Ntago Congo yohereje Bahara Bosco kuganira na M23 nkuko mubeshya audience y' abanyarwanda, kuri ordre de mission yahawe hariho kwiga kugucyura abari abarwanyi ba LRA . Kuba Uganda yari iteze umutego Congo ku meza y' ibiganiro bakazana mo M23 , Prof Bahara akenera kwinjira muri ibyo biganiro kandi bitari muri gahunda ya Leta ye yamutumye , niba Bahara atarashukishijwe amafaranga, ashobora kuba nawe ashyigikiye AFC/M23.
Rero nta makosa Leta ya Congo ifite kuko ntagihugu na kimwe cyakwihanganira umuntu nkuwo ahubwo ari mu Rwanda ho yaza ahitira muri gereza aramutse ahawe ayo mahirwe yo kuhagera
YOUTUBE COMMENTS