Kangondo igiye guhindurwa nshya: Sobanukirwa umushinga wo kuhubaka inzu 590 z'icyerekezo
Kangondo igiye guhindurwa nshya: Sobanukirwa umushinga wo kuhubaka inzu 590 z'icyerekezo
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@felixbienvenue1348 Says:
Ese ntabwo abari bahatuye bari guhabwa amafaranga bakajya kwiyubakira ahandi , aho kugirango mujye kubatuza mu busanza nk'abanyeshuri . Umushinga wanyu ni mwiza kbs
@ohfs-healthpromotiontv8860 Says:
@ohfs-healthpromotiontv8860 Says:
Aya mazu nimeza cyaneee ❤❤
@KikollottoKing1 Says:
Amanegeka yahise yimukira mugishanga abererekera kangondo ..... 😂😂😂😂
@annygandin161 Says:
Umuntu se azibona gute?
@annygandin161 Says:
Natwe muduhe inzu.
@AryKan-ul2fn Says:
Na price ni nziza. Umushinga mwiza pe.
@AryKan-ul2fn Says:
Rwose aya mazu ni meza.
@MassadBoulos Says:
Muribivume nukuri ubwoxe ko mwahambuye banyiraho mutabishyuye ndetse munishe itegeko nshinga rya republic yu Rwanda 🇷🇼 ibaze kwambura umuntu icyangombwa cyubutaka ukamuha icyumba cyo kuraramo 😢😢 uhoraho Nyiribiremwa umunsi yabazaniye ubutabera muzicwa nagahinda incuro7 ziruta ako mwabateye ubwose iyo mwishyura banyirubutaka bakajya kubaka ahandi sibwo igihugu cyari kuba gitejwe imbere
@mozzeybest2646 Says:
Denis. Umugabo wumukozi, wumuhanga kdi wumunyakuri🎉🎉
@NsekambabayeIssa Says:
Savana❤
@KalisaWilliam Says:
Byiza cyane iyo quartier izaba Isa neza.Mzee Karera arabisobanura neza cyane.
@KalisaWilliam Says:
Byiza cyane iyo quartier izaba Isa neza.Mzee Karera arabisobanura neza cyane.
@Habinshuticloude-jz4pb Says:
Sinarinzi uyu mugabo ngo ni karera ubuse yaguze ikibanza kuri 30 million none azayigurisha 300 million
@Habinshuticloude-jz4pb Says:
Nubundi ntacyaramira arashaje guhemuka ntacyo bimubwiye rero azataha vuba
@UwishemaFulgence Says:
Ntasoni ubwo ufite bari bagusenyera ngo wumve
@bonifaciohabby Says:
Nkeka ko mwashatse kubakira abazungu Les maisons de luxe, high standard Muzatubwire umubare w abanyarwanda bahaguze
@bonifaciohabby Says:
Urakoze Denis Karera ❤❤❤ Abo baturage ba Bannyahe mwabakijije macinya n ubundi hali abo yahitanye N abana bahoraga barwaye impiswi. N ubundi bujagali muzabudukize Gitega, Kimicanga, Rwampala aho bita muri Ocam etc ni henshi.
@KarutaAnasitase Says:
Ariko mwahemukiye abo mwahiruka ye😅
@NewGenerattion Says:
N'iyo mwampa inzu y'ubuntu hano sinayifata, sinayibamo, kubera akarengane abari bahatuye bakorewe kugeza igihe bazahererwa ingurane ikwiye hakurikijwe amategeko ya expropriation
@m.pacifique730 Says:
Bwana muyobozi nge ndumushofeur ndasaba akazi nkajya ntunda umucanga namabuye
@higalevi4499 Says:
Ntabwo Batubwiye ibiciro
@evelynemugeni2369 Says:
Ma sha Allah ❤🥰🥰🥰
@HagumiyaremyeBosco Says:
Mugaragaze inyungu kubari bahatuye kuko namwe ninyungu mushaka
@king77973 Says:
uyu mushinga ni mwiza pe, ariko uburyo wateguwemo ndetse na politike yawubayemo yo kwaka abaturage ubutaka bwabo nta ngurane ihwanye nubutaka bwabo bahawe ahubwo bakabeshwa ko ari amanegeka sinzi hashyira ubuzima bwabo mukaga, ndibwira ko ibyo bikorwa bakorewe niyo twe twaba twarabyibagiwe Imana itabyibagiwe naho ibyo kuhita ko hari ukuzimu byari kuba byiza iyo muhahindura ijuru mukoresheje ukuri kw'ijuru nihitiraga ukuri guca muziko ntigushye!😢
@gervyirwanda4333 Says:
Nzahita nyigura rwose ahubwo nangahe kunzu like tropical
@uwishemalosine4252 Says:
Sha Imana izabahembere ibyo mwakoreye abaturage babannyahe😢
@uwishemalosine4252 Says:
Ubu nibwo mbonye ko muri ibisambo aha siho mwirukanye abantu ngo nimugishanga ngo na manegeka😢mukabangaza nta ningurane mubahaye none nibi mwahakoreye😢gusa namwe ntimuzapfa mubisige
@NiyonsabaEmmanuel-o9p Says:
Eeeee ahase nikangondo hhhhhh
@uwitonzeemile7678 Says:
Nibyo ni byiza ariko kuba mubikorera kumarira ya rubanda rugufi Imana namwe izabagerere mu gatebo kamwe nako mwagereyemo abari bene ubutaka ba gakondo.
@TheDesignSpectrum Says:
mwimuye abantu mubaha intica ntikize ndetse bamwe bagenda amara masa mubeshya ngo ni mu gishanga, naho mufite ibyo muteganya kwikorera????? ngibyo ibibera mu rwanda twese tukumirwa kbsa
@ooh399 Says:
Tuzazigura rwose Gusa mumfashe munsubize kuko nanditse murakoze
@ooh399 Says:
Nkumuntu uba hanze ariko afite campagne akorera mwabasha kumuha inzu akajya yishyura buri kwezi ?njye mba france
@ooh399 Says:
Ese ko mutatubwira ibiciro ngo munatwereke uburyo zimeze imbere
@ooh399 Says:
Ese ko mutatubwira ibiciro ngo munatwereke uburyo zimeze imbere
@ooh399 Says:
Njye ntuye France Ese birashoboka ko mwambaye Inzu nzajya nishyura buri kwezi
@nubuhoroisaac Says:
Kibiraro
@flyfly2208 Says:
Ugurana nibikoresho c?
@GiovanniClaudioDEFALQUE Says:
Mu ntangiliro byavugwaga ko ari mu gishanga n’amanegeka bishobora gushyira abahatuye mu kaga. Imana ikora ibitangaza kweli!
@pazzop2591 Says:
kd ari mumanejyeka musetsa
@ShikWa-p3u Says:
Ubwo c mukoze iki nibyo bifu byanyu bitajya byuzura abana mwagize marine bari bafite aho baba uzi uko bangana Imana niyo yonyine izabahana
@rutayisirejohn252 Says:
Haaaa KARERA urumuhanga Mbandoga Umwanzi peuh,Eeeeee ngo Ntaho kwituma bagiraga? Nanjye simvuzeko gitwaga BANNYAHE😅😅
@kidamage176 Says:
Ngo ni escro account 😂😂😂😂😂😂😢😢😢😢😢😢
@kidamage176 Says:
Yesu Christu umuvu wamarira yabantu ba Kangondo uzayatembana Imana izayatwika 😂😂😂😂😂😂😂😂
@irankundapatience556 Says:
Nangahe igura
@ndorimanaelieelie3549 Says:
Hhhhh ariko namwe wagirango tuba twibagiwe ibyo mwatubwoye nonese komumanegeka muhubatse inzu zihenze
@SKH-x8y Says:
Mugane baka zibahe amafaranga mwigurire😂😂😂😂
@imvuratv5412 Says:
Komwubatse amazu meza mumanegekaa?
@yisabriel Says:
Ariko abantu muvuga ngo amarira yaho bambuye muzasure amaetage babahaye murebe muri mwe niba hari uwayiyubakira njye nasuyeyo umuntu ndumirwa niheza bitangaje abarwanya leta rero babaciyemo ngo bavuge ko leta yabarengajyije njye siko nabibonye uwayinyihera njye nashima

More News Videos