Emmy respect kbs gusa melodie yanyuzwemo mubitaramo byiwe ibyo twakekaga azakorera Ben niwe wabimukoze 😅😅😅
@UwamahoroClaudine-dg8hx Says:
Ariko uru rusaza go ni emy rurwanya melode nacyo uzamutwara peee melode arakunzwe niryo Shari ufite warugabo we nacyo uzamutwara nutagabanya ishari uzincwa nagahinda woe emy wagiye ureka ibyawe umwana akizamukira warusaza we
@Cedrosky Says:
Casper ❤
@FulgencioNiyonizeye Says:
Amakuru ahari nuko Emmy yinjiriye Gael kugira ngo amutandukanye na Bruce ashaka gusenya Bruce. Intambara Emmy ari kurwana nugutandukanya Bruce na Gael. Emmy uko asa ku isura ninako asa ku mutima. Ni umugome ikintu cyose cyasenya Bruce yagiharanira
@EricUmuremi Says:
Casper, bigaragara ko urumunyamakuru w’umuhanga kbs!!!
Komerezaho bro
@MechackTabazi Says:
Genda ntago uvugira 1:55am ngirango Bruce avuyemo wakwishima
@collin-r3k6z Says:
Emmy natinda ku isi azaroga kuko isura ye isa nabyo
@SkWayofficial Says:
good conclion Emmy thank you alot
@SkWayofficial Says:
Emmy barabivuze Koko umva neza ibibazo mugenzi wae arikukubaza , woe iyo urebye ukuntu gael yaje ubona iyo atabona Bruce aba afite iyi sport Right imeze gutya ?? wangu ntampuhwe yigeze amugirira , Bose ni 50/ 50 kbx. , ark wubahe izina ryuyu muhanzi peuh
@gadtuyizere1657 Says:
Hari imiturirwa myinshi mu Rwanda yanditseho amazina ariko zizwi nabake bro. Kubaka izina nka Bruce Melodie ♥️ ntibisanzwe. Gael yarungutse cyane.
@honotvshow3139 Says:
Arko. Ndi kumva. Saund ivuga gake arko birumvika
@lyonofficialtv7591 Says:
Wowe emmy aho uhagaze turahazi va muri ayo
@UwaseGrace-w3q Says:
Shadboo we rwose byaragaragaraga ko yabaga yafashe drugs mu ma interview yakoreshwaga ahubwo nuko ntamuntu washakaga kubitindaho ahubwo nuko igihe cyo kugaragara cyari cyitaragera nagende bamwiteho hope ko azagararuka yarabiretse
@CHEIFWACU-u9u Says:
Ben ngo nigihuha AYO MAGAMBO BRUCE YAYIYANDIKIYE KURIBUGA RWE NYUMA YIGITARAMOntago bruce ari blague bariya bantu baranganaaaaaaa
@allenmutesi3162 Says:
wakigabo we
@francoisxavierkayiranga4533 Says:
Twe dukunda Bruce! Bruce twamumenye yirwanaho, nureba indirimbo abafana bashimiraga cyane muri summer country tour nizo yakoze ataramenyana nabo Bakire, so Bruce ntekereza ko Byose yari abyiteguye kuko Gael si papa we, nababyeyi batubyaye turabasiga tukajya gushaka ubuzima. Rero Gael yaba ahari yaba adahari Bruce ni hustler azagera aho ashaka kugera no matter what, Turahari turiteguye kumushyigikira.
YOUTUBE COMMENTS