urugero Busanza na Karama mu Murenge wa Kanombe . Mbona mugihe mwamaze ku approval ibyo bibanza byagatangiye gusora,kuburyo umuturage yagurisha kuruta gukomeza kwishyura imisoro. Ikindi mukareba abantu bafite ibibanza byinshi bakaganirizwa cg mubufatanye n'Akarere hagaherezwa investors bubaka estates.>> <<@elmagicofurani50 says : Ikiza Njyewe numvisemo nuko mugiye guhagarika abakata naa site bya hato na hato buri munsi …. Biriya birabangama cyn kuko bihereza aba client bacu options nyinshi ,,, urakimwima aka kugura muyindi site ark nimuhagarika gukura ama site …. Twebwe tubitse ibyacu turabihenda cyn hhhh nawo ibyo ku nforcing kubaka byo sinzi ibbyo urimo bwana muyobozi …. Nushaka ko nubaka uzampe nubushobozi bwo kubikora … kugurisha sinzigera ngurisha ntabishaka Ngaho uzaza ubitange urebe ko tuzagarukira hafi>> <<@murekatetebelina7098 says : Ese tuzatura ntiduhinge>> <<@Gaga-2020 says : Carbon credit!!!!>> <<@irbenfx says : Diaspora, we're cooked πŸ˜‚>> <<@ChantalNikuze-k7y7z says : Ziba wa ngahi we>> <<@BetinoNgabire says : Bayobozi bacu mubitekereze neza kuko muramutse mudakase ama Site byateza akajagari mumyubakire Kandi nibyangombwa byo kubaka ntago mwabitanga kuko ntabikorwa remezo bihari>> <<@turatsinzevalens8602 says : Hanyuma mu kigarama ho>> <<@twizerejulienne2731 says : Ecofleet yatweretse urwego umugi wa Kigali nta bayobozi bawurimo.πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚ Mwegure kuko ntimushoboye bwana>> <<@twizerejulienne2731 says : Ntiahakagira abirushya bagira inama ubuyobozi bw'umugi kuko ntacyo bahindura ubwo iyo niyo mbyino igezweho.>> <<@twizerejulienne2731 says : Ndumiwe pe, ibi bizagira ingaruka nk'izo muro 2008 . Supply na demand ntayo bize.πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚. PhD za Online zidukozeho.>> <<@mkt5748 says : Ubutaka bwo guturaho buhenda kuko mwemerera abanyamahanga kugura ubutaka kandi bitateza n'igihugu imbere>> <<@ami5742 says : Nimworohereze rero abantu kubaka no kubona ibyangombwa mureke ibintu nkibyo>> <<@VVNCENTTV-fo7de says : Uko nukubuza uburenganzira bwabaturage ( babyita kubogama) umuntu wese yagakwiye kugura cg kugurisha bitaba agahato rwose!>> <<@jeandedieumunezero6079 says : Ibyo uvuga niko bimeze rwose. Nanjye nguze ubutaka ntago nategereza.>> <<@ngirimanadamas3260 says : Mwasize kubaka imbere inzara yishe abaturage ahahingwaga muhashyira amazu>> <<@jboscoigiraneza9864 says : Uburundi turakwiye kubigirako canecane mugusigaza aho kurima>> <<@Equinoxafrica-fy2qz says : Ubutaka njye nasanze arubutaka>> <<@nadinenana2194 says : Ntago aribyo ariko. Mubitekerezeho neza mbere Yuko mwanzura>> <<@Iamblessed94 says : Ntimukajye muburabuza abantu ngo nuko muri abayobozi! Ubu nafashe inguzanyo ngura ikibanza ngo najye ndi kwiteganyiriza ndakora nishyura nkemera nkicwa ninzara singura umwenda ngo nse nkabandi none ngo twubake ibibanza twaguze koko!!?? Ubuse nijye wanze kubaka ariko se mugihe ntarabona ubwo bushobozi ni gute mutegeka abantu ibyo badashoboye? Ntimugakabye kbsa hato mutazatuma urubyiruko tuba ibyihebe nkibindi bihugu namwe muzi!>> <<@OG-pu9gf says : ❀❀❀>> <<@TuyisengeJack-z3o says : inzarabl iratwishe>> <<@jacksontuyikunde9226 says : Ariko byakagobye kuba byiza gutandukanya abagirisha nabashaka kubaka. Umunyarwanda wafashe inguzanyo akagura ubutaka ngazubake azubaka ate inguzanyo yo kubugura itaragira aho igera kuko agomba kubaho?>> <<@habaruremajeanclaude5867 says : Ko Ntacyintu Twumva, ko Ntacyo Dukuramo Mumakuru Muri Kuduga,>> <<@RurangwaJeanclaude says : Gukoresha ubutaka icyo bwagenewe n'itegeko abantu ntibarabimenya!!>> <<@ww.c.Oneinfo says : Ese iriyamihanda mushyira muri physical plan itagendwa wagirango ni project mwasubitse sibiri mubituma ibyo bibanza bitubakwa ahubwo.>> <<@Nkundacash says : Guhera mu mwaka wa 2003 kubutaka twabweguriye Leta binyuze kugikumwe! None umuntu akifata ngo kubutaka bwanjye nzabukoresha icyo nshaka, akiyibagiza ko yabutanze ubu akaba abukodesha n'uwo yabuhaye! Leta ubu ifite uburenganzira busesuye k'ubutaka IBUGENERA icyo ishaka umuturage akabyubahiriza uko biteganijwe n'amategeko nta mpaka kuko niyo itureberera. Naho umuturage impamvu ZOSE yazana kuri iyi ngingo ntashingiro yaba afite.>> <<@Umurava1 says : Ahubwo leta nidufashe ubutaka buri hirya nohino budakoreshwa bwikubiwe namadini hamwe nabakire ntibubyarire rubanda rugufi umumaro rwose leta nibishyiremo imbaraga hubakwe amashuri cyangwa ibitaro Thx.>> <<@ruzimabonieck6908 says : Bakabaye bareka umuntu ufite ikibanza 1 cg 2 kuko ndumva uwo aba atabangamye, ubuse nk'umuntu uba hanze ukisunganya ngo azaze yubake mu muburijemo!>> <<@Knaan-_250 says : Well said>> <<@newcomes1282 says : Ikintu cyose umuturage atunze giteje ikibazo abayobozi? Ese umuturage we nta burenganzira afite nk'umwenegihugu? Harya ni umugenerwabikorwa ndabyibutse!>> <<@TVShow-w2o says : *Ibibanza c hari aho babikopa ubifite we ntaba yaguze?*>> <<@ndikuriyoevode5657 says : Ubuyobozi,buturebera kure,abafite ibibanza nibabyubake byibura amazu yo ❀ kubamo yaboneka nahubundi abona umugabo agasiba undi benshi bari batangiye kwisubirira mu cyaro .>> <<@blairrobert975 says : Iyi title ntaho ihuriye nibyo numvise.>> <<@AmizeroPacific says : Ahubwo hababaje abavutse guhera1990 biragoye kuzigondera ikibanza knd reta ntacyo ibatekerezaho niyo mpamvu aribo benshi baba mumukade>> <<@HN-ur3kb says : Non s ibibazo biba muma sites murabizi? Birasaba kubanza gukurikirana ibibazo biri mu ma sites menshi>> <<@AugistineBagira says : Mubamushaka uko mutwara ubutaka bwabantu ntimukatubeshye>> <<@rutahasteven2683 says : Mu Rwanda nibaza ahantu amategeko aturuka byaranyobeye pee>> <<@ivanEmma-u4h says : Wow! this is amazing, more so for the common man. The costs in real estate in Kigali are on an extreme high, we now have housing rent that goes to about 5k usd, absurd. This will check the greedy land lord's that are doing massive acquisition of land, this is affecting so many people, middle class in Kigali is on the verge of collapse if this issue is not seriously addressed. I wish all African countries could do this, it distributes wealth to other regions, it makes housing accessible, it checks inflation, as high real estate prices increase rent hence affecting price. I commend the govt for taking this direction, bravo! Great call>> <<@uwiringiyimanafulgence1224 says : Video yose iri he?>> <<@thetrek8783 says : Nimba urebye iki kiganiro nta kibanza ugira vuga ngo Helllooo>> <<@MayaDayofficial says : Ni sawa cyane ku ishusho y'umujyi. Hazageho na gahunda yo kubakira ba nyiribibanza inyubako zabyazwa umusaruro, ahubwo uko umusaruro uzagenda uboneka bazagende bishyura ba nyiri mafrw. Bitari ibyo hari abazimurwa kuko batabasha kubaka, bazagenda bimurwa batyo kuko umuvuduko w'iterambere ryabo uri hasi, bazisange bambutse imipakaπŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@ibiharitv says : ❀❀❀>> <<@MayaDayofficial says : Ndumva biryoshye arikoπŸ€”πŸ€”πŸ€”>> <<@ndindiriyimanajules3959 says : Ariko nge mbona ubutaka bwo mu Rwanda buhabwa agaciro budafite. Burahenze cyane. Murakoze>> <<@mugaboabdelaziz8445 says : Uyu ibyo avuga umujyi wa Kigali udakemura ikibazo cy'abantu bari bafite ubutaka mu miturire babuguze bafite ibyangombwa byo gutura barangiza muri September 2022 bakahagira amashyamba abantu bakaba barahombye bamwe ubutaka barabuguze bafashe amadeni none araza atabivugaho! Ariko aba bo bibeshya ko bazaguma muri iyi myanya!? Aravuga atyo umubyeyi nagurira umwana ikibanza mu kumuteganyiriza bikwiye kuba ikibazo!? Aba bagabo baba bahaze imishahara y'umurengera nibyo bahabwa biva mu misoro y'abanyarwanda aho kugira ngo bacyemure ibibazo>> <<@gratiennshogozabahizi4458 says : Mwaratinze.....>> <<@nkurunziza_christian says : Bazashyireho Blueprint ihamye>> <<@omermayobera7792 says : Hanyuma bamwe muri twe tutarahabwa ibyangombwa ngo twubake turebwa n iyo myanzuro? Hashize umwaka tubwirwa ngo site under development.>>
VideoPro
>>