Ikibazo mfite ni ababyeyi bishyura amafranga y,imyenda agahabwa umudozi ubundi umudozi akazana imyenda ku ishuri igahabwa abana.Ubwo uwo mudozi asabwa gukora iki ?
@hajnjjj Says:
Nk,uko mubivuze,hari amakosa yaterwaga no kutamenya.Gusa habayeho amahugurwa ya face to face y,iminsi nk,ibiri byafasha kuko hari experience dushobora kwitiranya,bikagumya kudukoresha amakosa bidakwiriye.
YOUTUBE COMMENTS