Ntaheza hisi Cha nibwo nakumenye ndibuka ubwo nakinaga theatre ku ishuri nabaga nitwa shaffy bro MBA numva nzakubona tukaganira ariko biragoranye pe
@Niyitegekabaptiste-rt6us Says:
Uyu mu nigga ko atari ku rwego yagakwiye kuba ariho ukurikije igihe yaziye bigendute kandi akora
@samsoniradukunda4075 Says:
Shaffy ni byo ashobora kuba yari umuhanga mu ishuri, ariko ubwo yigaga muri KIST mu 2015, namukoresheje ikiganiro naje nyuma y'aho gusohoraho inkuru ku Umuryango.rw, aho aba avuga ko atakundaga ishuri. Byiza cyane ko yabigumyemo.
@TheMukwende Says:
Ibyo Shaffy avuga nibyo. Yari umuhanga. Naramwigishije kuri Apacope, yari mu banyeshuri bitondaga, bakurikira kandi banumva vuba isomo nigishaga. Namutangira ubuhamya rwose.
Mu cyongereza baravuga ngo : never judge a book by its cover. Nanjye ntababeshye, mu minsi ya mbere ntangira kubigisha, Shaffy ari mu banyeshuri nahabukaga ndi Mwalimu. Hari abanyeshuri baba barakamilitse, ku buryo utamwigirizaho nkana niyo waba uri Mwalimu. Iyo Shaffy acecetse, ubona rero ari umuntu washiririye. Ariko, iyo mutangiye kuvugana, mukanamenyana, usanga ari wa muntu ugira umutima mwizaaaa, un homme très gentil comme tout ! Ndi fier kuba naramumenye, ndetse ari mu banyeshuri banjye bantera ishema ku byo bigejejeho !
@kezadelphine7724 Says:
Shaffy yize arumuhanga ntago abeshya
@lisakendra Says:
Ntago abeshya njyewe haruwo bicaranaga yarabimbwiye ngo yari umuhanga cyane Ngo ariko ntiyakopezaga 😂yakoraga yashyizeho akaboko ngo batamukopera niko kansekeje
YOUTUBE COMMENTS