EMMY niwe Munyamukutru Wumuswa … #Uzkio aba bana bato baza bakamurusha analyse muri Showbusy..!
@baomu Says:
Sha Emmy rwose urwango wanga Bruce rurazwi , ntawe ukibeshya . Icyo namusaba akugendere kureeeeee ubundi yokorere umuziki we . Period
@NimbonaJosiane-t6h Says:
Emmy numufana wa Ben kurusha kuba umunyamakuru.ben amaze imyaka nimyaniko mumuziki. Bruce wejo arikumugaraguza agati gushi
aho ben arwa kuruvyiniro, ata microfone kuruvyiniro ariko arihanga 001 😂😂😂
Emmy is against everything about 001, He try to show that He's not about it, but we seee and observe & Remember what he wanted day 1 for bruce 🤷♂️🤷♂️🤷♂️
@Dejairaa Says:
Emmy is very biased 😐😐😐😐
@mrkelly588 Says:
Emmy ndakwemera ariko ntago Bruce melody yageze aha kubera Gael kuko meddy na ben bari baratangiye kugenda gacye kuo Gael yamufashe kubera yarafite izina kd ariwe warurimo acompet cg arya number ben na meddy
@Tina-wt8qn Says:
Gasp yahuye ni ikibazo pe yaraziko ari gusesengurana ni umunyamakuru mugenzi we kumbi ni umufana😂
@Tina-wt8qn Says:
Emmy umwenda w'ubunyamakuru yarawiyambuye neza neza wagira ngo yaje ari manager wa The Ben kumuvugira
@gloriatumushime2867 Says:
Mbega débat iteye agahinda!!!
Gukura k umuntu cg k umuhanzi ntibimuha no gukura mu bushobozi? Mwakomoje ku ma contrats, Harya kera na kare iyo zmasezerano arangiye hari closes mutagihizaho, iyo abantu cg label batandukanye igitangaza kiri he?
@kigali-u7d Says:
the ben yatangiye umuziki twumva uwi bugande na Tanzanian na usa gusa none twara wibagiwe ibyo yakoze naba genzibe batangiranye. ibyo tumusaba ni inyongera gusa uko ari kwigaraga za birashoboka nabyo. kuko collaboration akoze zose ziba ari top ikibura nigihe kuko popularity yacu ntiku bustinga vuba. Tunjye tureba aho twavuye naho tugeze nibwo biza twarohera gusobanukirwa murakoze.
@BOAZAcidboy Says:
Emmy uyoborwa na fanatism gusa! Ntago uri umunyamakuru wimyidagaduro. Ukuri urakuzi
@uwoyashatseeric1537 Says:
Ufite uburambe mu kumenya ibyo mu kahise neza cyane (BIHWANYE N'UBUKAMBWE UMAZE MURI IBI BINTU), ibintu tuGuhera indabo Zawe. Ariko nibigera mu bya none Wigireyo kandi Ujye hirya cyane aho Ubirebera ku ruhande ruKwitaruye cyane rwose, turaGusabye. If you were to be a phone, we would recommend YOU to update to the latest version and set aside #Financial_Ishyari!
@Richardino001 Says:
#001 Atari muri Rwandan music abantu benshi ntago barya pee😅
@ArunoShyaka Says:
TURAKWEMERA CYANE KAMABARE
@Eliasimanirafasha Says:
Ndi igitangaza mpaka mpfuye ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ #001🙌👑
@HabiyambereRobert-c9n Says:
Emmy NIMUZIMA gs uwarikubwira ntiyumva
@thesundowns5222 Says:
001 🫢❤️❤️❤️❤️🔥🔥🔥
@MutesiClemence-m6p5w Says:
Uruhande arimo turaruzi ntiyamuvuga nabi😊
@Jose-m8p7i Says:
001❤❤ for life
@joselyneniyomahirwe7088 Says:
Hubwo Bruce we ko Byanze kdi ifaranga ryaramugiyeho
YOUTUBE COMMENTS